Nyakwigendera Willy Leonard Niyomwungere wari umuhanzi mu njyana ya Reggae,uherutse kwicwa na Coronavirus ubwo yari mu gihugu cya Malawi,yashyinguwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Mata 2020...
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The Economist cyo mu Bwongereza bwagaragaje ko Vienna, umurwa mukuru w’igihugu cya Autriche, ari wo mujyi wa mbere ku isi woroshye cyane...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko bazahagarika inkunga bagenera bimwe mu bihugu bizatorera Maroc kwakira igikombe cy’isi giteganyijwe mu mwaka wa...
Niyonizera Judithe warushinze na Safi Madiba yagarutse mu Rwanda avuye muri Canada nyuma y’igihe kitari gito yari amazeyo aho yagiye mu buryo butamenywe na benshi.
Judithe yavuye mu Rwanda mu...
Urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa RCS rwanyomoje amakuru avuga ko Dr Leon Mugesera ufungiye ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi yarembye agatereranwa na Leta y’ u Rwanda,...
Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys akaba umwe mu bavuga rikijyana muri iri tsinda yahishuye uko Safi yajyaga abazwa mbere y’uko arushinga, ngo yatunguwe n’ibyaherekeje ubukwe bwe na Judithe...
Urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Nzeli rwatangiye kuburanisha urubanza ubushinjacyaha buregamo Sous-Lieutenant Jean Claude Seyoboka wabaye mu ngabo z’U Rwanda, uregwa uruhare...
Abasore n’inkumi batandatu bahagarariye u Burundi mu marushanwa mpuzamahanga yo gukora Robots yaberaga i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , baburiwe irengero mu ijoro ryo kuwa 18...
Ubushinjacyaha bwa gisirikari kuri uyu wa kane bwabwiye urukiko rwa gisirikari I Nyamirambo ko Ex-FAR Sous Lieutenant Seyoboka Jean Claude ariwe wari uyoboye ibitero byishe abanyapolitiki...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo inkuru yabaye kimomo ko Alex Muyoboke usanzwe ari umujyanama (manager) w’abahanzi Charly na Nina, n’ umuhanzi w’ Umurundi uzwi ku izina rya Big Farious...
Rutahizamu Usengimana Danny wamenyekanye mu makipe nka APR FC, Police Fc, Singida yo muri Tanzania na Tersana SC yo mu Misiri,yashinje ikipe ya Police FC kumwima amahirwe yo kwerekeza muri FC...
Bahati wamenyekanye mu itsinda rya Just Family yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Unyuzimfura Cecile, usanzwe utuye hanze y’u Rwanda.
Mu kitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 27...
Nyuma yo kubatizwa mu mazi menshi akakira Yesu nk’umwami n’umukiza Bahati wamenyekanye mu itsinda rya Just Family yateguje ubukwe bwe n’umukunzi we witwa Unyuzimfura Cecile, usanzwe utuye hanze...
Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu...
Itsinda ry’abanyamuziki rikomoka muri Kenya, Sauti Sol ryakuyeho urujijo ku byavugwaga ko itandukana ryabo rishingiye ku mwuka mubi wari hagati yabo.
Mu cyumweru gishize, iri tsinda riri mu...
Igihugu cya Kenya cyaje ku rutonde rw’ibihugu icumi ku isi, aho abanyamahanga boroherwa no gutura kubera uburyo bwashyizweho buborohereza kubona serivisi bifuza.
Uru rutonde rwakozwe...