Abagabo babiri bo mu Karere ka Bugesera barashwe n’inzego z’umutekano ubwo bahagarikwaga mu ijoro ryo ku wa 10 Mata 2023 bivugwa ko bavuye kwiba, aho guhagarara bakagerageza kurwanya abashinzwe...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 21 Werurwe 2023 i Brussels mu Bubiligi hateraniye inama ya Schuman yiga ku bufatanye bwa Gisirikare n’Umutekano , muri iyo nama Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU)...
Uwiringiyimana Theogene [Theo Bosebabireba] yashimangiye bidasubirwaho ko ari Umwami w’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Karere k’Afrika y’Iburasirazuba ubwo yakirwaga mu buryo budasanzwe...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi kuri uyu wa Gatandatu yahagurutse igitaraganya i Addis-Abeba aho yari yitabiriye inama ya 35 y’Umuryango wa Afurika Yunze...
Ubwo Vinicius Jr yatsindiraga Real Madrid igitego cya 3 yari ikeneye cyane mu mukino yanyagiyemo Celta Vigo ibitego 5-2,yagiye kwishimana n’abafana baramufata banga kumurekura byatumye abashinzwe...
Lt Gen. Henry Tumukunde wahoze ari minisitiri w’umutekano wa Uganda kuri ubu uri mu maboko y’inzego z’umutekano za Uganda, kuri iki Cyumweru yakiriwe mu Bitaro bya Kampala nyuma y’uko akaguru ke...
Umuyobozi w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza wari waniyamamarije kuba Perezida w’ u Rwanda mu matora yabaye umwaka ushize ntabigereho yagaragaraje...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano muri iki gihe cyo kwamamaza abakandida kumwanya wa Perezida wa Repubulika ari wose haba ahiyamamarizwa, mu muhanda ndetse no mu gihugu hose.
Avuga uko...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Emmanuel K. Gasana yasabye kunoza umurimo no guhora witeguye mu gukumira no kurwanya impanuka zo mu muhanda.
Ni ubutumwa yatanze ku italiki ya 9...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2016 yitabiriye inama idasanzwe y’ abakuru b’ ibihugu bigize umuryango uhuza ibihugu by’ Afurika yo hagati ECCAS.
Muri iyi nama abakuru...
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ivuga ko kuva saa sita z’ijoro kugeza mugitondo cyo kuri iki cyumweru nta mpanuka iraba mu gihugu muri raporo imaze kubona.
Polisi...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko umutekano ariwo shingiro rya byose avuga ko Abanyarwanda bagomba kugira umutekano haba kuneza cyangwa ku ngufu.
Ibi Perezida Kagame yabivuze kuri uyu...
Kenyatta yatowe kuri 98%
abaguye mu myigaragambyo ni bane
Abantu barenga imiliyoni 19 nibo bagombaga gutora
Amatora yitabiriwe na 40%
Mu gace ka Kitui amatora yakerewe bitewe ni uko bisi yari...
Inama rusange ya 72 y’Umuryango w’Abibumbye yatangiye imilimo yayo kuri uyu wa kabili ku cyicaro gikuru cya Loni i New York muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Abayobozi b’ibihugu 193 bigize Loni...
Muri Leta ya Florida imwe muri Leta zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika, umucuruzi w’ibiyobyabwenge, David Blackmon, ubu ari mu maboko ya polisi, nyuma y’uko ahamagaye polisi ayibwira ko ikigega cye...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagize Lt Gen Herbert Raymond "HR" umujyanama mu byerekeye umutekano w’ igihugu.
Lt Gen Herbert Raymond "HR" McMaster yasimbuye Lt Gen...
U Rwanda rwagaragaje ko rutewe impungenge no kuba Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutesha agaciro amasezerano ya Luanda na Nairobi mu gukemura ibibazo by’umutekano...