Mu rwego rwo kwizihiza no kwishimira intsinzi ya Nyakubahwa Paul Paul Kagame urahirira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi kuri uyu wa 18 Kanama 2017, abanyarwanda bashyizwe igorora mu...
Mugemana Yvonne [Queen Cha] ntiyerura neza ngo ahamye ko agiye kugura imodoka muri miliyoni zigera kuri eshatu yasaruye mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi aherutse...
Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys, yakoresherejwe ibirori by’isabukuru ye n’umukunzi we bagiye kurushinga mu Ukubuzo uyu mwaka wa 2017.
Ibi birori bibaye ku...
Madiba Safi Niyibikora, ishyiga ry’inyuma mu itsinda rya Urban Boys, yabeshyuje ibyavuzwe ko umuzungukazi yakundaga kuba ari kumwe nawe ariwe ntandaro yo gutandukana na Umutesi Parfine biteguraga...
Umuririmbyi Meddy avuga ko Imana ari igitangaza mu buzima bwa buri wese; ngo yibaza uburyo afite inganzo ikomeye mu ndirimbo z’urukundo nyamara atarigeze agira amahirwe yo kurubona ku babyeyi...
Knowless Butera wakundanyeho na Safi wo muri Urban Boys, yatangaje ko kuba Safi wahoze ari umukunzi we agiye kurushinga ari ibintu yumvise akishimira, yaboneyeho no kumugenera ubutumwa bwo...
Ibyishimo ni byose kuri Humble Jizzo [Manzi James] wo mu itsinda rya Urban Boys n’umukunzi we w’umunyamerikakazi bizihiza isabukuru y’imyaka itatu bamaze bamenyanye dore ko bahuye kuwa 03 Ukwakira...
Umuririmbi Niyibikora Safi wa Urban Boys yakomoje ku buzima abayemo nyuma yo kurushinga na Niyonizera Judithe, anavuga byimbitse uko yitwaye mu kibazo cyo kuvugwa ku mugore we wabanje gukunda...
Humble Jizzo ugiye kumara icyumweru muri Leta zunze ubumwe za Amerika yerekanywe mu muryango w’umukunzi we Amy Blauman bamaranye imyaka ine mu munyenga w’urukundo.
Aba bombi bavuye mu Rwanda...
Hashize umwaka umwe gusa n’iminsi 2 umuhanzi wo mu itsinda rya Urban boys ashyingiranywe n’umugore we Army Blauman ndetse ubu bakaba bamaze kwibaruka umwana umwe...
Manzi James wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boyz nka Humble Jizzo, yatangajeko atabyiyumvisha niba koko Safi yatandukanye n’umugore we bari bamaze imyaka itatu basezeranye kubana...
Umurambo wa Padri Ubald Rugirangoga uzagezwa mu Rwanda ku wa gatandatu nimugoroba, ku wa mbere tariki ya mbere Werurwe 2021 nimugoroba ugezwe mu Karere ka Rusizi nkuko umunyamabanga wa Diyoseze...
Umugore wajugunyiye abantu atazi umwana we ari mu nzu yuzuye umwotsi yo mu mujyi ukora ku nyanja wa Durban muri Afurika y’epfo, yabwiye BBC ukuntu ashimira abarokoye umwana we w’umukobwa, uzuzuza...
Mu kiganiro yahaye RBA kuri uyu wa 4 Nyakanga 2022, Perezida Kagame yakomoje ku birimo kuba muri DR Congo avuga ko icyiza iyo kitaje, ahora yiteguye ikibi...
Manzi James uzwi nka Humble Jizzo mu itsinda rya Urban Boyz, yavuze ku buribwe bukomeye yanyuzemo ubwo yakuraga igisimba mu gutwi kwe, ashimira n’umufasha we wamubaye hafi muri ibi...
Humble Jizzo yageze muri Leta zunze ubumwe za Amerika ku cyumweru ari kumwe n’umukunzi we, Amy aho baherereye mu gace ka Wenatchee ho muri Washington.
Uyu muhanzi yajyanye n’umukunzi mu myiteguro...