Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix AntoinevTshisekedi, yabwiye umushumba wa Kiliziya Gatorika ku Isi, Papa Francois,ko u Rwanda ari "umwanzi w’amahoro.”
Kuri uyu wa...
Niyigena vestine, utuye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Nyange mu Mudugutu wa Nyabutaka ho mu kagari ka Ninda waciwe akaguru n’ibisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda atewe impungenge n’ubuzima...
Umwongereza Ethan Vernon ukinira Soudal Quick-step yegukanye Agace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2023 nyuma yo gukoresha amasaha abiri, iminota 45 n’amasegonda 52 ku ntera ya kilometero 115,6...
Umunya Eritrea Henok Mulueberhane niwe wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2023 kavaga Huye berekeza I Musanze.
Aka gace karekare muri iri siganwa ryose Kari gafite ibirometero 199.5....
Perezida Kagame yavuze ko nta shingiro bifite kuba u Rwanda rwaba rugiye guterwa na RDC ifatanyije na SADC nkuko umwe mu bajenerali bayo aheruka kubitangaza.
Mu kiganiro yagiranye...
Umusirikare wa FARDC bikekwa ko yari yasinze yinjiye hafi n’umupaka munini w’u Rwanda arasa ku basiRikare b’u Rwanda ahita araswa na Mudahusha wa RDF.
Ibi byabaye mu masaha ya saa 17h45...
Mu gihe hari hakiri urujijo ku kibuga kizaberaho umukino w’u Rwanda na Benin mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2024, CAF yamaze kwandikira FERWAFA ko uyu mukino uzakinirwa kuri Kigali...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda uri mu Rwanda yashimye u Rwanda ko rwemereye Sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere ya Uganda, Uganda Airlines gukorera ingendo mu Rwanda.
Ibi yabitangarije...
Ikipe y’igihugu ya Benin yamaze kurega iy’u Rwanda muri CAF iyishinja gukinisha Muhire Kevin afite amakarita abiri yikurikiranya y’umuhondo mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cya...
Mu butumwa yatanze atangiza Icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi,Perezida Kagame yavuze ko abanyarwanda bize byinshi ku mateka mabi yaranze u Rwanda ku buryo ntawe...
Nyampinga w’u Rwanda 2016 Mutesi Jolly yibukije urubyiruko rw’abanyarwanda ko gusigasira ibyagezweho mu Rwanda ndetse no gukora ibirenzeho ari uruhare...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera,yavuze ko abaturage basabwa gutangira amakuru ku gihe kugira ngo ikibazo cy’abajura kibe amateka mu Rwanda.
Yabwiye RBA ko hafashwe ingamba zo...
Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Prof Nshuti Manasseh yatangaje ko bumvikanye na Serbia ko u Rwanda rwakurayo ingano n’ibigori, mu rwego rwo kuziba icyuho cyatewe...
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yabwiye France24 ko batazemera RDC n’u Rwanda bigera aho...
Inyandiko z’urwego rw’ubutasi za Amerika (CIA) zagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ya Perezida Felix Tshisekedi imaze igihe ifite umugambi wo gukuraho ubutegetsi bw’u...
Ubutasi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) bwatangaje ko Salomon Kalonda buheruka guta muri yombi mu byo azira harimo kuvugana na bamwe mu bayobozi b’u Rwanda, mu mugambi wo...
Habaye impinduka ku nama y’Abarwanya Leta y’u Rwanda bifatanyije na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yagombaga kubera i Kinshasa mu murwa mukuru w’iki gihugu kuri uyu wa 3 Nyakanga...
Guhera mu ntangiriro za Nyakanga, Umunyarwanda uba mu Bufaransa arimo gukorwaho iperereza i Paris, cyane cyane ku byaha byibasiye inyokomuntu, akaba kuri ubu afunzwe by’agateganyo mbere...
Visi Perezida wa Sena y’u Burundi, Ndadaye Denise, n’intumwa ayoboye, basuye Sena y’u Rwanda kuri uyu wa 19 Nyakanga 2023. Baganiriye ku bijyanye no gukomeza umubano hagati y’inteko zishinga...