Roberto uri mu bahanzi bakomeye muri Zambia wamamaye cyane mu ndirimbo “Amarula” akamenyekana cyane mu Rwanda mu ndirimbo yakoranye na Butera Knowless bise “Te amo” akaba ari no mu myiteguro yo kuza...
Amakuru aravuga ko Arsenal irimo gutekereza gusinyisha abakinnyi batatu ba Juventus mu isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo mu kwezi gutaha kwa Mutarama 2022.
Kubera ko Umunya Ghana...
Umugabo ufite abagore icyenda arifuza ko bose bamubyarira abana kandi mu minsi ishize yavuze ko asigaye atera akabariro na bose icyarimwe kubera ko ngo gusura umwe umwe byamunaniye.
Arthur O...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24 Kamena 2023, ibwo Sintex uri mu bahanzi b’abahanga unafite ijwi riryohera benshi mu bakunda injyana ya Dancehall, yasezeranye mu Murenge n’inkumi y’uburanga...
Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru saa cyenda tariki 25 Kamena Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame arakirwa kuri radio abaturage bagire umwanya wo kubaza ibi bibazo.
Ibi byatangajwe n’Umuyobozi...
Bamwe mu basitari bo mu Rwanda bazamutse ku rwego rwiza aho bamwe bamaze no kwigurira imodoka bagendamo.Ni mu mafato yafashwe na Kigali Today ducyesha iyi nkuru aho bamwe mu bahanzi n’abakinnyi...
Perezida Josep Maria Bartomeu w’ikipe ya Barcelona avuga ko "bitakunda" ko iyi kipe yongera kugura Neymar akava muri Paris St-Germain bitewe n’uko ubukungu buhagaze muri iki...
Ku nshuro yambere mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo byiswe ’Rwanda Influencers Awards’ aho kuri ubu hamenyekanye abari guhatana mu byiciro bitandukanye, birimo n’abakobwa 4 bari guhatana mu kiciro...
Ibyamamare bitandukanye, byiganjemo abanyamakuru ndetse n’abavuga rikijyana ku mbuga nkoranyambaga ni bamwe mu batunguranye mu mikino idasanzwe ariko igamije...
Ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda byitabiriye igitaramo cya Rukundo Patrick umaze kubaka izina nka Rusine uri mu banyarwenya bagezweho mu ruganda rwa Comedy mu...
Umuyobozi wa Televiziyo y’u Rwanda, Munyangeyo Dieudonné Kennedy, yatanze umucyo ku kibazo kiri hagati ya RBA na Rwanda Premier League ku busabe bwo kwerekana Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu...
Ikipe y’Igihugu y’Amavubi yakoze imyitozo ya mbere yitegura umukino wa Zimbabwe na Afurika y’Epfo mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026.
Caroline Arthur, ni umunyamideri wabigize umwuga wo mu gihugu cya Australiya biravugwa ko yaba ari we mukobwa ufite amaguru maremare kurusha abandi bose ku isi.
Mu butumwa uyu mugore yashyize...
Umuhanzi akaba n’ umunyarwenya Bisangwa Nganji Benjamin na mugenzi we nawe ukora ibi byombi Niyitegeka Glatien uzwi ku izina rya Seburikoko batangiye gusetsa abantu babinyujije mu buryo bw’...
Mu ijoro ryakeye nibwo hamenyekanye abazahurira ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya nyuma muri akomeye muri Tennis akinwa buri mwaka aho ku ikubitiro umunya Afurika y’Epfo Kevin Anderson yasezereye...
Urutonde rw’abazahatanira ibihembo mu bitwaye neza mu muziki muri Amerika bizwi nka (American Music Awards) rwagiye ahagaragara. Abahanzi bakomeye ku isi nka Bruno Mars, Drake na Ed Sheeran ni...