Ku wa Mbere w’icyumweru gishize nibwo ikigo gikora inkingo cya Pfizer ku bufatanye na BioNTech byemeje ko bigiye gusohora urukingo ruzabasha kurinda icyorezo cya Covid-19 ku kigero cya...
Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko u Rwanda ruhagaze neza mu rugamba rwo kurwanya icyorezo cya COVID19, kandi ko bitarenze tariki ya 7 z’ukwezi gutaha ruzaba rwamaze gutanga ubusabe bw’inkingo za Covid...
Umwongereza witwa Nick Rawet utuye mu mujyi wa Birmingham,yanze kubana n’abantu ashora akayabo ka miliyoni zisaga 15 FRW zo kugura ibipupe 4 byo kwifashisha mu gutera...
Ikipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse...
Mu mujyi wa Liverpool mu Bwongereza no muwa New York muri Amerika hagaragaye abantu benshi banyoye barasinda mu rwego rwo kwizihiza Noheli iri mu minsi mikuru ituma benshi bizihirwa bakanywa...
Kuri uyu wa Kane tariki 31 Ukuboza 2020, abantu 6 bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo uba 92 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 133 bose hamwe baba 8,383 mu bipimo...
Rutahizamu wa Bayern Munich,Robert Lewandowski,uherutse guhabwa igihembo cy’umukinnyi w’umwaka ku isi na FIFA yatangaje ko ubwo yageraga muri Dortmund afite imyaka 21,umutoza Jurgen Klopp...
Umwana w’imfura wa Cristiano Ronaldo witwa Cristiano Jr yishimiye mu buryo budasanzwe ibitego 2 se aheruka gutsinda Inter Milan mu buryo butangaje yirukanka muri salon asakuza...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03 Werurwe 2021, u Rwanda rurakira icyiciro cya mbere cy’inkingo za Coronavirus, zizatangwa muri gahunda yo gukwirakwiza inkingo izwi nka...
Umuraperi Ama G The Black wari umaze igihe adakora indirimbo yateguje iyo yise ‘Ubugoryi Bwanjye’ anatangiza urugamba rweruye ku bakora indirimbo zitwa iz’Ibishegu anikoma by’umwihariko Bruce Melody...
Ubusuwisi bugiye kwemerera abagore n’abakobwa binjira mu gisirikare kwambara amakariso y’abagore ku nshuro ya mbere mu mateka y’iki gihugu, mu muhate wo kongera umubare wabo mu ngabo, nkuko...
Uko abakundanye bahuza ubwumvikane mu buryo batwaramo urukundo rwabo biri mu bituma barambana nta kwishishanya kuko hari abakundana benshi bagatandukana hadaciye kabiri kubera imyumvire...
Myugariro w’umunya Brazil ukinira ikipe ya Chelsea,Thiago Silva,w’imyaka 36,yahishuye ko ubwo yari afite imyaka 21 akinira ikipe ya Dynamo Moscow yarwaye igituntu kiramurembya cyane hafi no...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ari umunsi wa kane w’icyumweru wikurikiranyije nta muntu ubikwa ko yishwe na COVID-19 mu Rwanda.Abamaze guhitanwa n’iki cyorezo ni 314...
Nubwo ibihugu byinshi bya Africa bigowe no kubona inkingo za Covid-19, doze zibarirwa mu bihumbi zataye agaciro zidakoreshejwe.
Ni ibihe bihugu bifite inkingo bitakoresheje?
Malawi...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryatangaje amazina mashya y’ubwoko bwa Covid-19.
Kuva ku wa mbere, OMS izajya ikoresha inyuguti zo mu rurimi rw’Ikigereki ishaka kuvuga...