Mu karere ka Kamonyi haravugwa umugore wajyanye umugabo we kuri Polisi, nyuma y’aho uyu mugabo agurishirije inka uyu muryango wari warahawe muri gahunda ya Gir’inka.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku...
Muhirwa Theogene w’imyaka 37 y’amavuko afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndego nyuma yo gufatanwa umufuka w’urumogi urimo ibiro 12 iwe mu nzu mu rukerera rwo ku italiki ya 13 Kanama .
Ibi...
Abagabo bane bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kabarore, mu karere ka Gatsibo bazira kwigabiza igishanga cya Leta kiri mu kagari ka Simbwa, ho mu murenge wa Kabarore bakagihinga....
Abatuye akagari ka Giseri, ko mu murenge wa Gashanda, mu karere ka Ngoma, ku itariki 2 Kanama uyu mwaka babonye imifuka itandatu y’urumogi ihishe mu ishyamba riri muri aka gace hafi y’umuhanda...
Umwe mu batwara abagenzi kuri moto mu karere ka Rubavu witwa Majyambere Jean Bosco afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Busasamana akekwaho guha Umupolisi ruswa y’ibihumbi bitanu by’amafaranga y’u...
Umunyarwanda Tuyisenge Jacques ukina mu ikipe ya Gor Mahia mu gihugu cya Kenya arifuzwa cyane n’umutoza Jose Marcelo Ferreira uzwi nka Ze Maria w’ikipe ya FK Tirana yo mu gihugu cya Albania we na...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rubavu ifunze umugore ufite ubwenegihugu bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo witwa Sifa Wabusheru Divine nyuma yo kumufatana inoti 14 z’Amadolari ya Amerika...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
Ku munsi w’ejo taliki ya 01 Kanama nibwo abakinnyi 3 barimo Usengimana Faustin na Mwiseneza Djamar bagaragaye mu myitozo y’ikipe ya Rayon Sports aho bivugwa ko bo na Habyarimana Innocent bakunze...
Ahagana saa yine z’ijoro ryo ku wa 30 Nyakanga uyu mwaka, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kirehe yafashe abantu babiri bapakiye ibiro 165 by’urumogi mu modoka y’ubwoko bwa Mark 2 ifite nimero...
Nyuma yo gukura abakinnyi benshi mu ikipe ya APR FC mu mwaka w’imikino ushize ikipe ya Bugesera yongeye kugura abandi bakinnyi 2 ba APR FC barimo Bukebuke Yannick na Ninihazwe Fabrice uzwi nka...
N’ubwo imibare yerekana ko ku rwego rw’isi kwigana amafaranga bikiri ku rwego rwo hasi, Polisi y’u Rwanda na Banki Nkuru y’u Rwanda baremeza ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bitagaragaramo cyane iki...
Usengimana Aphrodice afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kanjongo, mu karere ka Nyamasheke akekwaho ubwambuzi bushukana yakoze ku itariki 30 z’uku kwezi yiyita Umuyobozi wa Sitasiyo ya Polisi ya...
Kuwa gatandatu tariki ya 29 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, ubuyobozi bw’umurenge wa Bungwe n’abaturage b’uyu murenge, bangije ku buryo bwabugenewe ibiyobyabwenge...
Mu kwezi kw’Ukuboza 2016, Ishami rya polisi y’u Rwanda ryatangije ku mugaragaro ikoranabuhanga rikomatanye rizifashishwa mu mirimo yo gucunga umutekano wo mu muhanda ndetse no kunoza serivisi zose...
Ku itariki ya 28 Nyakanga, mu murenge wa Kitabi haburanishijwe mu ruhame (imbere y’abaturage) uwitwa Ntakirutimana Emmanuel waregwaga icyaha cyo gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge by’urumogi,...
Imikwabu Polisi y’u Rwanda yakoze ku itariki 26 z’uku Kwezi ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu mu karere ka Karongi yayifatiyemo amakarito 50 y’amasashe ya pulasitiki ; ibi bikorwa bikaba bigamije...
Alex Tinka wari umusirikare mu gihugu cya Uganda, yapfuye urupfu rutarasobanuka kugeza ubu. Uyu mugabo yituye muri sauna ubwo yari yagiye koga ahitwa Mutungo mu mujyi wa Kampala.
Alex yari...