Abantu bagera kuri 18 bishwe kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri mu mujyepfo y’umujyi wa Sinaï muri Misiri mu gitero cyakozwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kiyisilamu ku bashinzwe...
Umutwe w’iterabwoba wa al-Shabab watangaje ko ariwo wishe umwe mu bayobozi bakomeye b’ibiro by’iperereza muri Somaliya hamwe n’abasirikare babiri bari bari bamucungiye umutekano, ni mu mutego wateze...
Umunya Croatia Luka Modric ukinira ikipe ya Real Madrid yigaranzuye Cristiano Ronaldo na Mohamed Salah yegukana igihembo cy’umukinnyi witwaye neza mu mwaka w’imikino...
Umutoza wa Arsenal yavuze ko gutsinda ikipe ya Liverpool uyu mwaka ari ikizamini kigoye cyane kubera abakinnyi bayo 2 bakomeye barimo Mohamed Salah na myugariro Virgil Van Dijk uhagaze neza...
Umuherwe witwa Mohammad Bin Salman usanzwe ari igikomangoma cya Saudi Arabia yamaze gutanga akayabo ka miliyari 3 n’ibihumbi 800 by’amadolari kugira ngo agure ikipe ya Manchester United ifitwe...
Umutoza wa APR FC,Adil Mohamed, yakoranye ikiganiro n’abanyamakuru mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu aho yavuze ko umukino uzamuhuza na Rayon Sports ari nk’indi kuko imikino yose ari amanota atatu...
Ikipe ya Misiri yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika isanzeyo Senegal nyuma yo gutsinda Cameroon kuri penaliti 3-1 nyuma y’uko iminota 120,yakinwe kuri uyu wa Kane, yarangiye ari 0-0 ku...
Ibihugu bituranye na Niger byiyemeje kuyitabara, mu gihe umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Uburengerazuba (CEDEAO) waba ugabye ibitero kuri iki gihugu bigamijeho gusubiza ku butegetsi Perezida...
Muri iyi minsi Video y’umugabo wambaye isuti arimo gukina n’intare eshatu yakwiriye henshi ku mbuga nkoranyambaga mu bihugu bya Africa, ariko mu by’ukuri ntabwo ari iy’umupastoro urimo kwerekana...
Umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports,Mohamed Wade, yahishuye urutonde rw’abakinnyi 21azakoresha kuri iki cyumweru ahangana na Musanze FC batarimo 3 basanzwe babanza mu...
Umutoza wa Rayon Sports, umunya-Mauritania, Mohamed Wade yavuze ko ari gukorera mu buryo bugoye bigatuma atsindwa gusa atari iheba kuko amanota andi makipe amurusha...
Perezida wa Rayon Sports,Uwayezu Jean Fidele, yavuze ko iki Cyumweru kizarangira babonye umutoza mukuru,hanyuma umunya Mauritania, Mohamed Wade,azamubere umutoza...
Dr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ ubuzima ashinzwe ubuvuzi rusange n’ ubuvuzi bw’ ibanze yagizwe umuhuzabikorwa wa Gahunda y’ igihugu yo kwita ku mikurire y’...
Mohamed Salah aciye agahigo,Manchester city iba mpatse amakipe,Wenger asezerera mu bicu,Antonio Conte na Chelsea barangiza bimyije imoso mu byaranze umunsi wa nyuma wa Premier League...
Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelona n’igihugu cya Argentina yatangaje ko nyuma y’uko Umufaranssa Antoine Griezmann yanze kuza muri FC Barcelona,iyi kipe yakagombye gushyira ingufu mu gushaka...
Myugariro wa Real Madrid akaba na kapiteni wayo Sergio Ramos yandagaje bikomeye umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp uherutse kumushinja kugambirira kuvuna Mohamed Salah ku mukino wa nyuma wa UEFA...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yashimiye Luka Modric na Mohamed Salah batsinze mu bihembo bya FIFA The Best ndetse yibutsa abamushinje kubagirira ishyari bigatuma yanga kwitabira uyu...
Umutoza w’ikipe ya Liverpool,Jurgen Klopp yemeje ko mu mukino wo kwishyura wa ½ cya UEFA Champions League bazahuramo na FC Barcelona,adafite ba rutahizamu be babiri bakomeye barimo Mohamed Salah na...
Uwahoze ari perezida wa Nigeria, Olusegun Obasanjo we n’abandi bagenzi 393 barokotse impanuka y’indege yo mu bwoko bwa Boeing 777-300 ubwo yananirwaga kugwa ku kibuga cy’indege cya Murtala Mohammed...