Umubyeyi w’umukuru w’igihugu wa mbere watowe n’abaturage mu Burundi yashinguwe kuri yu wa Kane tariki ya 01 Gashyantare, 2018. Umuhango wo kumuhereza bwa nyuma uwo mubyeyi uka wanitabiriwe n’umukuru...
Ku wa 26 Mutarama uyu mwaka, Polisi mu karere ka Rulindo yafatiye mu modoka abagabo babiri bicariye urumogi nk’uburyo bwo kurukwirakwiza; bakaba barakoresheje aya mayeri bibwira ko nta wubatahura;...
Rutahizamu Tidiane Kone wakinaga muri Rayon Sports yamaze kwerekeza mu ikipe ya NAPSA Stars yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Zambia aho yasinye amasezerano y’imyaka 2.
Uyu musore...
Ku cyumweru tariki 14 Mutarama uyu mwaka ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye umuhango wo gusezera mu cyubahiro Abofisiye bayo bagera ku 111 bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru....
Umuhoza Linda washyizwe mu bakobwa 6 bazaserukira intara y’amajyaruguru mu marushanwa ya Miss Rwanda 2018, yatangaje y’uko aramutse abaye Nyampinga w’u Rwanda yaca burundu amavuta ya Mukorogo akunze...
Umunyamakuru Sandrine Butera Isheja wa Radio Kiss Fm yumvikanira ku murongo wa 102.3 FM yashyizwe muri batatu bagize akanama nkemurampaka mu irushanwa ngaruka mwaka rya Miss Rwanda ritegurwa na...
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa guverinoma Louise Mushikiwabo, yatangaje ko Dr.Raymond Dusabe azahabwa ubutabera kandi ko nta sano urupfu rwe rufitanye na...
Umugabo ukomoka muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo bwa mbere yagejejwe imbere y’ urukiko rwo mu mujyi wa Cap Town abazazwa iby’ urupfu rw’Umunyarwanda Dr. Raymond Dusabe wiciwe muri...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 11 Mutarama 2018, hamenyekanye ko umunyarwandakazi Gaelle Bella IKIBAGENGA yaguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bikekwa ko ari abamwishe....
Inzego z’Umutekano n’abasivile baturutse mu Rwanda na Uganda bari mu mahugurwa y’imikoranire hagati yabo n’abaturage mu bikorwa byo kubungabunga amahoro.
Abasirikare, abapolisi n’abasivile 24...
Ubuyobozi bwa Alabama burimo gukora iperereza ku cyatwitse inzu ya Tina Johnson washinje Roy Moore umukandida ku mwanya w’ umusenateri ko mu 1991 yamufashe ku mabuno.
Nta muntu wigeze atabwa...
Umukinnyi Byukusenge Patrick watwaye Rwanda Cycling Cup y’uyu mwaka yatangaje ko inzozi ze ari ugukina nk’uwabigize umwuga ndetse ari gukora cyane kugira ngo abashe kubigeraho.
Uyu musore...
Kuri iki iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2017,nibwo inama ya komite nyobozi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yateranye yemeza ko imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere ku munsi wa...
Umutoza w’ikipe ya APR FC yababajwe no kongera gutakaza amanota muri shampiyona ubwo yanganyaga na Musanze igitego 1-1,kuri uyu wa Gatatu mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona.
Mu kiganiro...
Ikipe ya Miroplast FC yahawe agahimbazamusyi kikubye 3 kugira ngo itsinde ikipe ya Rayon Sports ku mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona utegerejwe uyu munsi. Amakuru agera ku UMURYANGO ni uko iyi...
Mu mukino w’umunsi wa 10 wa Azam Rwanda Premier League Police FC iki ya Police FC yari yakiriyemo Sunrise FC ku Kicukiro, umukino warangiye ikipe ya Sunrise FC ibashije kwicara ku mwanya wa...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Musambira ifatanyije n’abayobozi b’inzego z’ibanze bari gushakisha umugabo bivugwa ko yari umupfumu akaba akekwaho icyaha cyo gusambanya...
Ubuyobozi bwa Rwanda Insipiration Backup , kompanyi itegura irushanwa rya Miss Rwanda kuva 2014 batangaje ibyavuguruwe mu irushanwa rya Miss Rwanda.
Ni mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa...
Umunyezamu Bashunga Abouba wakiniraga ikipe ya Rayon Sports umwaka ushize yarushinje ku munsi w’ejo taliki ya 09 Ukuboza 2017, n’umukunzi we Cyuzuzo Djamila bari bamaze imyaka igera kuri 5...
None kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama...
• Mutangimpundu wakiniraga Les Amis Sportifs yagonzwe n’imodoka ari mu myitozo
• Mutangimpundu yari mu mwiherero wo kwitegura shampiyona y’Afurika
• Mutangimpundu yagonzwe n’imodoka ari kumwe na...
• FERWAFA yemeye ubusabe bwa Rayon Sports bwo gusubika imwe mu mikino ya shampiyona kubera ibibazo iyi kipe irimo
• Rayon Sports ishobora kugaruka mu kibuga mu kwezi kwa kwa kabiri
• Rayon Sports...