Minisiteri ya Siporo yagaragaje ko guhera mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023/24, hazatangira imishinga irimo kubaka stade zitandukanye hirya no hino mu gihugu zirimo iy’i Musanze n’i Nyagatare,...
Ku wa Kabiri, tariki 6 Kamena 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama yAbaminisitiri yemeje...
Nyuma y’umukino Amavubi yatsinzwe na Mozambique, kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Kamena 2023, umutoza wa Mozambique, Chiquinho yavuze ko niba u Rwanda rwifuza kujya mu gikombe cy’Afurika rugomba...
Mu mujyi wa Uvira uri mu ntara ya Kivu y’Epfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, abaturage bakoze imyigaragambyo yo kutava mu ngo zabo basaba leta gusana imihanda yo muri uwo...
U Rwanda n’Uburusiya byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umuco na sport. Uburusiya kandi binyuze muri aya masezerano buzafasha u Rwanda kubaka ibikirwaremezo by’imikino,...
Abapolisi bo mu mujyi wa Bueckburg mu Budage barimo gukora iperereza ku byabaye aho umugabo w’imyaka 51 yasizwe abohewe mu ishyamba n’umugore bahuriye kuri...
Mu ijoro ryacyeye ryo kuri iki cyumweru cyo ku ya 1 Ukwakira 2023 nibwo ,umuhanzi nyarwanda The Ben yakoreye igitaramo i Bujumbura mu kigo cya gisirikare bitewe n’uko cyitezweho kwitabirwa...
Abategura Tour du Rwanda bazanye udushya twinshi mu irushanwa ritaha aho bazanye amakipe menshi akina Tour de France ndetse n’uduce dushyi turimo n’akazagera i Kibeho mu karere ka...
Abantu batandatu baguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye mu kiyaga cya Mugesera mu Murenge wa Karenge Akarere ka Rwamagana, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu.
Itamar Einhorn wa Israel Premier -Tech yegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2024,nyuma yo gukoresha amasaha atatu, iminota 17 n’amasegonda 31 ku ntera y’ibilometero...
Umunya Colombia,Jhonatan Restrepo yongeye kwegukana Agace ka Tour du Rwanda kava i Huye kerekeza i Rusizi,nk’uko yabikoze mu 2020.Kareshyaga n’ibilometero...
Umunya-Belarus Viachaslau Shpakouski ukinira May Stars yo mu Rwanda yakuwe muri Tour du Rwanda2024, hakinwa Agace ka Rukomo-Kayonza nyuma yo gufata ku...
Areruya Joseph yatangaje ko impamvu yabaye uwa nyuma muri Tour du Rwanda iheruka, yagira ngo bibere abandi isomo ko aho kuva mu isiganwa wakwemera ugaherukira...