On the issue of migrants, Ivanka Trump, Donald Trump’s daughter has a vision other than that of his father. On the occasion of a conference in Washington, the eldest daughter of the American...
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yakiriye ibaruwa yandikiwe na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un. Umuvugizi w’ ibiro bya Trump ‘White house’ Sarah Sanders, yanze kuvuga...
Sebukwe na nyirabukwe ba Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomoka mu gihugu cya Slovenia bahawe ubwenegihugu bw’Amerika mu ibanga.
Melania Trump, umugore wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ko ateganya kugirira uruzinduko ku mugabane w’Afurika muri uyu mwaka wa 2018 nubwo bwose bitazwi neza aho...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasabye minisiteri y’ubucamanza y’iki gihugu gukora iperereza ku nkuru y’igitekerezo yasohotse mu kinyamakuru The New York Times yanditswe n’uvuga...
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yanenze bikomeye Perezida Donald Trump wamusimbuye kuri uwo mwanya kubera "ibintu birimo ubusazi biri kubera mu biro bya perezida...
Hirya no hino ku isi, hari abantu bakomeye mu nzego zitandukanye kandi bafite ububasha ku mubare munini w’abatuye isi, haba mu bya Politiki, mu by’ubukungu, kuba bavuga rikijyana cyangwa ibindi...
Perezida wa Leta Zunze za Amerika Donald Trump yasabye abandi banyamuryango b’ Akanama k’ umutekano mu Umuryango w’ Abibumbye gufasha Amerika kugira ngo Iran itazakora ibisasu by’...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yasezeranyije "kugera ku muzi" w’ikibazo kijyanye n’umunyamakuru Jamal Khashoggi wo muri Arabie Saoudite waburiwe...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump udahema kugaragaza ko yababajwe n’ iyicwa ry’ umunyamakuru Jamal Khashoggi yavuze ko ibisobanuro bya Arabia Saoudite...
Hatice Cengiz, umukunzi w’umunyamakuru Jamal Khashoggi wo muri Arabie Saoudite wishwe, avuga ko yanze kwitabira inama yari yatumiwemo n’ibiro bya White House bya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze...
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump mu butumwa yashyize kuri Twitter yasabye abatuye Leta ya California kumvira amabwiriza y’ abayobozi bakemera kwimurwa bwangu kuko inkongi y’...
President Donald Trump has extended by one year the sanctions taken in November 2015 by Barack Obama against personalities of Burundi, because of their role in the deterioration of the situation...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yongeye umwaka ku bihano Barack Obama wahoze ari Perezida wa US yafatiye abategetsi b’ Abarundi kubera uruhare Amerika ibashinja mu kwaniza...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagennye Heather Nauert, umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika, nk’uhagarariye Amerika mu muryango...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump aherutse gutera ububyara Perezida w’ Ubufaransa Emmanuel Macron kubera ikibazo cyo kuzamura imisoro ku bitoro cyakuruye imyigaragambyo ikomeye...
Kugeza ubu nubwo Kim Jong-un aheruka guhura na Perezida Donald Trump mu minsi ishize I Hanoi muri Vietnam hari amashusho yafashwe agaraza ko koreya ya ruguru yaba iri kuvugurura aho isuzumira...
Perezida wa USA,Donald Trump yapfobeje bikomeye ibitwaro byakangaranyije isi Koreya ya ruguru iherutse kugerageza,avuga ko ari udusasu dutoya tudakanganye.
Perezida wa Korea ya Ruguru,Kim Jong Un, yishe arashe intumwa ye kuri US yitwa Kim Hyok-chol wari ukuriye ikipe ishinzwe kuganira n’iki gihugu [senior negotiator] kubera ko ngo yamugambaniye...
Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika byatangaje ko Amerika yagabye igitero cyo kuri mudasobwa ku ntwaro za Irani, mu gihe Perezida Donald Trump yisubiragaho ku bitero...
Perezida wa USA,Donald Trump yongeye kugaragaza imyitwarire idahwitse ubwo yajyaga kuri Twitter agatukana bidasanzwe n’umuhanzi John Legend bikarangira ageze no ku mugore w’uyu muhanzi...
Ikinyamakuru BBC cyatangaje ko cyabwiwe ko Perezida Recep Tayyip Erdogan wa Turukiya yajugunye "mu myanda" (poubelle) ibaruwa ijyanye na Syria yandikiwe na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze...
Perezida Donald Trump yemeje ko umukuru w’umutwe wiyita leta ya kisilamu (IS),Abu Bakr al-Baghdadi,Wari mu buhungiro yishwe n’ingabo z’iki gihugu mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa...
Umudiplomate mukuru wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yabwiye akanama gakora iperereza ku kweguza Perezida Donald Trump ko yakurikije amategeko ya perezida ku kotsa igitutu Ukraine ngo ikore...
Abasesenguzi batandukanye muri Leta zunze ubumwe za Amerika, basanga byinshi Perezida Donald Trump yavugiye mu kiganiro Fox & Friends cyamaze iminota 53, kuri uyu wa Gatanu asubiza ibibazo...
Inteko ishinga amategeko y’Amerika yatumiye Perezida Donald Trump mu rubanza rwa mbere rwo kumweguza ruzaba ku itariki ya kane y’ukwezi gutaha kwa cumi na...
Ibiro bya perezida wa Amerika byatangaje ko ku wa gatatu Perezida Donald Trump n’abanyamategeko be batazitaba inteko izateranira mu cyumba cy’inteko ishinga amategeko ikomeje kwiga ku...