Umunyarwanda Gashayija Patrick wakoze urugendo rwo kuzenguruka u Rwanda yavuze ko abikora nka bizinesi , afite gahunda yo kuzengeruka u Rwanda akoresheje imodoka no kuzenguruka Afurika muri...
Imodoka ya Coaster yari itwaye abakinnyi b’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare, Team Rwanda yari kumwe n’abo muri Bourkina Faso na Côte d’Ivoire, bari mu irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya...
Mu itangazo ryaturutse muri Misiteri y’Ubutabera iravuga ko kuri uyu wa 14/9/2018 Inama y’abaminisitiri yemeje irekurwa ry’abanyururu 2,140 nyuma y’uko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Mu...
Umupasiteri ukomeye muri USA witwa Charles H Ellis III yafashwe amashusho ari gukandakanda amabere y’umuhanzikazi Ariana Grande mu muhango wo gushyingura umuhanzikazi witwa Aretha...
Minisitiri w’ Ibidukikije mu Rwanda akaba na Perezida w’ ishyaka riharanira Imibereho Myiza n’ Iterambere (PSD), Dr Vincent Biruta ntabwo yemeranya n’ abavuga ko mu burezi bw’ u Rwanda harimo...
Akarere ka Rwamagana kongeye kuza ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2017/2018 n’amanota 84.5%, umwanya nubundi aka karere kari kajeho mu mihigo y’umwaka...
Amabere, nubwo ntawe utayagira ndetse nta n’utarayabona dore ko hafi ya twese twonse; nyamara usanga amabere cyane cyane ku gitsinagore ari ikintu cyubahwa ndetse kinahishwa nkuko duhisha imyanya...
Umushoferi w’imodoka y’ivani wo mu mujyi wa Ottawa, mu murwa mukuru wa Canada, yirukanywe ku kazi nyuma yo kugaragara muri videwo atera amazi abagenzi bagendaga n’...
Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuga za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo...
Ku wa Kabiri tariki ya 24 Nyakanga uyu mwaka aho umugore witwa Nyiramana w’imyaka 25 yinjije urumogi mu rugo iwe mu kagali ka Nyamabuye, mu murenge wa Gatsata ,akarere ka Gasabo abaturage...
Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, ni we mugabo ukomeye ku Isi magingo aya. Umutekano we n’uburyo yakirwa aho ari hose ni ibintu byubahwa n’inzego zose kuko icyubahiro agombwa agihabwa uko...
Umutoza wa Marines FC Rwasamanzi Yves yavuze ko umusifuzi atigeze abanira ikipe ye ya Marines FC kuko yayimye amahirwe yakagombye kuba yayifashije kubona ibitego ikigaranzura Rayon Sports...
Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda, aho yari amaze iminsi asura ibikorwa bitandukanye mu gihugu.
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo yaherekeje Perezida wa Mozambique wasuye ingoro ndangamurage y’ u Rwanda iherereye mu karere ka Nyanza amwereka amateka y’ u Rwanda...
Ikipe ya Police FC inaniwe gutsinda APR FC mu mukino ubanza wa ¼ cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro yari yakiriye kuri stade ya Kicukiro aho amakipe yombi yanganyije...
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves de Calmo yabwiye abafana ko nubwo batsinzwe na USM Alger,bagifite amahirwe yo gukomeza muri ¼ ndetse azakora ibishoboka byose mu mikino 3 isigaye...
Urugendo rwa Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi ni rwo rwabimburiye urw’abandi ba perezida barimo uw’u Bushinwa Zi Jinping na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi bateganya kugirira mu...
Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, kuri uyu wa Kane aratangira uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, rukurikira urwo Perezida Kagame yagiriye muri icyo gihugu mu Ukwakira 2016.
Uruzinduko rwa...
Kabuhariwe mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda Areruya Joseph amaze kwegukana shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare umuntu ku giti cye (ITT) yigaranzuye bagenzi be barimo Nsengimana...