Ikipe ya Patriots BBC yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 13 izifashisha mu mikino ya BAL barimo umuraperi w’Umunyamerika, J. Cole wubatse izina rikomeye.
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’U Rwanda Amavubi yavuze kuri Kwizera Olivier wahawe ikarita itukura ku munsi w’ejo mu mukino wahuzaga ikipe y’U Rwanda n’ikipe ya Cameroon. Tubibutse ko iyi karita itukura...
Ku munsi w’ejo nibwo umuzamu Kwizera Olivier yahawe ikarita y’umutuku ubwo yari asigaranye na Rutahizamu wa Cameroon wenyine agasohoka hakagaragara ko yamukandangiye.
Umugore n’abana bane bapfiriye mu mubyigano w’abashakaga kureba isanduku irimo umurambo wa John Magufuli ku kibuga cy’indege, nk’uko polisi yabitangarije...
Nyuma y’aho umutoza Mashami Vincent ahamagaye abakinnyi 31 bagomba gufasha ikipe y’igihugu "Amavubi" mu mikino ibiri yo gushaka itike ya AFCON 2021,abakina mu Rwanda bahise berekeza i Nyamata mu...
Leta y’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko kubuza abagenzi bavuye mu Rwanda kujya mu Bwongereza ari umwanzuro "udashingiye kuri siyansi".
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Guverinoma y’u...
MTV Base televiziyo irimuzikunzwe cyane ndetse inakurikirwa n’abakunzi b’imyidagaduro muri Afurika, yashyize hanze urutonde rw’abahanzi bakoze neza mu mwaka wa 2020, hagomba gutoranywamo abazahabwa...
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia yahaye amasaha 72 ingabo za leta ya Tigray yo mu majyaruguru y’igihugu ngo zibe zamanitse amaboko zemere ko zatsinzwe, mu gihe iza leta ya Ethiopia zirimo kwerekeza...
Umukino wa 4 mu gushaka itike ya AFCON 2022 waberaga kuri stade ya Kigali warangiye u Rwanda runganyije na Cape Verde 0-0 ruguma ku mwanya wa nyuma mu itsinda F n’amanota...
Kuri uyu wa gatanu, abakinnyi b’ikipe y’Igihugu AMAVUBI, bipimishije icyorezo cya COVID-19 mbere yo kwinjira mu mwiherero wo kwitegura CAPE VERDE mu rwego rwo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cya...
Umutoza w’Ikipe y’igihugu “Amavubi”,Mashami Vincent yamaze guhamagara abakinnyi 37 azitabaza mu mIkino 2 yo gushaka itike ya CAN 2022 izabera muri Cameroun, izakina na Cape...
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Drissa Dagnogo wo muri Cote d’Ivoire yirukanwe mu nzu nyuma y’amezi 3 atishyura kubera ko iyi kipe ye yananiwe kumuhemba ariyo mpamvu abakunzi ba ruhago mu Rwanda...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Kanama 2020,Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru kiyoborwa na Minisitiri Dr Vincent Biruta, akaba ari na we muvugizi wa...
Leta ya Liban (Lebanon) ivuga ko abategetsi benshi bo ku cyambu cya Beirut ubu bafungishijwe ijisho hategerejwe ko iperereza ritangira ku iturika rikaze ryo ku wa...