Kuri iki cyumweru tariki ya 30/07/2017 nibwo mu ntara y’amajyepfo ho mu Bibungo bya Mukinga i Nyamurasa ho mu Karere ka Kamonyi habereye ubukwe budasanzwe bwakozwe na RUTANGARWAMABOKO Nzayisenga...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 29 Nyakanga 2017 nibwo ikipe ya Patriots BBC yigaranzuye ikipe ya REG BBC iyitwara igikombe cy’imikino ya kamarampaka (Playoffs 2017) aho kapiteni wa Patriots...
Bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Kinini mu murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baravuga ko babangamiwe n’umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ako kagari witwa Uwamohoro...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017 nibwo hamenyakanye amakuru y’uko abana babiri b’abanyeshuri biga mu mwaka wa gatatu mu ishuri ryisumbuye rya Tekiniki rya St Peter Gihozo...
Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza gahunda ye yo kwiyamamariza mu karere ka Huye yahindutse kubera impamvu nyir’ ubwite yise “akabazo...
Umukozi wo mu rugo wakoraga mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, wafatiwe kuri Nyabarongo arimo kurohamo abana babiri b’abakobwa yareraga, kuri uyu wa Kane tariki 20...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 Amavubi yabonye itike yo gukina amajonjora ya nyuma yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma yo kunganya na Tanzania 0-0 mu mukino...
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga nibwo ikipe y’u Rwanda Amavubi iracakirana na Tanzania mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN aho umutoza Antoine Hey...
Ambasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri w’ urubyiruko umuco na Siporo yasobanuye aho izina Joe benshi bakunda kumwita ryaturutse.
Ambasaderi Habineza avuga ko yavukiye mu karere ka...
Ikipe y’igihugu ya Tanzania yaraye isesekaye I Kigali muri iri joro ryo kuwa gatatu Taliki ya 19 Nyakanga aho ije gukina n’u Rwanda mu mukino wo kwishyura mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umukino wa Volleyball Paul Bitok aratangaza ko yizeye neza abasore be mu mikino ya Zone V izatangira ku wa gatanu taliki ya 21 z’uku kwezi.
Uyu mutoza urambye mu ikipe...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze...
Iminsi itatu yo kwiyamamaza isize Paul Kagame yizejwe gutorwa ijana ku ijana.Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda ageze ku umunsi wa Gatatu w’ibikorwa byokwiyamaza.
Ibikorwa byo kwiyamamaza...
Turi tariki ya 16 Nyakanga ni umunsi w’ 197 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 168 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo ni itariki imaze kuba inshuro 56 ari ku cyumweru.
Bimwe mu bintu...
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 15 Nyakanga nibwo hari hategerejwe umukino ubanza wagombaga guhuza Tanzania n’u Rwanda mu majonjora yo gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN izabera muri Kenya...
Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi umurwanashyaka wa PSD ni umwe mu bantu bagera ku bihumbi 100 bitabiriye igikorwa cyo kwamamaza umukandida wa FPR Paul Kagame mu karere ka...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
Perezida Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda yavuze ko hari igihe kizagera abarwanashyaka b’ishyaka rya Green Party bajye muri RPF, ngo RPF irusha ishyaka Green Party kuba Green.
Ibi Paul Kagame...
Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Nyakanga 2017, Mpayimana Philippe uhatanira kuyobora u Rwanda yatangiriye ibikorwa bye mu karere ka Bugesera mu ntara y’Iburasirazuba.
Mpayimana Philippe yabimburiye...
Uyu munsi taliki ya 14 Nyakanga ku I saa mbili z’umugoroba nibwo hateganyijwe umukino wa mbere mu mikino ya nyuma ya kamarampaka uraza guhuza ikipe ya REG BBC na Patriotsumukino uteganyijwe...
Ku itariki ya 10 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe yataye muri yombi umugabo witwa Ntakirutimana Emmanuel utuye mu mudugudu wa Bususuruke akagari ka Kagano Umurenge wa...
Ubuyobozi bw’ ishyaka FPR Inkontanyi rizahagaragarirwa na Nyakubahwa Paul Kagame mu matora y’ umukuru w’ igihugu ateganyijwe mu kwezi kwa 8 uyu mwaka bwatangaje ko umukandida w’ iri shyaka...
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, yatangaje ko atahakana cyangwa ngo yemeze ko azazana na Meddy mu Rwanda mu rugendo rw’ibitaramo bitanu bizazenguruka igihugu cyose, ngo ibiganiro...