Rwemarika Felicite wajuririye ibyavuye mu matora ya FERWAFA yabaye ku I taliki ya 30 Ukuboza 2017 ubwo yatsindwaga n’imfabusa kandi zitabarwa,ashobora kurenganurwa na FIFA mu gihe FERWAFA...
I Kigali hateraniye inama y’iminsi 2 ihuje aba Perezida ba za komisiyo z’amatora baturutse mu bihugu bya Afrika. Abateraniye muri iyi nama bakaba baganira ku ruhare rw’izi komisiyo mu gutuma ibihugu...
Perezida Donald Trump w’Amerika yirukanye umukozi wo ku rwego rwo hejuru ushinzwe amatora wamuvuguruje ku byo yavuze ko habayeho uburiganya mu matora ya...
Umukuru w’abatavugarumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Raila Odinga kuri iki cyumweru dusoje yabwiye abarwanashyaka be gukora imyigaragambyo mu gihugu bagamije gusaba ko haba impinduka muri komisiyo...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza yamaganiye kure ibyavuzwe na Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda watangaje ko amatora yo mu Rwanda aherutse kuba muri Kanama tariki ya 03 na...
Umukuru w’Igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta yamaze gutangaza ko azemera ibyavuye mu matira ariko uko ibyakozwe byose bizaba byanyuze mu mucyo nk’uko amategeko abiteganya.
Ibi Kenyatta...
Dr Haron Mwangi umushakashatsi wahoze ari umuyobozi mukuru w’ inama nkuru y’ itangazamakuru muri Kenya yavuze ko impamvu muri Afurika abenshi mu bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika...
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, Joseph Kabila, yamaze kwiyandikisha ku rutonde rw’abazitabira amatora y’umukuru w’igihugu mu gihe impaka z’itariki agomba kuberaho zigikomeje....
Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko abashaka kwiyamamaza ku mwanya wa perezida w’u Rwanda hamwe no ku mwanya w’abadepite bagomba gutanga kandidatire zabo kuri iyo komisiyo hagati ya 17 – 30...
Muri Kenya undi mugabo wari mu bari bakuriye amatora y’umukuru w’Igihugu aherutse
kuba yitabye Imana ubwo yari kwa muganga yagiye kwivuza yikubita hasi ako kanya ahita...
Umukandida ku mwanya wa Perezida muri Uganda Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine ari mu gahinda ko gufungirwa telefoni ye yo guhamagara we n’umugore we nyuma y’uko amatora arangiye kuri...
Umuvugizi w’ishyaka CNL avuga ko ejo kuwa gatatu mu ntara zose z’u Burundi hafunzwe abantu bo muri iri shyaka barenga 200 abandi bagacirwa imanza uwo munsi mu gihe abona nta birego bifatika...
Amajwi y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,CENI, yagaragaje ko Félix Tshisekedi ariwe uri hejuru ndetse afite amahirwe menshi yo kuba...
Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Amerika mu muryango w’abibumbye yavuze ko amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo agomba kuba umwaka utaha bitaba ibyo amahanga agahagarika inkunga...
Komisiyo y’amatora, NEC yatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Kanama 2017 ku buryo bwa burundu ko Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi ari we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda, NEC yaburiye abifotoye bari mu byumba by’itora ko bashobora gukurikiranwa nk’abanyabyaha bose kuko bishe amategeko agenga amatora.
Ubwo abanyarwanda baba mu...
Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza yasabye urubyiruko rwo muri iryo shyaka guhagurukana imbaraga kugira ngo amatora yo mu mwaka wa 2024...
Sénégal yemeje ko amatora y’Umukuru w’Igihugu yari yasubitswe, azakorwa ku wa 24 Werurwe 2024. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’imvururu za politiki n’imyigaragambyo y’abaturage basabaga ko akorwa...
Varisito Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi uzwi nka Gen “NEVA” yakuriye inzira ku murima abafite inzozi zo guhungabanya amatora ategerejwe mu mwaka wa...
Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2020, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda wari mu gikorwa cy’amasengesho yibasiye Abazungu, Polisi y’Igihugu ndetse na Komisiyo y’Amatora hejuru y’imyitwarire ya Bobi Wine mu...