skol
Kigali

Search: Arthur (149)

Umuhanzi wo muri Zambia Roberto yashimiye umunyarwenya Rutura na Dj Pius bamugobotse ubukene bumumereye...

Roberto uri mu bahanzi bakomeye muri Zambia wamamaye cyane mu ndirimbo “Amarula” akamenyekana cyane mu Rwanda mu ndirimbo yakoranye na Butera Knowless bise “Te amo” akaba ari no mu myiteguro yo kuza...
8 May 2019 1786 0

FIFA yahaye igihano gikomeye Rayon Sports kubera kwambura umukinnyi yaguze

FIFA yahaye Rayon Sports igihano cyo kutazagura abakinnyi bashya guhera muri Mutarama 2022 ndetse ikanakurwaho amanota 6. Rayon Sports izize kutishyura umunya-Cameroun Philippe Artur...
19 October 2021 2564 0

Arsenal irifuza abakinnyi 3 bakinira Juventus mu kwezi kwa Mbere

Amakuru aravuga ko Arsenal irimo gutekereza gusinyisha abakinnyi batatu ba Juventus mu isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo mu kwezi gutaha kwa Mutarama 2022. Kubera ko Umunya Ghana...
20 December 2021 1589 0

Rayon Sports imaze kubona akayabo nyuma y’umunsi umwe itangije gahunda yo kwishyura umukinnyi wayitsinze muri...

Nyuma y’iminsi ibiri gusa hatangijwe gahunda yo gukusanya amafaranga yo kwishyura rutahizamu w’Umunya-Cameroun Philippe Arthur Banen wareze Rayon Sports muri FIFA, hamaze gutangwa asaga miliyoni 7...
28 December 2021 2327 0

Abasangira ubusa !!!!RBA na FERWAFA bararebana ay’ingwe kubera akayabo ka Startimes

Ikigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru “RBA” cyatangaje ko nta mafaranga y’inyungu cyahawe na Startimes bafatanyije gushinga TV yerekana shampiyona y’u Rwanda kuri shene yitwa “Magic Sports TV” igaragara...
10 May 2022 4175 0

Umugabo washyingiranwe n’abagore 9 icyarimwe yahishuye umusaruro abifuzaho

Umugabo ufite abagore icyenda arifuza ko bose bamubyarira abana kandi mu minsi ishize yavuze ko asigaye atera akabariro na bose icyarimwe kubera ko ngo gusura umwe umwe byamunaniye. Arthur O...
17 May 2022 1723 0

Dore amwe mu mafoto y’ibyamamare byitabiriye ibirori bya Seka Live yaranzwe n’udushya gusa [AMAFOTO]

Byari ibitwenge gusa kubitabiriye igitaramo cya (Seka Live) gifatwa nk’igitaramo cya mbere kinini cy’urwenya kibera mu Rwanda, cyabaye nyuma y’igihe kinini Abanyarwanda bahanganye n’icyorezo cya...
30 May 2022 1055 0

Yiyemeje kubyarana n’abagore be batandatu kubera impamvu ikomeye

Umugabo ufite abagore batandatu yavuze ko afite gahunda yi kubyarana nabo bose binyuze mu guhuza intanga [ surrogacy] kugira ngo hatagira ugire ishyari. Bwana Arthur O Urso w’imyaka 37,ukomoka...
31 March 2023 2910 0

Ihere ijisho uburanga bw’umukobwa w’umudiyasipora wamaze gusezerana na Sintex [AMAFOTO]

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24 Kamena 2023, ibwo Sintex uri mu bahanzi b’abahanga unafite ijwi riryohera benshi mu bakunda injyana ya Dancehall, yasezeranye mu Murenge n’inkumi y’uburanga...
25 August 2023 2881 0

Perezida Kagame yahinduriye imirimo abarimo Pudence Rubingisa,Barore ahabwa kuyobora RBA

Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi barimo Valens Uwineza wagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ibiro bya Perezida, Pudence Rubingisa wagizwe Guverineri w’Iburasirazuba, na Cleophas Barore wari...
14 December 2023 3845 0

Kuri iki cyumweru Perezida Kagame arakirwa kuri radio na televiziyo by’ igihugu

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru saa cyenda tariki 25 Kamena Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame arakirwa kuri radio abaturage bagire umwanya wo kubaza ibi bibazo. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi...
24 June 2017 1711 0

Abakandida H.E Kagame, Dr Habineza na Mpayimana bazahurira mu kiganiro kuri televiziyo

Umuyobozi w’ ikigo cy’ igihugu cy’ itangazamakuru RBA, Arthur Assimwe yatangaje ko Abakandida batatu bahatanira umwanya wa perezida wa Repubulika, aribo Paul Kagame uhagarariye RPF-Inkotanyi, Frank...
14 July 2017 1806 0

Knowless, Tom Close, Indatwa, Migi,..ibyuya byavuyemo imodoka zihenze-AMAFOTO

Bamwe mu basitari bo mu Rwanda bazamutse ku rwego rwiza aho bamwe bamaze no kwigurira imodoka bagendamo.Ni mu mafato yafashwe na Kigali Today ducyesha iyi nkuru aho bamwe mu bahanzi n’abakinnyi...
25 January 2018 27498 0

Umwana wari wibwe yasubijwe Se na Nyina ameze neza

Ababyeyi b’ umwana witwa Chelsea Tazenya bazazwe n’ ibyishimo ubwo bongeraga kubona umwana wabo wari wibwe n’ umukozi ameze neza.
28 May 2018 5547 0

Perezida wa FC Barcelona yahaye amakuru mabi cyane abakunzi bayo

Perezida Josep Maria Bartomeu w’ikipe ya Barcelona avuga ko "bitakunda" ko iyi kipe yongera kugura Neymar akava muri Paris St-Germain bitewe n’uko ubukungu buhagaze muri iki...
3 August 2020 4848 0

Dore ubwiza bw’abanyarwandakazi bari guhatanira ibihembo muri Rwanda Infuencers Awards[AMAFOTO]

Ku nshuro yambere mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo byiswe ’Rwanda Influencers Awards’ aho kuri ubu hamenyekanye abari guhatana mu byiciro bitandukanye, birimo n’abakobwa 4 bari guhatana mu kiciro...
4 November 2021 3512 0

Rutura, Yago, Lucky na Antoinette Batunguranye mu mikino idasanzwe- AMAFOTO

Ibyamamare bitandukanye, byiganjemo abanyamakuru ndetse n’abavuga rikijyana ku mbuga nkoranyambaga ni bamwe mu batunguranye mu mikino idasanzwe ariko igamije...
13 November 2021 2160 0

Amafoto: Ibyamamare byitabiriye igitaramo cy’urwenya ’Inkuru ya Rusine’

Ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda byitabiriye igitaramo cya Rukundo Patrick umaze kubaka izina nka Rusine uri mu banyarwenya bagezweho mu ruganda rwa Comedy mu...
29 August 2022 1112 0

Ntawe utwika inzu ngo ahishe umwotsi! Reba inkuru z’urukundo z’ibyamamare zari ibanga rikomeye cyane

Akenshi na kenshi ibyamamare bitandukanye nyarwanda bikunze ku gira ibanga rikomeye imibereho y’urukundo rwabo gusa usanga n’ubundi bigaragarije rubanda , kuko nubundi amaherezo y’inzira ni...
22 September 2023 2734 0

Ubuyobozi bwa RBA bwavuze ku busabe bwabo bwo kwerekana shampiyona bwanzwe

Umuyobozi wa Televiziyo y’u Rwanda, Munyangeyo Dieudonné Kennedy, yatanze umucyo ku kibazo kiri hagati ya RBA na Rwanda Premier League ku busabe bwo kwerekana Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu...
22 September 2023 1430 0

Marines FC yahagamye Rayon Sports nkuko yabikoreye na APR FC

Ikipe ya Marines FC yahagamye Rayon Sports banganya ibitego 2-2 mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Kane wa Shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda.
7 October 2023 1174 0

Amavubi yatangiye imyitozo yo kwitegura Zimbabwe [AMAFOTO]

Ikipe y’Igihugu y’Amavubi yakoze imyitozo ya mbere yitegura umukino wa Zimbabwe na Afurika y’Epfo mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026.
6 November 2023 775 0

Zimbabwe: Perezida Mugabe yagiriwe inama yo kwandika igitabo ku buzima bwe aho kwirushya arwanira...

Uwahoze ari minisitiri w’intebe wungirije wa Zimbabwe, Arthur Mutambara, yabaye nk’ukoma mu nkokora ishyaka rya Zanu-PF riri ku butegetsi abwira abayoboke baryo, niba bamukunda koko, gufasha...
17 June 2017 590 0

Ciney bimutunguye yambitswe impeta y’ urukundo mu ruhame [Amafoto]

Umuraperikazi Uwimana Aïsha [Ciney] yatunguwe n’umusore bakundana amwambikira impeta y’urukundo imbere y’imbaga y’abitabiriye igitaramo gikomeye cy’urwenya cyabereye muri Serena Hotel i Kigali. Ciney...
27 March 2017 4244 0

BIRATANGAJE: Amaguru ye yihariye metero 1 na santimetero 30

Caroline Arthur, ni umunyamideri wabigize umwuga wo mu gihugu cya Australiya biravugwa ko yaba ari we mukobwa ufite amaguru maremare kurusha abandi bose ku isi. Mu butumwa uyu mugore yashyize...
12 February 2017 7151 0

Ben Nganji na Seburikoko batangiye gusetsa abantu mu buryo bw’ indirimbo

Umuhanzi akaba n’ umunyarwenya Bisangwa Nganji Benjamin na mugenzi we nawe ukora ibi byombi Niyitegeka Glatien uzwi ku izina rya Seburikoko batangiye gusetsa abantu babinyujije mu buryo bw’...
31 December 2016 1693 0

Tennis:Rafael Nadal na Kevin Anderson nibo bazahurira ku mukino wa nyuma wa US Open 2017(amafoto)

Mu ijoro ryakeye nibwo hamenyekanye abazahurira ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya nyuma muri akomeye muri Tennis akinwa buri mwaka aho ku ikubitiro umunya Afurika y’Epfo Kevin Anderson yasezereye...
9 September 2017 212 0

Bamporiki yasabiye Oda Paccy wikinze ikoma ku kibero kujyanwa mu kigo ngororamuco

Edourd Bamporiki anenga mu buryo bukomeye umuhanzikazi Oda Paccy wifotoje yikinze ikoma ku myanya ndangagitsina, ngo akwiye kujyanwa kuba mu kigo ngororamuco akavayo yaramaze guhinduka mbese...
10 October 2017 5675 0

Urutonde rw’abahatanira ibihembo muri American Music Awards

Urutonde rw’abazahatanira ibihembo mu bitwaye neza mu muziki muri Amerika bizwi nka (American Music Awards) rwagiye ahagaragara. Abahanzi bakomeye ku isi nka Bruno Mars, Drake na Ed Sheeran ni...
14 October 2017 491 0

Mu mafoto reba inzu 11 zo muri Afurika zisekeje utasanga ahandi

Wabonye inzu nyinshi nziza ku mugabane w’Afurika harimo indende cyane n’izindi nyinshi zitandukanye, Gusa birashoboka ko utarabona inzu zitangaje ushobora no kubona ukirirwa useka umunsi wose....
30 October 2017 7782 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120