Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, yakiriye Perezida wa Estonia Madamu Kersti Kaljulaid uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’ iminsi ibiri.
Uruzinduko...
Perezida Museveni na Perezida Magufuli
Abatavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Perezida Nkunziza banenze ibyatangajwe na Perezida Museveni wa Uganda afatanyije na Perezida wa Tanzania John Pombe...
Indege yagenewe gutwara Perezida w’ u Burundi igiye kumara umwaka iparitse ku kibuga cy’ indege mpuzamahanga cya Bujumbura.
Hari ubwoba ko nta gikozwe iyi ndege yakomeza kwangizwa n’ umugese,...
Keith Schiller wahoze ari umurinzi wa Donald Trump yatangaje ko ubwo bari mu ruzinduko mu Burusiya mu mwaka wa 2013, umwe mu Barusiya yemereye Donald Trump abakobwa batanu bo kumuraza ariko...
Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yirukanye abayobozi babiri nyuma y’ uko ababajije amafaranga guverinoma izakoresha mu kubaka imihanda mu turere bayoboye bakamubwira ko batayibuka....
Kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukwakira 2017 Indege y’Uburusiya yari yabuze kuva ku munsi wa kane, yabonetse hasi mu mazi nko ku metero 200, ku nkengero za Barentsburg.
Igipolisi cya Norvege...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 26 Ukwakira 2017 mu mujyi wa Kigali mu rusengero rw’Abadiventiste b’Umunsi wa karindi i Remera habereye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri nyakwigendera...
Ishami rya LONI rishinzwe ubuzima ku isi, OMS, ryisubiyeho ku cyemezo cyo guha perezida Robert Mugabe umwanya wa ambasaderi w’umukorerabushake nyuma y’igitutu.
Mu itangazo umuyobozi wa OMS, Dr...
Umusore Mathieu Riebel umufaransa w’imyaka 20 yagonzwe n’ingobyi y’abarwayi (Ambulance) ubwo yari mu irushanwa rya Tour de Nouvelle Caladonie ku munsi w’ejo taliki ya 20 Ukwakira 2017 aho yari imbere...
Kuri uyu wa 19 Ukwakira 2017 Ubuyobozi bwa Authentic Word Ministries na Zion Temple Celebration Center mu Rwanda bwasohoye itangazo bwamagana, bubeshyuza ibaruwa yakwirakwije ku mbuga...
Mu rukerera rwo ku wa kabiri Taliki ya 11 Ukwakira 2017,nibwo habaye imikino ya nyuma muri Amerika y’amajyepfo (COMNBOL),aho ikipe ya Argentina yari yitezwe na benshi yatsindiraga Ecuador iwayo...
Dr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ ubuzima ashinzwe ubuvuzi rusange n’ ubuvuzi bw’ ibanze yagizwe umuhuzabikorwa wa Gahunda y’ igihugu yo kwita ku mikurire y’...
Kuri uyu wa mbere Umwami Mohamed wa VI wa Maroc na Perezida Paul Kagame baganiriye ku mavugururwa y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe (A ) uyoborwa muri uyu mwaka na Perezida...
Ku munsi w’ejo nibwo hatangajwe ko amakipe yaje mu myanya 4 ya mbere agiye gukina irushanwa rya ndi Umunyarwanda gusa kuri uyu wa Kane ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje...
Umuririmbyi Christopher Muneza wiyise Topher yatangaje impamvu nyakuri yatumye ava muri Kina Music ya Clement Ishimwe nyuma y’imyaka igera kuri irindwi bakorana mu buryo buzwi.
Uyu muhanzi...
Ambasade ya Amerika muri Tchad yafunzwe ku itegeko rya Perezida Idriss Deby Etino.Ni nyuma y’uko Perezida Donald Trump ashyize ku ilisiti iki gihugu mu bindi bihugu bitemerewe kwinjira muri...
Kigali Investment Company iyoborwa na Karangwa Gashabana Paul niyo yaguze umuturirwa wa Rujugiro muri cyamunara kuri miliyari 6.877.150 (Miliyari esheshatu, miliyoni 877 n’ibihumbi 150 z’amafaranga...
Kuri wa Mbere tariki 25 Nzeli 2017 saa munani nibwo hateganyijwe igikorwa cyo kugurisha mu cyamunara inzu ya Rujugiro Ayabatwa Tribert kubera imyenda y’ imisoro ba nyirayo babereyemo ikigo cy’...