Umuraperi ASAP Rocky uri mu rukundo na Rihanna bitegura kwibaruka imfura yabo yafatiwe ku kibuga kindege ubwo bavaga mu biruhuko Barbodos arafungwa azira kuba yararashe...
Minisitiri w’intebe w’igihugu cya Finlande, Sanna Marin, yatangarije ikinyamakuru cyo mu Butaliyani mu kiganiro cyasohotse ku wa kane ubwo yasuraga i Roma, mu ihuriro ry’umuryango w’abibumbye ko...
Ikipe y’Igihugu Amavubi izakinira na Senegal i Dakar muri Senegal mu mukino wa kabiri w’ijonjora ryo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizabera muri Cote d’Ivoire umwaka utaha.
Nubwo...
Rutahizamu wa Simba SC, Meddie Kagere ni we watoranyijwe n’umutoza Carlos Alos kuba kapiteni w’ikipe y’igihugu "Amavubi" mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika kizabera muri Côte d’ivoire...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yavuze ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin atari kuba yarateye Ukraine iyo aza kuba ari umugore.
Johnson yavuze ko igitero cy’Uburusiya...
Gutabarizwa (kushyingurwa) kw’Umwamikazi kwo ku wa mbere kwitezwe kuba kumwe mu guterana kwa mbere kunini cyane kw’abami n’abanyapolitiki kubayeho mu Bwongereza mu myaka ibarirwa muri za mirongo...
Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni n’Umwami w’u Bwongereza, Charles III, amwihanganisha ku bw’urupfu rw’umubyeyi we, Umwamikazi Elizabeth II.
Kagame yavuze ko we na Charles III...
Uwari umuyobozi wungirije mu Kigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB),Niyonkuru Zephanie yakuwe ku mirimo ye nkuko Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ryabitangaje.
Iri tangazo rivuga...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yageze ku nzozi ze zo kwegukana igikombe cy’isi mu mupira w’amaguru nyuma yo gutsinda ubufaransa penaliti 4-2 nyuma yo kunganya ibitego 3-3 mu minota...
Gateka Brianne umenyerewe mu kuvanga umuziki ku mazina ya DJ Brianne, mu kwezi kumwe amaze i Burayi yatangaje ko yatengushywe bikomeye na bamwe mu bantu bari gukorana mu bitaramo yari ahafite, ku...
Raporo y’uyu mwaka yasohotse uyu munsi irakomatanya izo mu myaka itatu ishize ku byishimo mu bihugu ku isi. Ku nshuro ya gatandatu yikurikiranya Finland ni cyo gihugu cyishimye kurusha ibindi ku...
Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 49 muri Mata azabikorera i Kigali kandi ngo bizitabirwa na Perezida Kagame.
Abinyujije kuri Twitter, Gen...
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza Gen Muhoozi Kainerugaba,mu kumwifuriza isabukuru nziza y’imyaka 49 yujuje.
Ku cyumweru gishize nibwo Gen Muhoozi yageze mu Rwanda...
Raporo y’uyu mwaka wa 2023 ku bwisanzure bw’itangazamakuru ku isi yashyize u Burundi ku mwanya wa 114 n’amanota 52.14%, wa mbere mu karere, naho u Rwanda ku mwanya wa 131 n’amanota 46.58% mu bihugu...
Pasiporo y’u Rwanda yaje ku mwanya wa 19 muri Afurika na 77 ku Isi muri pasiporo zikomeye, kuko uyifite yemerewe kwinjira mu bihugu 63 atatswe viza.
Byatangajwe mu rutonde The Henley Passport...
Umutoza Mushya w’Amavubi, Torsten Spittler Frank, yahamagaye abakinnyi 30 barimo Muhawenayo Gad wa Musanze FC na Gitego Arthur wa Marines FC, mu Ikipe y’Igihugu igomba kwitabira umwiherero wo...