Umuyobozi wa Polisi ya Tanzaniya, IGP Simon N. Sirro yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu Rwanda rukaba rugamije gukomeza umubano usanzwe hagati ya Polisi z’u Rwanda n’iya Tanzaniya...
Kuri uyu wa mbere, mu kigo cy’imyitozo cya Polisi y’igihugu giherereye i Gishari mu karere ka Rwamagana habereye umuhango usoza amahugurwa y’abapolisi 1342 bari bamaze amezi icumi bahabwa amasomo...
Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, i Waycross muri leta ya Georgia ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abapolisi barashe ku modoka yari irimo abana 5...
Umwirabura w’umugabo utitwaje intwaro yapfiriye muri leta ya New York nyuma yuko polisi imwambitse icyo kumupfuka mu maso no mu mutwe ikamurambika hasi yubitse inda ku muhanda mu gihe cy’iminota...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 09 Ukwakira 2020, itsinda ry’abapolisi 176 riyobowe na Chief Superintendent Carlos Kabayiza, ryagiye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani...
Myugariro w’ikipe ya Manchester United akaba na kapiteni wayo Harry Maguire yatawe muri yombi na polisi ya Mykonos mu Bugereki nyuma yo gukubita umupolisi yarangiza akagerageza guha ruswa bagenzi...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Bugeshi mu Kagari ka Rusiza yafashe Mutuyimana David wiyitaga komanda wa Sitasiyo ya Bugeshi akambura abamotari. Yafashwe tariki ya 25...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi bafatiwe mu bikorwa byo kwica bamwe mu baturage bazira ko barenze ku mabwiriza yo kwrinda Covid-19 bagejejwe mu butabera kandi ko bamwe muri bo bamaze...
Muri gahunda ya Polisi y’u Rwanda yo kuvugurura inyubako ikoreramo, kuri uyu wa kane tariki ya 24 Kanama 2017, yatashye ku mugaragaro inyubako nshya y’icyicaro cya Polisi y’u Rwanda ikorera mu...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu, kuwa gatatu tariki ya 21 Kamena, yataye muri yombi umugabo witwa Ntegeyimana Jean de Dieu w’imyaka 38, ukomoka mu murenge wa Mudende akagari ka...
Nshimiyimana Jean Pierre afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Remera mu karere ka Gasabo akurikiranywe ho guha ruswa y’ibihumbi 10 by’amafaranga y’u Rwanda Umupolisi wari ku kazi ukora mu Ishami rya...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu muri Tanzania,George Simbachewene,yavuze ko abapolisi bo mu muhanda (traffic police) bazanye inda nini bagiye guhindurirwa imirimo bakurwe ku gukora mu muhanda...
Habaye imirwano ikomeye hagati y’abapolisi n’abigaragambya mu mujyi wa Minneapolis muri Amerika nyuma y’urupfu rw’umwirabura wapfiriye aho yari afungiye.
Police y’u Rwanda iri gukora iperereza ku mupolisi wagize uruhare mu iraswa ry’Umusore witwa Nsengiyumva Evariste wo mu Murenge wa Zaza mu Karere ka Ngoma warashwe saa mbili z’ijoro ryo kuri iki...