Ikinyamakuru cyo muri Madagascar cyitwa La Gazette de la grande iIe kigiye kujyanwa mu nkiko n’Umunya Politike Moise Katumbi kubera ko cyatangaje ko uyu muherwe yahaye ruswa umunyezamu wa Zimbabwe...
Itangazo rya cyamunara ryasohotse kuri uyu wa kane mu bitangazamakuru byo muri Zimbabwe riravuga ko imitungo y’uwahoze ari perezida w’iki gihugu,Robert Mugabe irimo imodoka 30 zirimo za Mercedes...
Abagenzi 42 nibo bimaze kwemezwa ko baguye mu mpanuka ya bisi nyuma y’aho ikigega cya gaz gishwanyukiyemo nk’uko byatangajwe na polisi ya Zimbabwe yanashyize ahagaragara amafoto y’iyo bisi yahiye...
Umuhungu wa Emmerson Mnangagwa yifotoje yisasiye amafaranga andi ayafashe mu ntoki, yatangaje ko kuba ise yarabaye Perezida wa Zimbabwe ubuzima kuri we bumaze guhinduka kandi ko ashobora no kuba...
Leta ya Zimbabwe yasabye umuhanga mu gushushanya kubafasha kuba igishushanyo/urwibutso cya Bob Marley ku kibuga cy’umupira cya Rufaro i Harare, aho Marley yacurangiye mu 1980, igihe icyo gihugu...
Umunyezamu George Chigova wakiniye Zimbabwe hagati ya 2011 na 2019, yitabye Imana aguye mu kibuga ubwo yari mu myitozo mu Ikipe ye ya Supersport yo muri Afurika...
Ikipe y’Igihugu Amavubi yahagurutse i Kigali yerekeza mu Karere ka Huye aho izakorera imyitozo ya nyuma ndetse ikanahakinira imikino yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi izakiramo...
Ikipe y’Igihugu y’Amavubi yakoze imyitozo ya mbere yitegura umukino wa Zimbabwe na Afurika y’Epfo mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026.
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yamaze kugera mu gace ka Victoria Falls muri Zimbabwe, aho yitabiriye inama ya Transform Africa ya 2023
Iyi nama igiye kuba ku nshuro yayo ya gatandatu...
Sosiyete y’indege ya RwandAir yatangaje ko ibaye ihagaritse gutwara abagenzi bava mu bihugu bya Zimbabwe na Afurika y’Epfo berekeza i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe...
Umuryango ushinzwe kurwanya Kanseri mu gihugu cya Zimbabwe wasabye abagabo bo muri iki gihugu gutera akabariro inshuro 21 ku kwezi n’abagore kuko ngo byabarinda kurwara kanseri yo mu dusabo...
Ni mu marushanwa azabere mu gihugu cya Zimbabwe yiswe “Zuri Afurica Queen”.u Rwanda ruzahagararirwa na Uwicyeza Pamela wahatanye muri Miss Rwanda mu 2019 akaza kuza mu bakobwa 20 bashakishwagamo...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’uyu muryango, yamaganye ibitero by’iterabwoba biherutse kwibasira abayobozi ba Ethiopie na Zimbabwe.