Umuyobozi w’agateganyo wa Rayon Sports,Murenzi Abdallah,yatangaje ko kuba Umurundi Fiston yarahakanye ko bavuganye ari ibisanzwe ku bakinnyi ariko ngo bagiranye ibiganiro biza guhagarikwa n’uko...
Abantu 13 n’umwana mutoya baraye bahitanywe n’impanuka y’imodoka ku kiraro cya Rukoziri gihuza amakomine ya Makamba na Mabanda mu ntara ya Makamba ubwo bari bavuye mu...
Umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon Sports,Murenzi Abdallah aratangaza koi nshingano zo gusubiza Rayon Sports ku murongo zigoye ariko nta kabuza azahuza imbaraga ze n’iz’abafana bakubaka ikipe...
Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere,RGB,rwatangaje ko Murenzi Abdallah wigeze kuba umuyobozi wa Rayon Sports ndetse akayihesha igikombe cya shampiyona 2013 yagizwe umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon...
Mu rubanza rwa Callixte Nsabimana uzwi nka ’Sankara’ rwakomeje uyu munsi ku wa kane, we n’abaregera indishyi basabye ko urubanza rwe ruhuzwa n’urwa Paul Rusesabagina, uherutse kugezwa mu...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera yatangaje ko bamwe mu bapolisi barashe abantu bakekwaho ibyaha mu minsi ishize ubu bari mu nkiko mu gihe abandi bari gukorwaho iperereza nubwo...
Umugabo w’imyaka 31 yabaye umuntu wa 18 wahitanywe na COVID-19 mu Rwanda nkuko Minisiteri y’Ubuzima yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Nzeri 2020.
Kuri uyu wa kane tariki ya 27 Kanama 2020, Polisi ikorera mu karere ka Bugesera mu Murenge wa Rweru yataye muri yombi Turatsinze Fils, ufite imyaka 31 y’Amavuko, akurikiranyweho kwiba moto...
Taliki 19/8/2020 Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Mujawamaliya Jeane D’Arc yandikiye ibaruwa mugenzi we w’Uburezi Dr. Uwamaliya Valentine amumenyesha ko Minisiteri ayoboye iri kwangiza ibidukikije muri...
Polisi y’u Rwanda yaramukiye mu gikorwa cyo kwerekana abantu barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bangana na 2,046 mu gihugu hose barimo na 925 bo mu mujyi wa...
Ibiro bya perezida wa Zambia byatangaje ko byababajwe no kumva mu binyamakuru ko Perezida Edgar Lungu yavuzwe mu rukiko rwo mu Rwanda ko yahaye ubufasha bw’amafaranga yo gukora ibitero ku...
Bwana Gérard Urayeneza ukekwaho icyaha cya Jenoside no kuzimiza ibimenyetso by’amakuru ya Jenoside ejo ku wa gatatu tariki ya 15 Nyakanga 2020, azakatirwa n’urukiko rwisumbuye rwa Muhanga ku ifungwa...
Munyakazi Sadate uyobora Rayon Sports ahamya ko ubuyobozi bw’iyi kipe buri kubaka ikipe ikomeye ishobora no guhatana no ku rwego mpuzamahanga mu gihe iyi kipe nayo byakwemezwa ko izahokera u...
Mu rukerere rwo kuri uyu wa Gatanu ku bufatanye bw’inzego z’ibanze n’iz’umutekano,Polisi y’igihugu yafashe abantu 14 bo mu karere ka Rusizi, bari batwaye magendu bayivana muri Repubulika Iharanira...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 18 Kamena 2020, habonetse abarwayi barindwi ba Coronavirus mu Rwanda bituma abamaze kwandura bose baba 646. Aba barwayi biganjemo abo mu...
Umukozi Ushinzwe ubutaka mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango, Munyeshyaka Michel yasanzwe mu mukoki yapfuye aho bikekwa ko yaguyemo ubwo yari agiye mu kazi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri...
Ifoto igaragaza uko inyubako izaba imeze
SANGWA Plaza ni inyubako y’amagorofa atatu nshyashya y’ubucuruzi izaba igezweho iri kubakwa Kicukiro, ni imwe mu nyubako izatuma hiyongera ibyumba by’aho...
Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara wigambye ibitero bitandukanye byagiye bigabwa n’umutwe wa FLN yari abereye umuvugizi mu gice cyegereye Pariki y’Igihugu ya Nyungwe no mu ntara y’Amagepfo, muri...
Ahagana saa mbili z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Gicurasi 2020, mu Murenge wa Nyamugari,mu karere ka Kirehe,haravugwa amakuru y’umugabo witwa Hakuzweyezu wakubise mugenzi we...
Urwego rw’Imiyoborere mu Rwanda [RGB] rwatangaje ko umuyobozi wa Rayon Sports ari Munyakazi Sadate ndetse ko ariwe uyihagarariye mu mategeko aho kuba Ngarambe Charles uhagarariye Umuryango wa...
Itangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu 25/5/2020 rivuga ko “Perezida wa Repubulika” yabaye abahagaritse ku myanya yabo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Emmanuel...
Burya koko nkuko bikunzwe kuvugwa, buri kintu n’umumaro wacyo, no mu rukundo byavugwa ko rufite icyo rushingiyeho, kuko hari icyagutera gukunda umuntu runaka, ariko kenshi ku bakundana cyangwa...