Umuhanzi Nyarwanda uba muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika,Mugisha Benjamin, uzwi ku izina rya The Ben yatumiwe mu gitaramo cyo kwizihiza umunsi wo kwibohora ku banyarwanda baba muri Canada.
Iki...
Abanyarwanda baba mu gihugu cy’u Bubiligi biteguye guhura na Perezida Paul Kagame mu kwezi gutaha aho azaba yitabiriye Ihuriro ngarukamwaka ryiga ku iterambere ry’umugabane w’u Burayi (annual...
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, Joseph Kabila, yamaze kwiyandikisha ku rutonde rw’abazitabira amatora y’umukuru w’igihugu mu gihe impaka z’itariki agomba kuberaho zigikomeje....
Ubushakashatsi bwakorewe muri kaminuza ya Binghamton University mu mujyi wa New York bwerekanye uburyo bukorwa n’Abayisilamu basenga bwitwa ‘ Salat ’ buvura uburibwe bw’umugongo bukanagorora ingingo....
Umukozi Perezida Donald Trump yashinze itumanaho ryo mu biro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika White House yeguye ataramara amezi atatu.
Mike Dubke, weguye kuri uyu mwanya ni...
Umukinnyi w’ icyamamare mu gukina amafilim Benjamin Geza Affleck-Boldt wamenyekanye nka Ben Affleck ku rwego rw’ Isi ari mu Rwanda mugihe hataramenyekana icyaba cyazanye uyu mugabo.
Uyu mukinnyi...
The Ben yavuze kuri Dr Jack witabye Imana wamukoreye ibihangano bitandukanye.The Ben yanyuzwe n’akazi yakorewe n’aba Producers barenga umunani.The Ben ngo akazi kakozwe n’aba Producers icyenda...
Christopher Maurice uzwi nka Chris Brown, umuhanzi wo muri leta zunze ubumwe za Amerika, uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko yateguriye umukobwa we ibirori bidasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko....
Urukiko rukuru rwo mu gihugu cya Uganda rwategetse ko akayabo k’ amafaranga kashyizwe mu mva y’ umuherwe Ivan Semwaga uherutse gushyirwa gakurwa gakurwamo.
Mu muhango wo gushyira itsinda rya Gang...
Perezida Joseph Kabila yatangaje ko atigeze asezeranya Abanyekongo igihe amatora azabera ahubwo ngo icyo yavuze ni uko arimo gutegura amatora vuba na vuba.
Ibi yabitangarije mu kiganiro...
Nabyirukiye muri Amerika, mu myaka myinshi namaze ndi umukobwa, naje kuryamana n’umusore ku nshuro ya mbere nsanga asiramuye kuko mu mugi dutuyemo gusiramurwa bisa n’ibiri mu muco.
Uko nabyumvise...
Ikinyamakuru cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Forbes Magazine , cyashyize hanze urutonde rw’abankinnyi bakize cyane ku Isi aho Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid ari we...
Kuya 2 Nyakanga 2017 nibwo biteganyijwe ko umuhanzi Diamond Platnumz azataramira i Kigali afatanyije n’itsinda ryubatse amateka ku Isi muri muzika rya Morgan Heritage.
Diamond na Morgan Heritage...
Ikinyamakuru Reputation Poll cyashyize Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku rutonde rw’ abantu 100 ba mbere bubashywe cyane kurusha abandi mu Isi muri uyu mwaka wa 2017.
Uru rutonde rugaragaraho...
Umunya Mali wari umaze umwaka akinira ikipe ya Rayon Sports ashobora kuyisohokamo akerekeza mu gihugu cya Misiri aho yifuzwa cyane n’ikipe ya Ismaily aho bivugwa ko abayobozi b’iyi kipe bamaze...
Umukobwa w’imyaka 12 utuye muri Leta ya Mississippi, imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagize amahirwe yo kuba uwa mbere uteruye musaza we, nyuma yo kubyaza umubyeyi we.
Jacee...
Iburyo ni Jonas, ibumoso ni Ricky
Umunyamerika wari umaze imyaka 17 afunzwe azira ubusa yarekuwe nyuma y’ uko habonetse uwo basa bari babitiranyije.
Richard Anthony Jones wo mu ntara ya Kansas...
Umukinnyi Moussa Camara wari umaze umwaka akinira ikipe ya Rayon Sports byamaze kwemezwa ni ubuyobozi bwa Rayon Sports ko yerekeje mu ikipe ya Ismailia yo mu Misiri aho yaguzwe akayabo k’ibihumbi...
Amagambo akomeje kuvugwa n’abantu benshi batandukanye, aragaruka cyane ku kuba Bruce Melody atarabashije kugaragara ku rutonde rw’abahanzi ny’Afurika bazaririmbana na Jason Derulo, bibaza bati: Ese...