skol
Kigali

Search: amajyepfo (1271)

Umugeni w’umupfumu Rutangarwamaboko bamuhetse mu ngobyi, ubukwe buhagurutse benshi-AMAFOTO

Kuri iki cyumweru tariki ya 30/07/2017 nibwo mu ntara y’amajyepfo ho mu Bibungo bya Mukinga i Nyamurasa ho mu Karere ka Kamonyi habereye ubukwe budasanzwe bwakozwe na RUTANGARWAMABOKO Nzayisenga...
31 July 2017 4191 0

Mugabe Aristide yatangaje akamuri ku mutima nyuma yo gutsinda REG BBC (Amafoto)

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 29 Nyakanga 2017 nibwo ikipe ya Patriots BBC yigaranzuye ikipe ya REG BBC iyitwara igikombe cy’imikino ya kamarampaka (Playoffs 2017) aho kapiteni wa Patriots...
30 July 2017 345 0

Muhanga: Gitifu w’akagari arashinjwa n’abaturage kubamenera inzoga z’ubukwe no gukura urugi ku nzu

Bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Kinini mu murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baravuga ko babangamiwe n’umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ako kagari witwa Uwamohoro...
29 July 2017 2567 0

Umugororwa wari ufungiye muri gereza ya Nyanza, yarwanye na mugenzi bimuviramo urupfu

Umugororwa witwa Minani Frodouard, wari ufungiye muri gereza ya Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo, yarwanye na mugenzi bimuviramo urupfu.Ibi byabaye mu ijoro ryacyeye rya tariki ya 28 Nyakanga 2017...
29 July 2017 983 0

NYANZA:Abayobozi ba hoteli batawe muri yombi kubera urupfu rw’abanyeshuri

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017 nibwo hamenyakanye amakuru y’uko abana babiri b’abanyeshuri biga mu mwaka wa gatatu mu ishuri ryisumbuye rya Tekiniki rya St Peter Gihozo...
25 July 2017 3360 0

Dr Frank Habineza kwiyamamariza I Huye byajemo ka kidobya

Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza gahunda ye yo kwiyamamariza mu karere ka Huye yahindutse kubera impamvu nyir’ ubwite yise “akabazo...
23 July 2017 6441 0

Umukozi wo mu rugo wari ugiye kuroha abana muri Nyabarongo yasabiwe igifungo cya burundu (AMAFOTO)

Umukozi wo mu rugo wakoraga mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, wafatiwe kuri Nyabarongo arimo kurohamo abana babiri b’abakobwa yareraga, kuri uyu wa Kane tariki 20...
23 July 2017 5392 0

Amavubi yabonye itike yo kwerekeza mu Cyiciro cya nyuma mu mikino ya CHAN (amafoto)

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 Amavubi yabonye itike yo gukina amajonjora ya nyuma yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma yo kunganya na Tanzania 0-0 mu mukino...
22 July 2017 403 0

Hey yizeye gusezerera ikipe ya Tanzania

Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga nibwo ikipe y’u Rwanda Amavubi iracakirana na Tanzania mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN aho umutoza Antoine Hey...
21 July 2017 170 0

Ambasaderi Habineza yasobanuye imvano y’ akazina “Joe”

Ambasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri w’ urubyiruko umuco na Siporo yasobanuye aho izina Joe benshi bakunda kumwita ryaturutse. Ambasaderi Habineza avuga ko yavukiye mu karere ka...
20 July 2017 3448 0

Ikipe ya Tanzania yaraye isesekaye I Kigali

Ikipe y’igihugu ya Tanzania yaraye isesekaye I Kigali muri iri joro ryo kuwa gatatu Taliki ya 19 Nyakanga aho ije gukina n’u Rwanda mu mukino wo kwishyura mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza...
19 July 2017 413 0

Menya imvano yo kuba Korea zombi zirebana ay’ ingwe

Ubwo intambara ya kabiri y’isi yose yageraga ku mpera zayo, hahise haduka indi ntambara itarisanzwe ku isi, abahanga mu gucura amagambo bayiha izina ry’intambara y’ubutita cyangwa intambara...
19 July 2017 1189 0

Volleyball: Abakinnyi 14 bazakina Zone V bamaze kumenyekana

Ikipe y’igihugu ya Volleyball imaze iminsi ikora imyitozo ikomeye yo kwitegura imikino y’akarere ka gatanu izwi nka “Zone V” aho urutonde rw’abakinnyi 14 bazitabira iyi mikino izatangira ku wa...
18 July 2017 356 0

Bitok yiteguye kwitwara neza mu mikino ya Zone V

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umukino wa Volleyball Paul Bitok aratangaza ko yizeye neza abasore be mu mikino ya Zone V izatangira ku wa gatanu taliki ya 21 z’uku kwezi. Uyu mutoza urambye mu ikipe...
18 July 2017 100 0

Umupfumu Rutangarwamaboko yasabye anakwa umukunzi we mu bukwe butagira abageni n’ababyeyi-AMAFOTO

Muganga Rutangarwamaboko Modeste Nzayisenga ukunze kwiyita Umupfumu mu Kinyarwanda n’ikizungu yasabye anakwa umukunzi we witwa Umwali Umuziranenge Sana Cynthia bamaranye igihe bakundana....
18 July 2017 3760 0

Umukandida Mpayimana aravuga ko imwe mu mbogamizi yavuyeho hasigaye indi imwe

Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze...
17 July 2017 4037 0

Kuva ku muryango wa Paul Kagame kugeza ku muturage intero n’imwe-Amafoto y’ubudasa

Iminsi itatu yo kwiyamamaza isize Paul Kagame yizejwe gutorwa ijana ku ijana.Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda ageze ku umunsi wa Gatatu w’ibikorwa byokwiyamaza. Ibikorwa byo kwiyamamaza...
17 July 2017 4788 0

Kimwe mu byaranze tariki 16 Nyakanga, Sadam Hussein yafashe ubutegetsi

Turi tariki ya 16 Nyakanga ni umunsi w’ 197 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 168 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo ni itariki imaze kuba inshuro 56 ari ku cyumweru. Bimwe mu bintu...
16 July 2017 1125 0

Myugariro ukomeye wa APR FC Rugwiro Herve yasezeranye imbere y’Imana n’abantu kubana akaramata na Carine...

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, Myugariro w’ikipe ya APR FC, Rugwiro Herve yakoze ubukwe n’umukunzi we Mugabekazi Carine bamaze imyaka myinshi bakundana. Herve usanzwe ukinira...
16 July 2017 3993 0

Amavubi akuye impamba muri Tanzania

Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 15 Nyakanga nibwo hari hategerejwe umukino ubanza wagombaga guhuza Tanzania n’u Rwanda mu majonjora yo gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN izabera muri Kenya...
15 July 2017 2068 0

Nyaruguru : Minisitiri w’ intebe Murekezi ukomoka muri PSD ari mubarimo kwamamaza umukandida Kagame...

Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi umurwanashyaka wa PSD ni umwe mu bantu bagera ku bihumbi 100 bitabiriye igikorwa cyo kwamamaza umukandida wa FPR Paul Kagame mu karere ka...
15 July 2017 2364 0

Ubuzima bw’abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda mu matora ya 2017

Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
15 July 2017 3960 0

Turusha Green Party kuba Green buriya abarwanashyaka babo bazageraho baze muri RPF-Perezida Kagame

Perezida Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda yavuze ko hari igihe kizagera abarwanashyaka b’ishyaka rya Green Party bajye muri RPF, ngo RPF irusha ishyaka Green Party kuba Green. Ibi Paul Kagame...
14 July 2017 4410 0

PSD yamamaje Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda-AMAFOTO

Muri kongere y’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’abaturage (PSD) yateranye ku wa Gatandatu tariki ya 3 Kamena, Komite ya Biro politiki yaryo yafashe imyanzuro irimo kuba nta...
14 July 2017 1514 0

Bugesera: Mpayimana Philipe yiyamamarije ahari abantu bagera kuri 50

Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Nyakanga 2017, Mpayimana Philippe uhatanira kuyobora u Rwanda yatangiriye ibikorwa bye mu karere ka Bugesera mu ntara y’Iburasirazuba. Mpayimana Philippe yabimburiye...
14 July 2017 5440 0

REG BBC iracakirana na Patriots ku mukino wa nyuma wa kamarampaka

Uyu munsi taliki ya 14 Nyakanga ku I saa mbili z’umugoroba nibwo hateganyijwe umukino wa mbere mu mikino ya nyuma ya kamarampaka uraza guhuza ikipe ya REG BBC na Patriotsumukino uteganyijwe...
14 July 2017 184 0

Menya aho Paul Kagame, Dr Frank Habineza na Mpayimana baziyamamariza

Ibikorwa byo kwiyamamaza biteganyijwe gutangira ku mugaragaro ku wa gatanu tariki 14 Nyakanga 2017. Kugeza ubu aho buri umukandida azatangirira ibikorwa byo kwimamaza naho azasoreza hamenyekanye....
13 July 2017 4165 0

Nyamagabe: Umugabo ucuruza urumogi yatawe muri yombi

Ku itariki ya 10 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe yataye muri yombi umugabo witwa Ntakirutimana Emmanuel utuye mu mudugudu wa Bususuruke akagari ka Kagano Umurenge wa...
12 July 2017 402 0

FPR yatangaje aho Kagame azatangirira kwiyayamamaza

Ubuyobozi bw’ ishyaka FPR Inkontanyi rizahagaragarirwa na Nyakubahwa Paul Kagame mu matora y’ umukuru w’ igihugu ateganyijwe mu kwezi kwa 8 uyu mwaka bwatangaje ko umukandida w’ iri shyaka...
12 July 2017 1973 0

The Ben yahishuye ko ashobora kuzana na Meddy kubyina intsinzi ya Perezida

Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, yatangaje ko atahakana cyangwa ngo yemeze ko azazana na Meddy mu Rwanda mu rugendo rw’ibitaramo bitanu bizazenguruka igihugu cyose, ngo ibiganiro...
11 July 2017 2395 0
0 | ... | 990 | 1020 | 1050 | 1080 | 1110 | 1140 | 1170 | 1200 | 1230 | 1260