Igihugu cya Canada cyakiriye inama y’ ibiguhu 7 bikungahaye ku Isi ntabwo ishyigikiye ko Uburusiya rusubira mu bihugu 7 bikungahaye kurusha ibindi mu isi nubwo Perezida wa Amerika Donald Trump...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov uri mu ruzinduko mu Rwanda baganira ku mubano w’ibihugu...
Abarimu ba gisirikare b’Uburusiya bageze muri Niger gutoza igisirikare cy’igihugu, mu gihe Uburusiya bukomeje kongera ingufu mu karere karimo umutekano mucye ka Sahel ko mu burengerazuba...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yarahiye ko agiye gusubiza inyuma ingabo za Ukraine mu rwego rwo kugabanya impungenge ko zagaba ibitero ku butaka bw’Uburusiya.
Uburusiya ahanini bwaricecekeye ku bijyanye n’ubushyamirane hagati y’ingabo za Isiraheli na Hamas, ariko ubuyobozi bw’i Kremlin muri iki cyumweru bwatanze ibimenyetso byerekana ko burimo gutekereza...
Mu bitashimishije Leta zunze ubumwe z’Amerika harimo imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi z’Uburusiya n’Ubushinwa Afrika y’Epfo yakiriye mu kwezi kwa kabiri...
Perezida Vladimir Putin yavuze ko Uburusiya buzashyira muri Belarus intwaro kirimbuzi zikoreshwa ku rugamba, zizwi nka ’tactical nuclear weapons’.
Perezida Putin yavuze ko iki cyemezo...
Prezida w’Uburusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa kabiri yahagaritse amasezerano yari yarumviknye n’ Amerika ajyanye n’ikoreshwa ry’ibisasu bya kirimbuzi.
Umubano w’Uburusiya na Irani wavuyemo ubucuti bwuzuye mu bya gisirikare, nk’uko leta Zunze Ubumwe za Amerika zibivuga.
Uburusiya buha Irani imfashanyo ya gisirikare y’akataraboneka, nk’uko bivugwa...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yemeje ku mugaragaro ihungishwa ry’abaturage b’abasivile bo mu bice byo mu mujyi wa Kherson wigaruriwe n’Uburusiya wo mu majyepfo ya Ukraine.
Abasirikare ba...
Umujyi wa Lysychansk uri mu burasirazuba bwa Ukraine nturimo kuvugwaho rumwe, abasirikare b’Uburusiya n’abasirikare ba Ukraine buri ruhande ruvuga ko ari rwo ruwugenzura.
Ukraine ivuga ko...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko Afurika "yafashwe bugwate" mu ntambara y’Uburusiya ku gihugu cye, mu ijambo ku wa mbere yagejeje ku muryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA).
Igitero...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaburiye ko igihugu icyo ari cyo cyose kigerageza kujya mu ntambara yo muri Ukraine kizahura n’igisubizo "cyihuta nk’umurabyo".
Prezida Joe Biden na Vladimir Putin bari mu mubonani w’amasaha atanu i Geneve mu Busuwisi ngo barebe niba babona icyo bahurizaho.
Prezida Putin yahise abwira abanyamakuru ko bavuganye ku mugambi...
Umwe mu bakuriye ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye ko Ubushinwa, Uburusiya na Iran ari bimwe mu bihugu bishaka kugena ibizava mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu...
Perezida wa US Donald Trump yabwiye Abarusiya ko hari imigambi myinshi bafite ndetse biteguye kubaha isomo bo na Leta ya Syria kubera intwaro z’ubumara baherutse gukoresha bakica abantu mu gace ka...
Amerika yitandukanyije n’igitero mu Burusiya – Uburusiya buvuga ko cyarangiye butsinze abacengezi bitwaje intwaro binjiye bavuye muri Ukraine.
Ibice bimwe by’akarere ka Belgorod ko mu Burusiya...
Ambasaderi w’Amerika muri Afurika y’Epfo yashinje iki gihugu guha intwaro Uburusiya nubwo cyagiye kivuga ku mugaragaro ko nta ruhande kibogamiyeho mu ntambara yo muri Ukraine.
Reuben Brigety...