Umuyobozi w’ akarere ka Rubavu Simanenye Jeremie n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru batawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda bakekwaho kubangamira bamwe mu...
Ku itariki ya 17 Nyakanga 2017; 817 bo mu Ngabo z’ u Rwanda bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru abandi barangiza amasezerano y’akazi.Urubuga rwa RDF rugaragaza ko ofisiye jenerali ajya mu kiruhuko...
Ibyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
Itsinda rya Urban Boys rigizwe na Safi Madiba, Nizzo Kaboss ndetse na Humble Jizzo bamaze gushyira hanze indirimbo bise ‘Mama’ iri no gutunganyirizwa amashusho kuburyo mu minsi ya vuba aba yagiye...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza uzahagarira ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR yasezeranyije abatuye mu karere ka Nyamasheko ko...
Dr Frank Habineza, Umukandida uzahagararira ishyaka riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2017 yiyamamarije mu murenge wa Muganza w’...
Kitoko Bibarwa usanzwe ukorera muzika mu Bwongereza yageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Nyakanga 2017, yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe ku saa yine n’igice.
Mu...
Umunyamabanga mukuru wa FPR-Inkotanyi, Ngarambe François, yavuze ko mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wabo Paul Kagame bazakora uko bashoboye bakagera muri buri Karere, ngo hari naho bazagera ku...
Icyamamare Akon, umuririmbyi wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ufite inkomoko muri Senegal yemeje ko azaza mu Rwanda kwitabira “Youth Connekt Africa Summit" izaba tariki 19 -21 Nyakanga 2017....
Nyuma y’imyaka igera kuri ine; Musabwa Bibarwa Patrick wamamaye nka Kitoko aragera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu w’iki cyumweru tariki ya 12 Nyakanga 2017.
Kitoko aherutse gushyira hanze Indirimbo...
Barafinda Ssekikubo Fred umwe mu bari batanze kandi kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika utaragaragaye ku rutonde ndakuka rw’ abemerewe kwiyamamaza aravuga ko Komisiyo y’ amatora...
Tariki ya 09 Nyakanga, ni umunsi w’ 190 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 175 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye...
Umukandida wigenga wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017 yavuze ko yashimishijwe cyane no kuba ari mu bakandida batatu bemerewe kuziyimamaza yongeraho...
Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko Diane Shimwa Rwigara atagaragaye ku rutonde ntakuka rw’abahatanira kuyobora u Rwanda kubera ko imikono y’abamusinyiye yagaragayemo akamaso ndetse ko harimo...
Mpayimana Philippe niwe mukandida wigenga wenyine wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda muri bane bari babyifuje.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga komisiyo y’ igihugu y’...
Taliki 11/5/2017 nibwo abakorera mu nyubako ya UTC y’Umunyemali Rujugiro n’abandi bafatanyije babonye amaruwa ababwira ko igiciro cy’ubukode kizazamuka kuva mu kwezi kwa Nyakanga uyu mwaka kikagera...
Mu murwa mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa guhera ku itariki ya 27 Kamena kugeza ku wa 04 Nyakanga 2017 hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma akaba ari naho hafatiwe umwanzuro w’uko u...
I Kigali hagiye kubera inama ya mbere ku rwego rw’akarere ihuza abagore bari mu nzego z’umutekano. Mu byo iyi nama izibandaho harimo gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro yafatiwe mu nama ya...
Umuryango wa umuririmbyi Kagambage Alexandre wamenyekanye cyane mu Rwanda akaza kwitaba Imana, agashyingurwa mu buryo bworoheje urishyuza Ambasaderi Joseph Habineza imva ya Kagambage yemeye...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye Isaac Munyakazi yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri uko ingengabihe y’Amashuri Abanza n’Ayisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2017.
Nk’ uko...