Umubyeyi w’umwangavu yemeye ko yateje urupfu rw’umukobwa we w’amezi 20 i Brighton, ubwo yamusigaga wenyine mu nzu agiye mu marushanwa y’ubwiza yaberaga mugihugu...
Perezida Kagame yatangaje ko yishimiye icyizere abanyarwanda bakomeje kumugirira, ndetse ko azabakorera uko ashoboye, ashimangira ndetse ko ari umukandida mu matora ataha y’Umukuru...
Umuvugizi w’urugaga rw’amashyaka ari ku butegetsi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo, yavuze ko Jean-Pierre Bemba ashobora kutemererwa kwiyamamaza mu matora ya perezida ateganyijwe mu...
Komisiyo y’amatora (NEC) yatangaje ko mu bantu 539 batanze kandidatire zabo bashaka kwiyamamaza mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu kwezi gutaha, abagera kuri 521 ari bo babyemerewe, bivuze ko...
Abaturage bo mu Murenge wa Mamba wo mu karere ka Gisagara ntibagize amahirwe yo kugezwaho imigabo n’ imigambi n’ abakandida depite barenze babiri, gusa ngo ntacyo bibatwaye. Meya wa Gisagara yavuze...
Umunyapolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Leta ya Kongo Jean-Pierre Bemba nyuma y’ uko agerageje kwiyamamariza kuba Perezida wa Kongo Komisiyo y’ amatora ikamwangira yavuze ko nta gahunda...
Perezida wa Uganda ,Yoweli Kaguta Museveni yabwiye mugenzi we Bobi Wine ufunzwe azira kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 mu kwiyamamaza kwe ko we n’abarwanashyaka be bari gukinisha umuriro...
Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2020, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda wari mu gikorwa cy’amasengesho yibasiye Abazungu, Polisi y’Igihugu ndetse na Komisiyo y’Amatora hejuru y’imyitwarire ya Bobi Wine mu...
Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yavuze amagambo akomeye mu gusoza ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu mugoroba aho yavuze ko “igisirikare cyacu uyu munsi gishobora kurasa i Kigali kiri i...
Umunyarwanda Mpayimana Philippe yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yiteguye guhatana mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri uyu mwaka.
Mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa 4...
Muri Kanama uyu mwaka 2017 mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika birimo Kenya, u Rwanda, na Angola abaturage bazitorera umukuru w’ igihugu.
Muri Kenya n’ u Rwanda ibikorwa byo...
Urukiko rw’itegekonshinga rwa Zambia ku wa gatanu rwemeje ko Perezida Edgar Lungu ashobora kwiyamamaza mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka wa 2021.
Prof Yemi Osinbajo usanzwe ari Visi Perezida wa Nigeria, yarokotse impanuka y’indege ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ubwo yari agiye mu bikorwa byo...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yatangaje ko nta bikorwa byo kwiyamamaza bihari byatuma ufashije abagizweho ingaruka na Covid-19 abishakiraho kwamamara...
Uwari Perezida w’Uburundi Nyakubahwa Pierre Nkurunziza yatabarutse kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Kamena 2020 azize guhagarara k’umutima nkuko byavuzwe na Guverinoma y’u...
Inyandiko nyinshi n’amatangazo byerekeranye no kwiyamamaza kwa Donald Trump mu matora y’umukuru w’idihugu yasibwe kuri Facebook kubera ko yagaragazaga ikimenyetso cyakoreshwaga n’Abanazi, mu...
Abaturage bagera kuri miliyoni 29 uyu munsi ku wa gatatu babyukiye mu matora y’umukuru w’igihugu, abakandida 15 barahatana, babiri muri bo ni bo bakuruye imbaga nini mu...
Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko abashaka kwiyamamaza ku mwanya wa perezida w’u Rwanda hamwe no ku mwanya w’abadepite bagomba gutanga kandidatire zabo kuri iyo komisiyo hagati ya 17 – 30...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora((NEC)) iratangaza ko ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika mu Rwanda bitemewe mu gihe igihe cyagenewe ibyo bikorwa kitaragera.
Muri iyi minsi...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze...