Umuhanzi wamenyekanye cyane mu myaka yashize nka Dr Jiji yagarutse mu muziki, aho yagarukanye imbaraga nyinshi mu ndirimbo nshya yise Umama ikoze mu rurimi...
Nkuko benshi babizi,umupira w’amaguru ni kimwe mu birombe biri kuvamo amafaranga menshi cyane ariyo mpamvu benshi mu bawubamo ukomeje kubakiza no kubahindurira...
Umurobyi witwa Abdallah wo mu gihugu cya Indonesia witwa Abdullah Nuren,yavuze ko atazibagirwa umunsi wa tariki ya 21 Gashyantare kuko yarobye ifi ifite mu maso nk’aho umuntu nyamara asanzwe aroba...
Kompanyi y’indege ya United Airlines yo muri Amerika ivuga ko yahagaritse indege zayo 24 zo mu bwoko bwa Boeing 777 nyuma yuko moteri y’imwe muri zo inaniwe gukora hashize akanya gato ihagurutse ku...
Amakuru aturuka mu binyamakuru bitandukanye mu Bwongereza aravuga ko ikipe ya Arsenal igiye kugurisha abakinnyi bayo benshi mu mpeshyi kugira ngo ibone abashya ndetse inagabanye umushahara...
Ikipe ya FC Porto yatsinze Juventus ibitego 2-1 mu mukino ubanza wa 1/16 cya UEFA Champions League iyiha akazi mu mukino wo kwishyura uteganyijwe tariki 09 Werurwe mu mujyi wa...
Mu Murenge wa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana, inzego z’ubutabera zataye muri yombi umugabo wiyemerera ko mu gihe cy’umwaka umwe amaze gusambanya abana b’abahungu 20. Uyu mugabo kandi yari amaze...
Umutoza wa Manchester United witwa Ole Gunnar Solskjaer yanenze abakinnyi be kubera ubwitonzi bukabije bwabo butuma batajuririra ibyemezo bafatirwa aho yabasabye ko mu mikino itaha bajya begera...
Mu Ntara za Iringa na Shinyanga mu Majyepfo y’Iburengerazuba mu gihugu cya Tanzania, abagabo baravugwaho kwiharira amashereka agenewe abana babo, bonka abagore babo mu rwego rwo kwivura isindwe...
Umusirikare w’umunyarwanda uri mu butumwa bw’amahoro bwa UN muri Centrafrique yiciwe mu mirwano hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta zifatanyije n’iza UN hafi y’umurwa mukuru Bangui, nk’uko bitangazwa...
Umutoza wa Arsenal,Arsene Wenger, yatangaje ko muri 2001 yaguze myugariro wakiniraga Tottenham witwa Sol Campbell,ageze mu ikipe abakinnyi yari asanganwe bamuvugiriza...
Myugariro wa Real Madrid,Sergio Ramos,biravugwa ko yanze amasezerano yahawe n’iyi kipe yagombaga kumugeza muri 2023 kubera ko PSG yamusezeranyije ko igiye kugura Lionel Messi bagatwara...
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta,wari mu bihe bibi cyane n’ikipe ya Arsenal nyuma yo kumara iminsi 56 atsindwa umusubirizo,yabwiye abafana b’iyi kipe ko intsinzi baraye babonye imbere ya Chelsea...
Amakipe yabaye aya mbere n’aya kabiri mu mikino ya Europa League ndetse n’ayabaye aya 3 muri UEFA Champions League yamaze kumenya uko azahura muri 1/32 aho ikipe ya Arsenal yatomboye Benfica yo...
Imikino ya CECAFA y’abatarengeje imyaka 17 igomba kubera mu Rwanda guhera kuri uyu wa gatandatu, yimuriwe kuri iki cyumweru tariki ya 13 Ukuboza 2020 kubera amategeko yo kwirinda icyorezo cya...
MTV Base televiziyo irimuzikunzwe cyane ndetse inakurikirwa n’abakunzi b’imyidagaduro muri Afurika, yashyize hanze urutonde rw’abahanzi bakoze neza mu mwaka wa 2020, hagomba gutoranywamo abazahabwa...
John Legend w’imyaka 40 y’amavuko yasimbuwe na Michael B Jordan ku mwanya w’umugabo w’igikundiro gihebuje w’umwaka wa 2020 watowe n’Ikinyamakuru “People”, aba umwirabura wa gatatu ushyizwe kuri uyu...
Mu gihe Donald Trump akomeje kuvuga ibirego bidafite ishingiro by’uburiganya nyuma y’amatora, Joe Biden wamusimbuye we ari mu kazi ubwo yatangizaga itsinda rishya rya COVID-19 rizafasha mu rugamba...
Kuva Paul Rusesabagina yatangira kuburana yunganirwaga n’abanyamategeko babiri yahawe n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda kuri ubu bavuye muri uru rubanza rwe, bikaba byamuhaye umukoro wo gushaka...
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo Mme Ingabire Paula ari mu Banyafurika 100 bashyizwe ku rutonde rw’abavuga rikijyana kurusha abandi. Mu Banyafurika 100 batoranyijwe, harimo Abanyarwandakazi...
Muri Nigeria, mu karere ka Lau muri Leta ya Taraba, umugore ugeze mu kigero cy’imyaka yo hagati yakase ubugabo bw’umugabo we amuziza kumumukekaho kuba yarateye inda undi...
Umutoza Mikel Arteta w’ikipe ya Arsenal yatangaje ko impamvu ikipe ye iri gutsindwa umusubirizo ari umunaniro ifite w’imikino myinshi iri gukina nyamara hamaze gukinwa imikino mike ugereranyije...