skol
Kigali

Search: Obama (267)

Igitabo cya Britney Spears kiri kugurwa bikomeye kubera amabanga kirimo

Igitabo cyitwa The Woman in Me kivuga ku mibereho y’umuhanzi Britney Spears,kiri kugurwa cyane kuko mu cyumweru cyacyo cya mbere yagurishije kopi miliyoni 1,1 muri...
2 November 2023 925 0

Perezida Trump yakomereje uruzinduko rwe rwa mbere muri Israel

Kuri uyu wa mbere tariki 22 Gicurasi 2017 nibwo indege itwara Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yagejeje Perezida Donal Trump mu gihugu cya Israel. Ni nyuma y’ aho ku wa Gatandatu w’...
22 May 2017 1632 0

Amerika: FBI yemeje ko iri mu iperereza ku kibazo cya Trump n’ u Burusiya buvugwaho kwivaganga mu matora

James Comey, umuyobozi wa FBI Umuyobozi w’ ibiro bya Leta zunze ubumwe z’ Amerika bishinzwe ubutasi n’ iperereza FBI, ku nshuro ya Mbere yemeje ko FBI irimo gukora iperereza ku bivugwa ko igihugu...
21 March 2017 1110 0

Perezida Trump yagize icyo avuga kuri Snoop Dogg wamugaragaje amurasa mu mashusho y’indirimbo ye nshya

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasubije umuraperi w’ Umunya – Amerika Snoop Dogg wamugaragaje mu mashusho y’ indirimbo ye nshya amusara. Nyuma y’iminsi ibiri umuraperi Snoop...
16 March 2017 3858 0

Uburusiya bugiye kwihorera kuri Amerika yabwirukaniye abadiplomate

Igihugu cy’ Uburusiya kiratangaza ko kigiye kwihorera kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika , kandi ko Leta zunze Ubumwe za Amerika arizo zizahatesekarira Ibi bitangajwe nyuma y’ aho ku munsi w’ ejo...
30 December 2016 2954 0

CIA yagaragaje ko Uburusiya bwafashije Trump mu buriganya bwatumye atorwa

Ibiro by’ Amerika gishinzwe ubutasi cyahishuye ko igihugu cy’ Uburusiya kivanze mu matora y’ umukuru w’ igihugu aheruka kuba muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika bigatuma Donald Trump atorwa binyuze mu...
10 December 2016 1821 0

Umwuka mubi wadutse hagati y’ Amerika n’ u Burusiya ushobora kubyara intambara y’ amasasu

Umubano wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ igihugu cy’ u Burusiya wongeye gusubira irudubi. Abakurikiranira hafi ibya politiki baravuga ko bishobora kubyara intambara y’ amasasu. Ku wa Kabiri w’...
31 July 2017 1878 0

Dore ibintu bikomeye byagiye bishwanisha Amerika n’ u Burusiya

Umubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana...
1 August 2017 1387 0

Trump yasubije Jay-Z wamwise agakoko gateye ubwoba

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yasubije umuririmbyi Jay-Z wamwise "agakoko gateye ubwoba" anahishura ko ku buyobozi akomeje gufasha benshi kubona imirimo. Mu butumwa bwe...
29 January 2018 2773 0

Prince Harry yatumiye mu bukwe bwe bw’ umwaka abakobwa bamubenze

Abakobwa babiri bigeze gukundana n’ igikomangoma cy’ Ubwongereza Harry de Galles aribo Chelsy Davy na Cressida Bonas bari batumiwe mu bukwe bwe na Meghan Markle bamwe bafata nk’ ubukwe bw’ umwaka...
21 May 2018 4068 0

Igihugu cya Kenya na Nigeria byaje mu bihugu bikunda Donald Trump

Kenya na Nigeria biri mu bihugu bifite abantu benshi bakunda Perezida Donald Trump wa Amerika, nk’uko byerekanwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Pew Research Center cyo muri Amerika gikora amatora...
9 January 2020 1846 0

Beyonce yashimiye abigaragambya muri US abasaba kuzashishoza mu matora

Umuhanzikazi Beyoncé Knowles yasabye abirabura kuzitabira amatora y’umukuru w’igihugu muri Amerika, ni mu ijambo yavuze ashimira igihembo yahawe kubera ibikorwa byiza mu bihembo bya BET Awards...
29 June 2020 1227 0

Ibyari byanditse mu ibaruwa irimo uburozi yohererejwe Trump byamenyekanye

Umugore wo muri Canada yarezwe n’urukiko rwa leta ya Amerika koherereza Perezida Donald Trump ibaruwa irimo uburozi bwa ricin.
23 September 2020 1379 0

Ibintu by’ingenzi 10 utamenye kuri Joe Biden Perezida wa 46 muri Amerika[AMAFOTO]

Joe Biden wari uhagarariye ishyaka ryaba Democrat yatsinze Donald Trump mu guhatanira kuba Perezida wa 46 wa Leta zunze ubumwe za Amerika. Joe Biden wahoze ari visi Perezida wa Leta z’unze ubumwe...
19 November 2020 4700 0

Abantu 17 banduye Covid-19 mu Rwanda abandi 21 barakira

Uyu munsi tariki ya 03 Ukuboza 2020,mu Rwanda habonetse abanduye Covid-19 bashya 17 barimo aba Kigali: 10, Gatsibo: 3, Rusizi: 2, Musanze: 1, Rubavu:1.Abamaze kwandura...
3 December 2020 832 0

Biden yahisemo umwirabura wahoze ari Jenerali ngo ategeke ibiro bikuru by’ingabo za US

Perezida watowe muri Amerika Joe Biden yahisemo Jenerali uri mu kiruhuko cy’izabukuru Lloyd Austin ngo abe umunyamabanga ushinzwe ingabo, nkuko bivugwa n’ibitangazamakuru byo muri...
8 December 2020 3182 0

Amateka ya Nancy Pelosi wongeye gutorerwa kuyobora umutwe w’Abadepite muri USA

Nancy Pelosi yongeye kugaruka cyane mu binyamakuru nyuma yo gutsindira manda ya kane nk’ukuriye umutwe w’abadepite mu nteko ishinga amategeko ya Amerika. Ni iyindi ntera mu myaka hafi 50 amaze muri...
4 January 2021 1935 0

Bizagenda bite ubwo Joe Biden na Kamala Harris bazaba barahira?

Perezida watowe Joe Biden ku munsi w’irahira rye azahita ajya muri White House - mu karasisi k’ibirori, ubwo uyu mudemokarate na visi-perezida we Kamala Harris bazaba bamaze...
19 January 2021 1856 0

Perezida Joe Biden agiye guhuza abana n’ababyeyi babo b’abimukira batandukanyijwe ku butegetsi bwa...

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yashyize umukono ku mategeko atatu agamije gusubiza hamwe imiryango y’abimukira yari yatandukanye ku butegetsi bwa...
3 February 2021 1022 0

Kuki Biden atazohereza ingabo kurwanya Uburusiya muri Ukraine ?

Perezida Joe Biden yashyize umuhate uboneka muri diplomasi mu kurwanya ibitero byari byugarije by’Uburusiya kuri Ukraine. Ubutegetsi bwe bwakomeje kuburira ko Uburusiya bugiye gutera - kandi...
25 February 2022 5714 0

Abayobozi b’ibihugu bikomeye ku isi bashushanyijwe n’umunyabugeni mu masura y’impunzi zisabiriza(AMAFOTO)

Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
15 June 2017 5961 0

Ifoto ya Donald Trump ashushanyije ameze nk’impunzi bitewe nuko yimye ubuhungiro abanyaSyria ikomeje guca ibintu ku isi niya...

Umunyabugeni Abdallah Al Omari n’umugabo ukomoka mu gihugu cya Syria ariko ubu n’impunzi iba mu gihugu cy’Ububiligi kubera ibibazo by’intambara bimaze igihe kinini muri iki gihugu cyo m’uburasirazuba...
14 June 2017 3470 0

USA: Perezida D. Trump yeruriye amahanga avuga ko iby’amasezerano y’i Paris atabikozwa

Nyuma y’amasaha make Perezida Trump avuze ko agiye kureba igikwiye ku cyemezo cyo kuva mu masezerano ya Paris, kuri uyu wa Kane 01, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikuye mu masezerano...
2 June 2017 583 0

Perezida Kagame yagaragaraje ikizatuma abakobwa batinyuka ikoranabuhanga

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yasobanuye ko imiyoborere myiza iha agaciro kangana abaturage ari yo izatuma abari n’abategarugori bagerwaho n’ikoranabuhanga bakanatinyuka kurikoresha. Yabivugiye...
11 May 2017 486 0

Menya uko Perezida Trump agambiriye gukorana na bimwe mu bihugu byo muri Afurika

Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
28 April 2017 3914 0

Amerika irashinja u Burusiya kugaba ibitero muri Ukraine

Leta ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika iyobowe na Prezida Donald Trump ikomeje gutunga agatoki igihugu cy’ u Burusiya, ku kugaba ibitero mu gihugu cya Ukraine. Ibyo byatangajwe na Minisitiri w’...
2 April 2017 1019 0

Umukwe wa Trump yemeye gutanga ubuhamya ku ruhare rw’u Burusiya mu matora ya USA

Jared Kushner, Umukwe wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), yemeye gutanga ubuhamya kuri komisiyo ya Sena ya Amerika ishinzwe ubutasi, mu iperereza ku ruhare Abarusiya...
28 March 2017 1868 0

Uwahoze ari Perezida wa Irani yandikiye Perezida Trump amugira inama

Mahmoud Ahmadinejad wahoze ari Perezida wa Irani yandikiye Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump ubutumwa buvuga kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika anagira inama Trump. Mu ibaruwa...
27 February 2017 3357 0

Melania Trump yibasiwe azira gusoma isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’

Abantu benshi bibasiye Umufasha wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump bamuziza ko yasomeye isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’ mu ruhame. Ku wa Gatandatu, Melania ari kumwe...
20 February 2017 4725 0

Uwahoze ari umujyanama wa Perezida Trump yasabiwe gukorwaho iperereza ryimbitse

Michael Flynn yeguye ku wa Mbere Ishyaka ry’Aba- républicain riri ku butegetsi muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, ryashyigikiye ko Michael Flynn wahoze ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano,...
15 February 2017 980 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240