Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame asoje ibikorwa bye byo kwiyamamaza kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017 yagiriraga muri Ngororero na Muhanga.
Paul Kagame yashimye bikomeye...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017; Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakomeje urugendo rwo kwiyamamaza mu Karere ka Ngororero na Muhanga.
Ni nyuma yo kuva mu turere turindwi...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Musanze na Gakenke ku itariki ya 14 Nyakanga yangije ibiyobyabwenge bitandukanye. Mu karere ka Musanze ibikorwa bya kubyangiza byabereye mu mirenge ya...
Kuri uyu wa kane tariki ya 13 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu yangije inzoga z’inkorano zigera kuri litiro 800 zizwi ku izina ry’amandare.
Izi nzoga zikaba zarafatiwe mu...
Kuri uyu wa Kane tariki 13 Nyakanga 2017 Perezida Paul Kagame yasoje itorero ridasanzwe ry’Indangamirwa ryahuje urubyiruko rugera kuri 523. Umukuru w’ igihugu yavuze ko mu rwego rwo kwishakamo...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda nta bushobozi rufite mu kurwana intambara y’amagambo, ngo abakomeza kuvuga n’ugutegereza tukazareba ko hari inyungu bakuramo.
Yabitangarije mu kigo cya...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yeretse intore z’ abanyeshuri biga n’ abize mu mahanga “INDANGAMIRWA” uburyo mu rugamba rwo kubohorwa u Rwanda Inkotanyi zifashishije imbunda yo mu bwoko bwa...
Ku cyumweru tariki ya 09 Nyakanga 2017, Umugabo bikekwa ko ari umurwayi wo mu mutwe yishe umwana w’umuhungu uri mu kigero cy’imyaka umunani. Ibi byabereye mu Murenge wa Kavumu, mu Karere ka...
Ku wa 11 Nyakanga uyu mwaka, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gakenke yafashe, inashyikiriza Akonkwa Adrien, Bisimwa na SK Akbaar Ali Mudasobwa ngendanwa ebyiri yafatanye abakekwaho kuzibiba....
Ku itariki ya 10 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe yataye muri yombi umugabo witwa Ntakirutimana Emmanuel utuye mu mudugudu wa Bususuruke akagari ka Kagano Umurenge wa...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta ndetse ni nawe ufite mu nshingano urwego rwa Polisi, Johnston Busingye, yavuze ko Polisi y’u Rwanda ikomeje gushakisha umugore wandikiye Dr Frank...
Ibyaranze uyu munsi mu mateka, birimo n’iyicwa ry’abanya Uganda barimo bareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi mu 2010.
Turi tariki ya 11 Nyakanga, ni umunsi 192 mu minsi 365 igize uyu mwaka....
Umugabo witwa Habib wo mu gace ka Delta ko muri Nigeria, yitwikiye mu nzu nyuma yo gusanga umugore basezeranye kubana akaramata, bagakundana mu bibi no mu byiza ndetse ntibacane inyuma,...
Umwarimu wo mu mashuri yisumbuye mu gihugu cya Cameroon, ubu ari mu mazi abira nyuma yo gutanga igihano kitavugwaho rumwe ku bana b’abakobwa baje ku ishuri bakererewe.
Uyu mwarimu w’umugabo...
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Cyanika mu karere ka Burera hafungiye umugabo witwa J Claude Bizimana w’imyaka 35 y’amavuko nyuma yo gufatanwa amafaranga angana na 1,345,000 yibye mu karere ka...
Umusore utashatse ko amazina ye ajya ahagaragara yandikiye Umuryango abinyujije kuri E-mail atanga ubuhamya bw’ibyamubayeho ari nabyo ashingiraho avuga ko asanga abakobwa benshi kuri iki gihe...
Ahagana saa tanu z’ijoro ryo ku itariki 5 z’uku kwezi, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngororero yafashe Harerimana Sylvestre apakiye toni n’ibiro 46 by’amabuye y’agaciro ya Koluta (Coltan) ya magendu...
Dr Frank Habineza, yashyize mu majwi uwamututse akanamugeranya n’ingagi akanavuga ko akwiriye kuba Perezida wazo. Uyu mugabo yasabye Leta y’u Rwanda gukurikirana iki kibazo mu maguru mashya....
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakanga 2017, Umupolisi wo mu gihugu cya Uganda yakaswe ijosi n’abantu bataramenyekana banatwara imbunda ye.
Umukuru w’igipolisi cya Uganda, IGP Gen....
Perezida Omr Al Bashir yatumiwe mu nama idasanzwe izabera mu gihugu cy’u Burusiya mu minsi iri imbere.Ni ku ubutumirwe bwa mugenzi we uyobora igihugu cy’u Burusiya.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yerekanye videwo arimo gukubita umuntu ufite ku mutwe ibirango bya televiziyo y’ Abanyamerika CNN.
Aya mashusho Perezida Trump yashyize ku...
Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yanyujije ubwato bunini hafi y’ agake kiyitirirwa n’ u Bushinwa, iki gihugu kibyita agasuzuguro ndetse gihita kitegura intambara.
Ubwato bwa USS Stethem bwaciye...