Bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya As Kigali bari mu bitaro abandi bari gutaka indwara zidasanzwe mbere y’umukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona iyi kipe ifitanye na Sunrise i...
Ikipe ya APR FC yageze muri 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera AS Kigali ku bitego 2-1 mu mikino yombi.Umukino wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama warangiye...
Ikigo ngenzuramikorere,RURA,cyatangaje ko hari izindi bisi zitwara abagenzi 100 nshya zashyizwe mu mihanda ya Kigali,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mutarama,kugira ngo ngo zunganire...
Ikipe ya Rayon Sports WFC yatsinze AS Kigali WFC ibitego 2-1,ihita yiyongerera amahirwe yo kwegukana shampiyona cyane ko zombi nta yindi kipe ijya izihagarika.
Umujyi wa Kigali uri mu mijyi itatu yo muri Afurika yatoranyijwe guhabwa inkunga yo kubaka ubudahangarwa mu guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere no kugabanya ibyuka bihumanya...
Umujyi wa Kigali wandikiye Ferwafa uyimenyesha ko igomba kwibutsa Rayon Sports gukorana na kompanyi ya Urid Technologies isanzwe yishyuza amatike kuri...
Umujyi wa Kigali watangaje ko uri guhagarika bimwe mu birori bikorerwa mu mahema hirya no hino ko bitagamije gukuraho amahema akorerwamo ibirori ahubwo bigamije gushyiraho kubahiriza amabwiriza...
Uwahoze ayobora ikipe ya Rayon Sports, Munyakazi Sadate na Nzabonimpa Jean Damascène uzwi nka Desailly, bashobora gufata inkoni yo kuyobora AS Kigali idafite...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko kugeza muri Mata 2024 nta muntu uzaba akibarurwa mu batuye mu manegeka mu Mirenge ya Muhima, Gitega, Rwezamenyo na Kimisagara, binyuze muri gahunda...
Umugenzuzi mukuru w’imari ya leta yongeye gushimangira ikibazo cy’imodoka zidahagije zitwara abagenzi mu buryo rusange gikomeje kwigaragaza hirya no hino mu gihugu, cyane cyane mu mujyi wa...
Abaturage bo mu mudugudu wiswe ’Urukumbuzi Real Estate’ uzwi nko kwa Dubai uri i Kinyinya mu Mujyi wa Kigali basabwe kwimuka nyuma y’uko amazu bubakiwe atangiye gusenyuka bamwe akabagwaho...
Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na AS Kigali igitego 1-1, itakaza umwanya wa kabiri wahise ufatwa na Kiyovu Sports yatsinze Etincelles FC ibitego 2-1.
Mu mukino w’umunsi wa 23 wa Shampiyona,AS...
Ikipe ya Etincelles Fc yahagamye As Kigali mu mukino w’umunsi wa 21 wabereye kuri Stade Umuganda banfganya ibitego 2 kuri 2.
Umutoza wa Etincelles wishyuye mu gice cya Kabiri, yavuze ko ubuzima...
Mu rwego rwo kwishimira gusoza umwaka wa 2022 no gutangira neza umushya, mu ijoro kuwa 31 Ukuboza 2022, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buzaturitsa urufaya rw’ibishashi by’urumuri...
APR FC na AS Kigali zanganyije 0-0 mu mukino w’ikirarane wazihuje, bituma zikomeza guharira Rayon Sports ku rugamba rwo gushaka igikombe cya shampiyona.
Aya makipe yombi ari mu yahabwa amahirwe...
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha...
Mu dushya twaranze iki gitaramo harimo nko kuba uyu muhanzikazi yageze ku rubyiniro yambaye imyenda ikorerwa muri afurika ,ndetse harimo no kuba yaririmbanye n’umwe mubagab bafte ubugufi...
Ikipe ya Rayon Sports itereye ibaba I Rusizi kuko yatsinzwe ibitego 2-0 mu gihe APR FC na AS Kigali zatsinze imikino yazo zikomeza guhanganira igikombe cya shampiyona kibura iminsi mike ngo...
Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 17 Gashyantare 2018 nibwo hakomezaga imikino ya shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League aho ikipe ya AS Kigali imaze kunyagira Kirehe FC ibitego 3-1...