Umugabo ukuze wo mu kagari Munini , Umudugudu Rudakabukirwa mu murenge wa Gikomero wo mu karere ka Gasabo yishe umugore we wari ufite imyaka 35 amutemaguye ngo yagiye guhaha...
Abaturage bo mu murenge wa Muganza w’akarere ka Rusizi bavuga ko hari ubwo umuntu iyo apfuye banyirawe badafite ubutaka muri uyu murenge babura aho bashyingura ndetse hakaba n’ababa bafite ubutaka...
Umwe mu bakinnyi bakunzwe cyane n’abafana ba Rayon Sports Mukunzi Yannick yamaze kubacika yerekeza mu igeragezwa mu cyiciro cya kabiri muri Sweden we na Mubumbyi Barnabbe aho bivugwa ko bazakora...
Mu itangazo ryaturutse muri Misiteri y’Ubutabera iravuga ko kuri uyu wa 14/9/2018 Inama y’abaminisitiri yemeje irekurwa ry’abanyururu 2,140 nyuma y’uko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Mu...
Ushobora kuba ukoresha ubwirinzi bukomeye ngo urinde urugo rwawe, ugakoresha inzugi karahabutaka cyangwa se imbwa z’inkazi, ariko icyo wamenya ni uko iyo bigeze ku burinzi bwa Perezida wa Leta...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Nzeri 2018 ikipe ya Rayon Sports yiyubatse bikomeye kuko yaguze abakinnyi bakomeye barimo myugariro Iradukunda Eric bakunze kwita Radu na Mudeyi Suleiman ukina...
Mu ijoro ryakeye kuri uyu wa kabiri mu kagari ka Sovu mu murengewa Huye ho mu karere ka Huye,umusore yishe mugenzi we amukubise ubuhiri amumenagura umutwe.Abaturanyi baravuga ko inzoga z’inkorano...
Abunganira mu mategeko uruganda rukora itabi rw’umuryango wa Assinapol Rwigara barasaba ko uru ruganda rutahezwa mu rubanza ikigo cy’imisoro kiregamo abanyamigabane...
Umunyamakuru w’imikino kuri Radio 10 ukunzwe na benshi kubera ubusesenguzi bwe butagira ivumbi, Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Kastar, yatangaje ko umunyezamu Kwizera Olivier akeneye...
Umugabo w’ahitwa Cyahafi mu Murenge wa Gitega, yakubiswe ingumi n’umugabo mugenzi we amuziza ko yakoze ku kibuno cy’umugore we ndetse amwihanangiriza ko umugore we atari igikinisho cy’ubonetse...
Niyitanga Jean Calude bakundaga kwita Barthez cyangwa Kazungu warashwe nk’igisambo.
Mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 6 Nzeri 2018 nibwo abasirikare bari ku irondo mu gace ka Rwezamenyo kari I...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura umukino wa ¼ cya CAF Confederations Cup bafitanye na Enyimba FC muri Nigeria gusa abakinnyi 10 nibo bayikoze gusa mu gihe...
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho yavuze ko ikipe ye ntawe igomba gutinya kuko afite intego yo kuyigeza ku mukino wa nyuma wa CAF Confederations Cup...
Umuyobozi mukuru wa Gagamel Bebe Cool kuri ubu watangiye ibikorwa byo gufasha abinyujije mu muryango yashinze udaharanira inyungu wa “The Amber Heart Foundation” kuri iki cyumweru yohereje abana 5...