Ubutembere mu bihugu bitandukanye ni kimwe mu bishimisha abatari bake bitewe nuko bituma bamenya uko ibindi bihugu bihagaze mu iterambere gusa ibi akaba ari ibihugu 10 bya mbere ku isi bihoramo...
Umunya Venezuela witwa Alicia Machado wabaye Miss w’isi(Miss Universe)yatangarije abanyamakuru ko Donald Trump yashatse ko baryamana nyuma yo kuba Miss birangira atamukundiye.
Machado yavuze ko...
Imiryango y’ abagororwa 68 bari bafungiye ahitwa Carabobo mu gihugu cya Venezuela iri mu gahinda nyuma y’ uko abantu babo baguye mu mvururu zadutse ubwo umwe mu bagororwa yarasaga umupolisi...
Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
Amakuru aturuka kuri polisi ndetse n’ibitangazamakuru byo muri Colombia aravuga ko se w’umukinnyi wa Liverpool, Luis Díaz, yarekuwe n’inyeshyamba zari zamushimuse mu minsi 13...
Ku wa Gatanu, tariki ya 20 Ukwakira 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul...
Kuri uyu wa gatandatu Umwami Charles III w’Abongereza azimikwa ari kumwe n’umugore we Camilla bita – Queen Consort, i Westminster Abbey mu murwa mukuru London. Iyi ni ishusho y’abantu ibihumbi...
Leta zunze ubumwe za Amerika zarashe igipurizo cy’Ubushinwa zivuga ko kimaze iminsi gikora ubutasi ku bigo bya gisirikare ahatandukanye muri Amerika.
Minisiteri y’ingabo yemeje ko indege...
Perezida Joe Biden n’uwo yasimbuye Donald Trump bateguye amakoraniro akomeye yo kurwanira amajwi mu kwiyamamaza mu matora yo kwinjira mu nteko ishingamategeko mu mitwe yombi.
Ejo ku Cyumweru,...
Urutonde rwakozwe na Banki y’Iyi rwashyize u Rwanda ku mwanya wa cyenda mu bihugu 10 bifite ibiciro by’ibiribwa byatumbagiye kurusha ahandi ku Isi.
Banki y’Isi yatangaje ko ibiciro by’ibiribwa...
Lionel Messi yavuze ko azasuzuma ibyerekeye ejo hazaza he mu ikipe y’igihugu mu mpera z’uyu mwaka ariko akavuga ko bishoboka ko ’ibintu byinshi bizahinduka’ nyuma y’igikombe cy’isi kizabera muri...
Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss World 2021, ntabwo yahiriwe no kwinjira mu cyiciro cya nyuma abikesha ikizami bakoze cya ‘Head to Head challenge’, kuko mu itsinda rye...
Uwankusi Nkusi Linda wamamaye rya Keza muri firime y’uruhererekane ya Bamenya ari guhatanira ikamba rya miss Miss Jungle International rizaba muri Gashyantare muri 2022 rizabera mu gihugu cya...
Miss Anitha wari uhagarariye u Rwanda muri Miss Supranational 2021 agataha amara masa , yavuze ko n’ubwo atabashije kwegukana ikamba ariko hari ibyo yize kandi igikomeye ari uko yamenyekanishije...
Chanique Rebe wegukanye ikamba rya Miss Supranational 2021, ukomoka mu gihugu ya Namibia ,yabaye umukobwa wa mbere mu mateka ukomoka muri Afurika wegukanye iri...
Leta y’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko kubuza abagenzi bavuye mu Rwanda kujya mu Bwongereza ari umwanzuro "udashingiye kuri siyansi".
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Guverinoma y’u...
Myugariro Thiago Silva uherutse kwerekeza mu ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko kuva yayigeramo asigaye ahorana umutwe udakira nyuma y’imikino kubera guhora ahangana no kwambura imipira ku mitwe aba...
Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo...
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni...