Igitabo cyitwa The Woman in Me kivuga ku mibereho y’umuhanzi Britney Spears,kiri kugurwa cyane kuko mu cyumweru cyacyo cya mbere yagurishije kopi miliyoni 1,1 muri...
Kuri uyu wa mbere tariki 22 Gicurasi 2017 nibwo indege itwara Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yagejeje Perezida Donal Trump mu gihugu cya Israel.
Ni nyuma y’ aho ku wa Gatandatu w’...
James Comey, umuyobozi wa FBI
Umuyobozi w’ ibiro bya Leta zunze ubumwe z’ Amerika bishinzwe ubutasi n’ iperereza FBI, ku nshuro ya Mbere yemeje ko FBI irimo gukora iperereza ku bivugwa ko igihugu...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasubije umuraperi w’ Umunya – Amerika Snoop Dogg wamugaragaje mu mashusho y’ indirimbo ye nshya amusara.
Nyuma y’iminsi ibiri umuraperi Snoop...
Igihugu cy’ Uburusiya kiratangaza ko kigiye kwihorera kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika , kandi ko Leta zunze Ubumwe za Amerika arizo zizahatesekarira
Ibi bitangajwe nyuma y’ aho ku munsi w’ ejo...
Ibiro by’ Amerika gishinzwe ubutasi cyahishuye ko igihugu cy’ Uburusiya kivanze mu matora y’ umukuru w’ igihugu aheruka kuba muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika bigatuma Donald Trump atorwa binyuze mu...
Umubano wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ igihugu cy’ u Burusiya wongeye gusubira irudubi. Abakurikiranira hafi ibya politiki baravuga ko bishobora kubyara intambara y’ amasasu.
Ku wa Kabiri w’...
Umubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yasubije umuririmbyi Jay-Z wamwise "agakoko gateye ubwoba" anahishura ko ku buyobozi akomeje gufasha benshi kubona imirimo.
Mu butumwa bwe...
Kenya na Nigeria biri mu bihugu bifite abantu benshi bakunda Perezida Donald Trump wa Amerika, nk’uko byerekanwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Pew Research Center cyo muri Amerika gikora amatora...
Joe Biden wari uhagarariye ishyaka ryaba Democrat yatsinze Donald Trump mu guhatanira kuba Perezida wa 46 wa Leta zunze ubumwe za Amerika. Joe Biden wahoze ari visi Perezida wa Leta z’unze ubumwe...
Nancy Pelosi yongeye kugaruka cyane mu binyamakuru nyuma yo gutsindira manda ya kane nk’ukuriye umutwe w’abadepite mu nteko ishinga amategeko ya Amerika. Ni iyindi ntera mu myaka hafi 50 amaze muri...
Perezida watowe Joe Biden ku munsi w’irahira rye azahita ajya muri White House - mu karasisi k’ibirori, ubwo uyu mudemokarate na visi-perezida we Kamala Harris bazaba bamaze...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yashyize umukono ku mategeko atatu agamije gusubiza hamwe imiryango y’abimukira yari yatandukanye ku butegetsi bwa...
Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
Nyuma y’amasaha make Perezida Trump avuze ko agiye kureba igikwiye ku cyemezo cyo kuva mu masezerano ya Paris, kuri uyu wa Kane 01, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikuye mu masezerano...
Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
Leta ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika iyobowe na Prezida Donald Trump ikomeje gutunga agatoki igihugu cy’ u Burusiya, ku kugaba ibitero mu gihugu cya Ukraine.
Ibyo byatangajwe na Minisitiri w’...
Jared Kushner, Umukwe wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), yemeye gutanga ubuhamya kuri komisiyo ya Sena ya Amerika ishinzwe ubutasi, mu iperereza ku ruhare Abarusiya...
Mahmoud Ahmadinejad wahoze ari Perezida wa Irani yandikiye Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump ubutumwa buvuga kuri Leta zunze ubumwe z’ Amerika anagira inama Trump.
Mu ibaruwa...
Abantu benshi bibasiye Umufasha wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump bamuziza ko yasomeye isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’ mu ruhame.
Ku wa Gatandatu, Melania ari kumwe...
Michael Flynn yeguye ku wa Mbere
Ishyaka ry’Aba- républicain riri ku butegetsi muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, ryashyigikiye ko Michael Flynn wahoze ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano,...