A local non-government organization has launched construction activities of the very first industrial kitchen in the country that will supply over 15,000 free nutritious meals to patients in six...
Umukobwa wo muri Zimbabwe witwa Uyauya wari wasuye u Rwanda avuga ko yahagiriye ibihe byiza ariko asharirirwa ubwo yangirwaga kwinjira mu kabyiniro ka Cocobean kari mu duharawe cyane mu Mujyi wa...
Mu nshamake y’ uko Isi kuri uyu wa 7 Kamena 2018 harimo inkuru y’ umukecuru wababariwe na Perezida Trump abisabwe na Kim Kardashian, mu Rwanda hafunguye kumugaragaro Ikigo cy’ igihugu kizajya gipima...
Kuri uyu wa Kane tariki 7 Kamena mu Rwanda hatangijwe ku mugaragaro Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gushakisha ibimenyetso "Rwanda Forensic Laboratory" kizajya gipimirwamo ibizamini bya...
The long-awaited National Forensic Laboratory will be inaugurated today, The New Times has established.
The facility, located in Kacyiru in the capital Kigali, cost about Rwf7 billion.
The...
Umurambo w’ umumotari bikekwa ko yitwa Nshimiyimana Deogratias wakoraga umwuga w’ ubumotari watoraguwe mu mudugudu wa Kabizoza mu kagali k’Agateko mu murenge wa Jali, akarere ka Gasabo mu mujyi wa...
Ku wa mbere tariki ya 28 Gicurasi 2018 ni itariki Ibemaso Eliane atazibagirwa kuko ari bwo yabonanye n’umuryango we nyuma y’imyaka 24 atazi niba bakibaho.
Umubyeyi witwa Nakabonye wo mu kagari ka Nyakabanda Umurenge wa Niboye mu karere ka Kicukiro umuhungu we w’ imyaka itanu amaze iminsi 6 ashimuswe n’ abantu bagishakishwa na polisi nyuma yo gutwara...
Abana bavuga ko bavuga ingabo za RPA zabatoraguye mu mirambo n’ ahandi hatandukanye bavuga ko babayeho nabi, aba bana bagera kuri 24 bavuga ko babanje kurererwa mu bigo by’ imfubyi bakajya...
Umupolisi Ndizeye Christophe wakoreraga kuri sitasiyo ya Mutenderi mu karere ka Ngoma mu ntara y’ Iburasirazuba yitabye Imana bitunguranye nyuma yo kuva mu kabari aho yari yasohokeye.
Mu...
Bimaze kugaragara ko ibiyobyabwenge n’ibisindisha bimaze kuba ikibazo gikomeye mu rubyiruko rw’ u Rwanda, ikaba ariyo mpamvu ubuyobozi bwa Leta y’ u Rwanda bwatangije ubukangurambaga bwo kurwanya no...
Umugabo wo mu karere ka Kicukiro arafunze nyuma yo gukubita umwana we akamukura iryinyo ubwo yarwanaga n’ umugore we akamuhunga akiruka, nahamwa n’ icyaha ashobora kuzafungwa amezi atandatu
Mu...
Ku cyumweru tariki 14 Mutarama uyu mwaka ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye umuhango wo gusezera mu cyubahiro Abofisiye bayo bagera ku 111 bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru....
Polisi y’ u Rwanda iravuga ko kugeza ubu igikora iperereza ku rupfu rw’ umukobwa wari umukozi mu rugo ruherereye mu murenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo mu mugi wa Kigali. Amakuru yasakaye ku...
Ku gicamunsi cyo ku wa mbere tariki 18 Ukuboza uyu mwaka, Polisi mu karere ka Muhanga yafashe abagabo batatu barimo gucukura Kolta (Coltan) mu buryo butubahirije amategeko.
Abafashwe ni Kwizera...
Imibare igaragazwa na Polisi y ‘ u Rwanda igaragaza ko abagore ari bo benshi bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Nk’ uko byatangajwe na CP Dr Daniel Nyamasa umuganga mu bitaro bya polisi...
Niyonshuti Ange Tricia w’abana babari yandikiye Tom Close bashakanye ibukubiye mu mwaka ine bamaze barushinze ndetse n’imyaka ine bamaze bakundana kugeza biyemeje gushyingiranwa.
Tariki ya 30...
Mu mategeko byemejwe ko umuririmbyi Aline Gahongayire n’umugabo we Gahima Gabriel batandukanye byeruye.Ni icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru ruherereye mu mujyi wa Kigali kuri uyu wa...
Abasenateri bagize komisiyo ya politiki n’imiyoborere myiza bavuga ko ibigo byita ku bahohotewe bya Isange One Stop Centers bikwiye no gushyirwa mu bigo nderabuzima, kubera uruhare bigira mu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ukwakira 2017 abaturage bo mu murenge wa Gisozi wo mu karere ka Gasabo batoraguye mu mugezi umwana w’ uruhinja yapfuye.
Uyu mugezi uherere mu karere...
Rutagengwa ni umugabo w’imyaka 50 y’amavuko utuye mu Kagara ka Kamatamu mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo amaze umwaka wose yicara mu gisambu aho aba afite agatebe n’umupira aba afite mu...