Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame,waraye yitabiriye inama yari igamije kwiga ku iterambere ry’umukino wa Basketball muri Afurika yabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,yavuze ko...
Inkubiri yo kwegura no kweguza abayobozi mu turere yakomereje I Gisagara na Burera aho umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Hanganimana Jean Paul yamaze gutanga ibaruwa...
Madame Jeannette Kagame yashimiye abitabiriye amasengesho ngarukakwezi yo gusabira igihugu, barimo abayobozi muri Guverinoma, mu Nteko Ishinga Amategeko, mu bikorera no mu banyamadini n’amatorero,...
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, kiri mu myiteguro y’umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wo Kwita Izina,mu muhango ugiye kuba ku nshuro ya 15, aho muri uyu mwaka abana 25 b’ingagi ari bo bazahabwa...
Ku wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Kuri uyu wa kane w’iki cyumweru twitegura gusoza tariki ya 21 Werurwe 2019 nibwo ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB) na Kigali City Tour Ltd batagije ku mugaragaro igikorwa cyo kumurika Imodoka...
Perezida Kagame yagiriye urugendo mu Karere ka Nyamagabe kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 26 Gashyantare 2019,aho yaganirije imbaga y’abantu basaga ibihumbi 20 yaje kumwakira ku ngingo zitandukanye...
Uko iterambere riza n’imico ikivanga bisigaye bibaho cyane ko mbere yo gushaka yaba umukobwa cyangwa umusore usanga hari inshuti babanje kubana nazo ndete rimwe na rimwe...
Ishirahamwe rigamije iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajyepfo (SADC),ryamaze gusaba ko amajwi y’ibyavuye mu matora ya perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo...
Muhire William uzwi nka K8 Kavuyo abinyujije kurubuga rwe rwa Instagram yashyizeho ifoto igaragaraza Meddy, umukunzi we Mimi, Bruce Intore, ababyeyi ba K8 ari bo Paul Gasinzigwa na Depite Oda...
Uko iterambere mu by’ikoranabuhanga rigenda rigera mu Rwanda, ninako rifasha abafite imigambi mibisha mu bikorwa by’ubujura n’ubutekamutwe. Ubu ubujura bwinshi mu mujyi wa Kigali, usanga atari...
Raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018 na Guverinoma y’ u Rwanda na Banki y’ isi yerekanye inzira u Rwanda rugomba kunyuramo kugira ngo rugere ku cyerekezo...
Abahanga mu by’ubuzima batangaje ko iterambere ry’isi rikomeje gutuma intangangabo zipfa cyane ku buryo mu myaka iri imbere abagabo benshi bashobora kuba ingumba abandi bakaba ibiremba kubera...
Ubutembere mu bihugu bitandukanye ni kimwe mu bishimisha abatari bake bitewe nuko bituma bamenya uko ibindi bihugu bihagaze mu iterambere gusa ibi akaba ari ibihugu 10 bya mbere ku isi bihoramo...
U Rwanda ni igihugu gito kiri mu nzira y’amajyambere ariko kirimo kwihuta mu iterambere kibikesha ubuyobozi bwiza. ‘Kwigira no kwihesha agaciro’ ni imvugo buri Munyarwanda amaze kumva inshuro...