Jose Mourinho umutoza w’ikipe ya Manchester United yagize icyo avuga kubivugwa ku bakinnyi ashobora kuba yasinyisha muri iyi mpeshyi ubwo isoko ry’igura n’igurisha rizaba rifunguye. Yijeje abafana...
Mayonde Masya wo muri Kenya witabiriye igitaramo mu Rwanda, cyiswe “Kigali Jazz Junction”, yabwiye abakunzi b’umuziki we ko aterwa ishema no kuba ari Umunyarwandakazi.
Mayonde, mu kugaragaza ibi...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Masudi Djuma nyuma yo gusezererwa mu mikino nyafurika amaso ayahanze ku gikombe cy’Amahoro na shampiyona avuga ko agomba kubitwara agahoza abafana ba Rayon Sports...
Umuhanzikazi Asinah Era wigeze no gukundana imyaka myinshi na Riderman yishyize hamwe n’umuhanzi nawe wamenyekanye cyane ku izina rya Neg The General nawe wahoze hamwe na Riderman muri Group imwe...
Umufana w’imbere mu ikipe ya Tottenham Hotspurs, Michael Voller,abafana ba Tottenham bamwitiranyije n’uwa Chelsea baramwadukira barakubita akomeretswa mu maso hafi yo kwicwa.
Abaganga bari...
Imikino ibanza ya 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro yari yakomeje kuri uyu wa Gatatu, aho Rayon Sports yongeye gutsinda Musanze FC nyuma yo kuyikuraho amanota atatu muri shampiyona, APR FC ihagamwa na...
Magingo aya ikipe ya Rayon Sports yamaze kwizera mu buryo budashikikanywaho ko igikombe cya shampiyona y’ u Rwanda uyu mwaka ari icyayo. Dore ibintu bine byafashije Rayon Sports kuba igiye gutwara...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 20 Gicurasi 2017 nibwo habaye igitaramo cyambere kibimburira ibindi mu marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star kunshuro ya 7, igitaramo cyambere kikaba...
Umuhanzikazi w’umunyamerikakazi Ariana Grande yahagaritse urugendo rw’ibitaramo yari kuzakorera mu bihugu bitandukanye ku Isi yise “The Dangerous Woman Tour” , Nyuma y’uko abagera kuri 22 barimo...
Police FC yatsinze AS Kigali ibitego bitatu kuri kimwe ikura APR FC ku mwanya wa kabiri naho Kiyovu Sports itsindwa na Marines FC biyongerera ibyago byo kumanuka mu cyiciro cya kabiri uyu mwaka....
Uwahoze ari umukunzi w’umuririmbyi Harmonize wo muri Wasafi Records, yigambye kugirana umubano wihariye n’abahanzi bakomeye muri Tanzania barimo Diamond na Alikiba mu bandi bagabo yahuye na bo...
Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime ukomoka mu gihugu cya Nigeria akibera muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yakuriye inzira ku murima Abanyanigeria bamusaba kureka gukina filimi z’urukozasoni...
Uyu muhanzikazi wo mu gihugu cya Afurika Yepfo aganira n’itangazamakuru yatangaje ko akora uko ashoboye ngo agaragariza abafana be ikimero na Tatouage iri ku kibero cye gusa akaba aterwa agahinda...
Supersexy abinyujije kuri Instagram yishyuriye itike y’igitaramo umwe mu bakobwa bo mu Rwanda wavuze ko amukunda kubera ko ariwe bateye kimwe mu Rwanda. Kuri uyu wa kabiri Taliki ya 6 Ukwakira...
Nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma wo kwibuka mu makipe y’imbere mu gihugu na Espoir BBC aho yayitsinze amanota 61 kuri 58 ikipe ya REG BBC y’ umutoza John Bahufite yiteguye gukosora amakosa...
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram umukinnyi Mugisha Francois usanzwe ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports amaze kongera amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports azamugeza mu mwaka wa 2019....
Nyuma y’aho ikipe ya Espoir itwariye igikombe cyo kwibuka mu makipe ya hano mu Rwanda ku munsi w’ejo hari hatahiwe imikino yo kwibuka mu makipe yahano mu Rwanda no hanze aho amakipe y’ibigugu yari...
Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
Ikipe y’igihugu mu mupira w’amaguru y’ u Rwanda yongeye gutsindwa umukino mpuzamahanga kuri iki cyumweru ubwo yatsindwaga na Centrafrika ibitego 2-0 mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu...
Mu rukererera rwo kuri uyu wa Mbere nibwo benshi bari bategereje kureba niba Gorden state Warriors iri buze gutwara igikombe cya gatanu cyangwa se niba iraza gutakaza umukino wa 5 w’imikino ya...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Kiyovu Sports izacakirana n’ikipe ya Rayon Sports ku Mumena aho abakinnyi ba Rayon Sports batangaje ko biteguye kumanura mu cyiciro cya kabiri Kiyovu Sports isabwa...
Ni bake bafite icyo bazi ku rukundo rw’umuhanzi The Ben ,ariko nyamara ubwo aheruka muri Afurika y’ Epfo mu kiganiro yagiranye n’imwe mu maradio yaho yagize icyo atangaza ku rukundo rwe no ku...
Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
Ikipe ya Liverpool yongeye kugura undi mukinnyi w’umunyafurika Mohamed Salah w’umunya Misiri imukuye mu ikipe ya AS Romaaho uyu musore w’umunyafurika aje ukurikiye umusore Sadio Mane baguze umwaka...
Isomere bimwe mu bintu bikuru bikuru mu baranze uyu munsi mu mateka birimo n’ivuka ry’igihangange mu mupira w’amaguru Zinedine Zidane.
Turi tariki ya 23 Kamena, ni umunsi w’174 mu minsi 365 igize...
Itsinda rya Dream Boys yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi. Ni mu birori bikomeye byabereye kuri Petit Stade byasojwe mu ijoro ryo kuri uyu wa...