Abashumba batutu bo mu karere ka Rubavu,baguwe gitumo bamaze kubaga inka y’umugabo witwa Kariwabo Japhet usanzwe ari umuhinzi akaba n’umworozi mu murenge wa...
Umukinnyi Niyonzima Olivier Seif uri mu bihe byiza cyane,yafashije Rayon Sports kurangiza igice cya mbere cya shampiyona itsinze Marines FC ibitego 2-0 mu mukino wabereye kuri stade Umuganda I...
Benshi mu bakongomani bari kwisuka I Rubavu kubera ubwoba bw’umutekano batekereza ko ushobora kuba muke I Goma bitewe n’ibizava mu matora y’umukuru aheruka kuba mu mpera z’umwaka ushize, byatumye...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko abasirikare b’u Rwanda bagera kuri batatu baguye mu gitero giheruka cy’abarwanyi b’Umutwe wa FDLR mu Karere ka...
Inyeshyamba bikekwa ko ari iza FDLR zagabye igitero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Rubavu zikaraswa n’ ingabo z’ u Rwanda zashyinguwe hafi yaho zarasiwe.
Abarwanyi, Ubuyobozi bw’ Akarere ka Rubavu bukeka ko ari abo mu mutwe wa FDLR bagabye igitero mu murenge wa Busasamana bakomeretsa Umunyarwanda umwe, abarwanyi babo 7 bahasiga...
Umugore ukomoka mu Karere ka Rubavu, ari mu maboko y’Ubugenzacyaha kuva ku wa Kabiri w’iki cyumweru, akurikiranweho gukata igitsina cy’umugabo we akoresheje urwembe, ariko ku bw’amahirwe...
Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryamaze kwemeza ko umukino wa Super Cup ugomba guhuza APR FC yatwaye shampiyona na Mukura VS yatwaye igikombe cy’Amahoro,uzabera I Rubavu,tariki...
Munyaneza Didier ukina umukino wo gusiganwa ku magare yongeye kwereka abanyarwanda ko atakiri umwana ubwo yegukanaga agace ka kabiri k’isiganwa ritegura ‘Tour du Rwanda 2018’ kavaga i Karongi...
Iyo ni imwe mu nyubako zangijwe n’ imvura idasanzwe yaguye mu karere ka Rubavu(Foto: Magarambe Theodore)
Imvura ivanze n’ umuyaga mwinshiyaguye kuwa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017 yangije...
Abantu batatu bakuwe mu kirombe nyuma yo kumaramo iminsi baguyemo aho inzego z’umutekano ndetse n’abaturage bakomeje kubashakisha baza kubavanamo baritabye Imana.
Uko ari batatu bakaba...
Mu rwego rwo gukomeza gushishikariza abanyarwanda kwirinda, gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge no gushaka ingamba zo kubica burundu, inzego za Leta zirimo Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, iy’...
Muri iki gihe cy’intambara hagati ya leta ya Congo na M23, n’amakimbirane ya politike hagati y’ubutegetsi bw’u Rwanda na DR Congo, ndetse no mu gihe imirwano irimo gusatira umujyi wa Goma uhana...
Abaturage bo mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu,barashinja umugabo guhindura urugo rwe urusengero asambanyirizamo abagore ndetse ngo hari n’abakobwa bakuwe mu ishuri baramuyoboka umwe...
Hakizimana Nzabonimpa Etienne wo mu kagari ka Rwangara ho mu murenge wa Cyanzarwe mu karere ka Rubavu, arashinja ukuriye umutekano mu mudugudu wa Muti atuyemo kuvogera urugo rwe akamusambanyiriza...
Bamwe mu baguzi bahahira mu masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Rubavu, barinubira ko abacuruzi binangiye kubahiriza ibiciro bishya ku biribwa biherutse gusonerwa imisoro ku nyongeragaciro....
Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, haravugwa impfu zidasanzwe z’abana babiri bigaga ku ishuri rimwe bapfuye mu cyumweru kimwe, none bamwe mu baturage baravuga ko ari imyuka mibi yateye...
Abaturage bo mu Mirenge yo mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba, baravuze ko bafite impungenge ku bujura bwibisha intwaro gakondo zirimo imihoro,bukomeje kwaduka aho batuye.
Umwe mu...
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Mudende mu Kagari ka Bihungwe haravugwa inkuru y’umugabo wishe umugore we wari utwite amutemye agahita atoroka ariko akaba arimo...
Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Nzeri, ryafashe abantu batatu bari binjije mu gihugu ibicuruzwa...
Mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi mu Kagari ka Kivumu Abapolisi basanze abakekwa kuba ari abajura bari kuniga umuturage bari bateze umwe muri bo ashaka kubatera icyuma, bahita...
Umukobwa witwa Uwimanimpaye Claudine wo mu Karere ka Rubavu uherutse kubeshyera Gitifu w’umurenge wa Kanzenze amushinja kumukubita akamukura iryinyo amuziza ko yanze ko baryamana yarekuwe...
Umugabo wari wari wararanye n’uwahoze ari umugore we mu macumbi y’akabari gaherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu yasanzwe yapfuye mu gihe umure yari yamutaye mucyumba abwira abakora...
Umugabo witwa Mbarushimana Jean Claude usanzwe ari Umutetsi wo mu kigo cya College Inyemeramihigo mu karere ka Rubavu yarekuwe nyuma yo gutabwa muri yombi akekwaho icyaha cyo gupfobya Jenoside....