Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu hari hatahiwe imikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi aho ikipe ya Portugal ikomeje kongera amahirwe yo kucyitabira...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Portugal witegura kwakira umwana wa kane yatangaje ko yifuza kubyara abana 7 bahwanye na nimero 7 akunda cyane ndetse yashyize mu kirango...
Mu ruzinduko rw’ akazi Perezida wa Portugal Marcelo Rebelo de Sousa yagiriye I Washingtond DC muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yarase umunyapoltugal Cristiano Ronaldo watakira ikipe ya Real...
Imodoka yo mu bwoko bwa Bisi yari itwaye ba mukerarugendo basaga 55 mu mujyi wa Madeira muri Portugal,yahanutse ku musozi ihitana abantu 29 biganjemo ba mukerarugendo bakomoka mu Budage abagera...
Rutahizamu wa Juventus n’igihugu cya Portugal,Cristiano Ronaldo yatangaje ko nyuma yo kwegukana igikombe cya Euro 2016 batsinze Ubufaransa igitego 1-0 cya Eder,yanyoye akarahuri kamwe ka Champagne...
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal na Juventus yo mu Butaliyani, Cristiano Ronaldo, yemeje ko agiye guhindura hoteli ze ibitaro bivurirwamo abanduye icyorezo cya Coronavirus gikomeje...
Rutahizamu wa Juventus Cristiano Ronaldo yongeye gukora ku mitima ya benshi kubera igikorwa gikomeye yakoze cyo gushishikariza bagenzi be bakinana mu ikipe y’igihugu ya Portugal gutanga...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo ukomoka muri Portugal yatunguye nyina umubyara Maria Dolores Aveiro ku munsi w’ababyeyi b’abagore muri iki gihugu,amugurira imodoka ihenze cyane yo mu bwoko...
Rutahizamu w’ikipe ya Juventus n’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo yabuze uko ava iwabo mu mujyi wa Madeira kubera ko Leta ya Espagne yanze ko indege ye bwite imutwara iva mu...
Kizigenza Cristiano Ronaldo uherutse gukora agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku mugabane w’I burayi utsindiye ikipe y’igihugu ibitego birenga 100,yatangaje ko abangamiwe cyane no gukina ku bibuga...
Kizigenza Cristiano Ronaldo wari kumwe n’ikipe y’igihugu ya Portugal yamaze kuva mu mwiherero nyuma yo gupimwa agasangwa yanduye icyorezo cya Covid-19 yiyongera kuri bagenzi bakinana muri Juventus...
Benshi mu bakunzi ba ruhago bategereje ihangana rya Cristiano Ronaldo na Sergio Ramos bakinana muri Real Madrid baraza gucakirana uyu munsi mu gikombe cy’isi bahagarariye ibihugu byabo Espagne na...
Ikipe ya Portugal itumye Maroc iba ikipe ya kabiri ihagarariye Afurika isezererwa,nyuma yo kuyitsinda igitego 1-0 cyatsinzwe na Cristiano Ronaldo ku munota wa 4...
Umutoza Oscar Tabarez w’ikipe ya Uruguay yasingije bikomeye rutahizamu Cristiano Ronaldo wa Portugal baracakirana uyu munsi avuga ko kuri we abona nta mukinnyi mu ikipe ye wamuhagarika ndetse...
Umunyezamu Iker Casillas wubatse amateka ku isi arembeye mu bitaro byo muri Portugal kubera ikibazo cy’umutima wamufashe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ari mu...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo wishimye cyane nyuma yo gufasha Portugal kwegukana igikombe cya Euro Nations League,yatumye benshi bacika ururondogoro kubera amafoto yifotoje n’umuryango we harimo...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo wa Juventus,yagaragaye ari gukorera imyitozo mu ibanga muri stade ya Madeira kandi bitemewe kubera ko abantu bose bo muri Portugal bategetswe kuguma mu rugo kubera...
Minisitiri wa Siporo w’Ubutaliyani yatangaje ko ashinja rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo,kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 kuko yafashe indege ava muri Portugal yerekeza mu...
Kizigenza Cristiano Ronaldo yatangaje ko ashaka gukina umupira w’amaguru indi myaka myinshi iri imbere kugira ngo abashe kuba yatwara igikombe cy’isi n’igihugu cye cya...
Umunya Portugal Pepe ukinira ikipe ya FC Porto ariko wakoze amateka muri Real Madrid yatangaje ko nubwo abantu batekereza ko afite umutwe ufunze ariko ngo akiri umwana yanze ku buriri bw’ababyeyi...
Rutahizamu wa Portugal na Juventus, Cristiano Ronaldo,yongeye gushimangira urwango yanga Coca Cola ubwo yari agiye kugirana ikiganiro n’abanyamakuru hanyuma amacupa 2 y’iki kinyobwa yari amuri...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yagaragaye ari kurira nyuma y’aho Seribiya itsindiye Portugal mu rugo bituma ibura itike yo guhita yerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cyisi cyane ko isabwa guca...