Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles, asanga kuba shampiyona yarahagaritswe kubera ko Rayon Sports yagaragayemo abakinnyi banduye COVID-19 atari icyemezo gikwiye kuko andi makipe...
Amakuru asohotse ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu nuko abakinnyi 4 ba Rayon Sports bashobora kuba banduye COVID-19 mu gihe abandi 9 bagomba kongera gupimwa kuko batari bakorerwa isuzuma rya...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwahakanye ko nta mukinnyi wayo urwaye Malaria nyuma y’amakuru yavuzwe ku munsi w’ejo ko benshi mu bakinnyi bayo bibasiwe n’iyi...
Uyu munsi nibwo habaye imikino ya ¼ yo gushaka ikipe yerekeza mu kiciro cya mbere gusimbura Gicumbi Fc na Heroes zamanutse, aho Gorilla FC na Etoile de l’Est zatsinze zikatisha itike yo kuzahurira...
Abayobozi 7 bo mu Murenge wa Busasamana wo mu karere ka Rubavu bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo yabo kubera uburangare baherutse kugira bigatuma hari urubyiruko rutegura rukanakina umukino...
Umugabo wa Senateri Mureshyankwano Marie Rose witwa Ngendahayo Edouard ari mu bantu 7 baguye mu mpanuka y’imodoka 3 zagonganiye ahitwa mu Nkoto mu karere ka Kamonyi mu ntara...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Umukandida watanzwe n’ ishyaka FPR Inkotanyi ushyigikiwe n’ amashyaka umunani mu mashyaka yemewe mu Rwanda, Paul Kagame yabwiye abatuye akarere ka Karongi mu ntara y’Iburengerazuba ko intambara...
Kuwa gatandatu nimugoroba mu mvura yaguye mu bice by’Intara y’Iburengerazuba inkuba yakubise abantu mu mirenge wa Rubengera na Rwankuba muri Karongi ndetse no mu murenge wa Mushubati muri Rutsiro....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki 21-30 Mata 2024, hateganyijwe imvura iri hejuru y’iyari isanzwe igwa mu gihugu cyane cyane mu bice...
Umubiligi William Junior Lecerf ukinira Soudal–Quick-Step Devo yegukanye Agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2024 ka Karongi-Rubavu kakinwe ku ntera y’ibilometero...
Imibare yavuye mu ibarura rusange rya 2022 igaragaza ko abantu 16.7%, mu bantu bafite kuva ku myaka itatu kuzamura batigeze bagana intebe y’ishuri. Abakuru muri bo bivuze ko batazi gusoma no...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora [NEC],yasubitse amatora yo kuzuza Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Akarere ka Rubavu yari ateganyijwe hagati muri uku kwezi kwa Kanama 2023.
Itangazo iyi komisiyo...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bwo mu kirere, METEO Rwanda, cyateguje ko uku kwezi kwa Kanama kuzarangwa n’umuyaga mwinshi mu bice bimwe na bimwe ndetse n’imvura...