Uwahoze ari Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama n’umugore we Michelle Obama bari mubiruko mugace kitwa Borgo Finocchieto mu Butaliyani aho bagiye kuryoherezayo ubuzima,...
Gen Alain Guillaume Bunyoni wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Burundi, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere na Minisitiri w’Intebe, azaburanira mu rukiko rw’ikirenga mu cyumweru gitaha, tariki ya 27...
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC cyatangaje ko cyaburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Antoine Tshisekedi, mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki...
Amerika ivuga ko Israel ishobora kuba hamwe na hamwe yarakoresheje intwaro yahawe n’Amerika ikarenga ku mategeko mpuzamahanga arengera ikiremwamuntu mu ntambara muri...
Ku cyumweru tariki ya 21 Mata i Goma (Kivu ya ruguru) umusirikare bikekwa ko ari uwa FARDC yarashe mu basivili,ahitana umuwe,abandi batanu barakomereka.
Ikigo gishinzwe Ingufu muri Ghana, Electricity Company of Ghana (ECG), ku wa Kane cyakupiye amashanyarazi Inteko Ishinga Amategeko kubera umwenda wa miliyoni $1.8 ikibereyemo. Byatumye ibiganiro...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hafashwe icyemezo cyo gusenya inzu 28 zo mu Mudugudu w’Urukumbuzi ahazwi nko kwa Dubai, ndetse n’izindi 14 zo mu Karere ka Gasabo zubatswe binyuranye...
Polisi y’igihugu yatangaje ko umugabo yatawe muri yombi mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri nyuma yo kwinjira mu rukiko rw’ikirenga rwa Colorado akarasa mu...
Itsinda ry’abanyeshuri bakomoka muri Sudan ryakiriwe ku wa kabiri muri Kaminuza y’U Rwanda iri mu mujyi wa Huye aho bagiye gukomereza amasomo yabo y’ubuganga.