Ku wa Gatandatu, tariki ya 11 Werurwe 2023, kajugujugu z’intambara zarimo zifashishwa na FARDC mu mirwano na M23 mu nkengero z’umujyi wa Sake ,zaribeshye zirasa inzu y’umuturage zizeye ko zirashe...
Ku ya 7 Kamena 2023 nibwo mu karere ka Rubavu nibwo ,umuturage yatoraguye imbunda ebyiri mu murima ahinga bikekwa ko zahishwe n’abacengezi mugihe bateraga u Rwanda, maze ahita azishyikiriza inzego...
Leta y’ u Burundi yatangaje ko hari umutage w’ Umurundi wabuze ubwo yari agiye kureba imitego yo mu mazi yari yateze hafi y’ ahumvikaniye urusaku rw’ amasasu mu murenge wa Bugarama mu karere ka...
Mu karere ka Gakenke baratangaza ko umuturage uvuganye n’itangazamakuru agaragaza ibitagenda bimubyarira ibibazo birimo ‘gutukwa n’abayobozi’ no kwimwa serivisi akenera ku buyobozi aho ngo asabwa...
Umugabo bikekwa ko yitwa Ndatimana Andre ari mu maboko ya Polisi ikorera mu karere ka Rwamagana, nyuma yo gushuka umuturage akamwaka amafaranga agera kuri Miliyoni y’amafaranga y’U Rwanda, ngo...
Guverineri w’ intara y’ amagepfo Mureshyankwano Marie Rose yasuye abaturage bari bateraniye mu nteko rusange ababwira ko imiyoborere myiza ari ukwegera umuturage ukamenya imibereho ye.
Ubwo yari...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Mutarama Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gakenke muri Sitasiyo ya Gakenke yafashe moto yo mu bwoko bwa TVS nyuma y’uko abantu bataramenyekana bari bamaze...
Umugabo ukorera urwego rw’umutekano rwa Dasso mu Murenge wa Mukarange, Akarere ka Kayonza, yaguwe gitumo n’inzego z’umutekanno ari kumwe n’umujura bashaka kwambura umuturage mu nzira.
Mu ijoro ryo...
Umuturage witwa Niyibizi wo mu kagari ka Gisa mu murenge wa Rugerero mu karere ka Rubavu,uvuga ko yatanze 100.000Frw ngo yubake, yaguye igihumure ubwo bamusenyeraga inzu ye.
Mu gitondo cyo ku...
Mu giitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 2 Nyakanga 2023,nibwo imodoka yo mu bwoko bwa Avensis iyobye umuhanda igwa hejuru y’inzu y’umuturage, abantu babiri bari muri urwo rugo barakomereka, inzu...
Abaturage batuye akarere ka Huye mu ntara y’ amajyepfo baravuga ko indwara ya maraliya imaze imyaka irenga ibiri ari icyorezo. Muri ako karere umuntu umwe mu bantu babiri arwaye maraliya.
Kuri...
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2017, inzu y’ umuturage iherereye ahitwa Cyahafi munsi y’ amashuri ya Cyahafi na Gereza ya Nyarugenge yafashwe n’ inkongi y’ umuriro yangirikiramo...
Umuturage wo mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge witwa Akimana Belyse arashimira Polisi y’u Rwanda kuba yarafashe umuntu wari wamwibye moto ye ndetse ikayimushyikiriza tariki ya 30...
Mu ma saa sita yo kuri uyu wa Kane inzu y’umuturage witwa Twizerimana Thomas iherereye mu Mudugudu wa Gatorwa, Akagali ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze yafashwe n’inkongi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 27 Nyakanga 2017 Mu murenge wa Murambi Akagari ka Nyamiyaga umupolisi w’umwofisiye (AIP) yarashe umuturage witwa Alexis Zigirinshuti w’imyaka 31ahita...
Ubuyobozi bw’akarere ka Gakenke bwanzuye ko umuturage witwa Dusabimana Joseph, waguweho n’ikirombe kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Kanama 2017 ashingurwamo nyuma y’uko kumukuramo byanze.
Inkuru...
Umugabo witwa Tugirimana Jean Pierre uri mu kigero cy’ imyaka 27 wo mu karere ka Nyarugenge wishwe n’ingona, umurambo we wabonetse mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Kanama 2017....