Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher muri muzika nyarwanda avuga ko atabonye amahirwe yo kwifotozanya na Perezida Kagame Paul ubwo bari mu birori byo kubyina intsinzi yari amaze...
Umuririmbyi Christopher Muneza wiyise Topher yatangaje impamvu nyakuri yatumye ava muri Kina Music ya Clement Ishimwe nyuma y’imyaka igera kuri irindwi bakorana mu buryo buzwi.
Uyu muhanzi...
Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher yatangaje ko nta kintu na kimwe ashaka kuvuga ku indirimbo bivugwa ko yakoranye na Meddy witegura kuza mu Rwanda.
Tariki ya 14 Ukwakira...
Umuhanzi Muneza Christopher umaze kwigarurira imitima ya benshi wamenyekanye nka Christopher yanyuzwe no kureba amaso ku maso umukino wahuje Paris St Germain na...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, rwategetse ko Dr Kayumba Christopher afungwa by’agateganyo iminsi 30 muri Gereza ya Nyarugenge, mu rubanza rwasomwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 5 Ukwakira...
Umuririmbyi Muneza Christopher wavuzwe mu rukundo n’abakobwa batandukanye ariko ntiyerure ko yaba ari mu rukundo, kuri ubu yahishuye ko imyaka irenga itatu akundana n’umukobwa utifuza kwisanga muri...
Umuririmbyi Muneza Christopher wamamaye nka Christopher muri muzika nyarwanda yahakanye yivuye inyuma ifoto yari imaze iminsi izengurutswa ku mbuga nkoranyambaga yamenyeshaga ibyerekeye ubukwe...
Christopher Muneza uri mu bahanzi bari kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi, avuga ko yakuye isomo rikomeye kuri Mariya Yohani bahuriye mu bikorwa byo kwamamaza Paul Kagame uhatanira kuyobora u...
Umuririmbyi Muneza Christopher aravuga ko hari umutekamutwe wafunguye Konti kuri Facebook mu izina rye agatangira kwaka abantu amafaranga ababwira ko yafashwe n’indwara y’umutima.
Uyu muhanzi...
Umuririmbyi Muneza Christopher wamamaye nka Christopher muri muzika nyarwanda yamaze amakenga abakunze kumubaza igihe azakorera ubukwe n’umukunzi we , ndetse hari n’abakundaga kuvuga ko ubukwe bwe...
Umuririmbyi Muneza Christopher wiyise Topher yatangaje ko nta munsi numwe azigera yicuza ku cyemezo yafashe cyo kuva muri Kina Music yari amazemo imyaka irindwi bamukorera amajwi n’amashusho...
Christopher Muneza usigaye wiyita Topher ku mbuga nkoranyambaga yatangaje ko amasaha 48 yamukoreye mbere na nyuma y’uko irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi risozwa, ngo...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwavuze ko ubujurire bwa Dr Kayumba Christopher nta shingiro bufite, rutegeka ko icyemezo cy’urw’Ibanze rwa Kicukiro mu rubanza rwaciwe muri Nyakanga 2020...
Umuhanzi Nyarwanda Muneza Christopher wamenyekanye nka Christopher mu njyana ya RnB, araburira abantu kwitondera umuntu urimo kubandikira akoresheje Facebook mu izina rye abakaba amafaranga kuko...
Melissa yavuze ko Christopher ntadatwara PGGSS 8 azamenya ko iri rushanwa ntabutabera bubamo ndetse yongeraho ko atakongera kujya kureba ibitaramo byaryo kubera ko kubera ko ntacyo azaba agiye...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwer Dr Kayumba Christopher ku byaha yari akurikiranyweho byo gusambanya undi ku gahato n’icyubwinjiracyaha muri icyo cyaha rutegeka ko ahita...
Muneza Christopher uri mu bahanzi icumi bari guhatanira Primus Guma Guma Super Star yagiranye ikiganiro n’abakoresha urubuga rwa Facebook maze bamubaza inshuro yasambaniye adakoresheje...
Umunyamakuru wa RBA ukorera kuri Televiziyo ya Kigali Chanel 2(KC2) witwa Abera Martina biravugwa ko ari murukundo n’umuhanzi Muneza Christopher udakunze kuvuga iby’urukundo...
Kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hatangiye kuburanishwa ubujurire mu mizi bwa Dr Kayumba Christopher wajururiye uru rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge muri kanama 2020...
Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 27 Kanama 2023, nibwo Christopher yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe, yerekeje muri Amerika aho agiye gukorera ibitaramo bizazenguruka muri Leta...
Umunyamategeko wunganira Umunyapolitiki Dr Christopher Kayumba uherutse gutabwa muri yombi, yatangaje ko umukiliya we yajyanywe kwa muganga mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 13 Nzeri 2021...
Umuyobozi w’Ishyaka, Rwandese Platform for Democracy (RPD), Dr Kayumba Christopher yasubiye iwe mu rugo mu byiswe ko yamaze amasaha ahatwa ibibazo n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha...