Mu gihugu cya Maldives giherereye mu majyepfo ya Asia mu Nyanja y’Ubuhinde, hafunguwe hoteli ya mbere ku Isi yubatse munsi y’amazi, ihabwa izina ry’Ikinyarwanda...
Muri kaminuza ya Dongguk yo mu mugi wa Seoul muri Koreya y’Amajyepfo hafunguwe ishuli ryigisha abasore n’inkumi gutereta ndetse no gufasha abantu kumenya guhitamo neza abo bakwiriye...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ntabwo azahura na Kim Jong Un mu kwezi gutaha niko ibiro bya Perezida wa Leta zunze Ubumwe White House byatangajwe kuri uyu wa 24 Gicurasi...
Inshamake y’ uko isi yiriwe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018 harimo uko Perezida Kagame yakiriwe mu ruzinduko arimo muri Ethiopia aho yagiye aturutse mu Bufaransa, Umugi wa Kigali n’ akarere ka Ruhango...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe kuri uyu wa 31 Gicurasi harimo uruzinduko rw’ Antonio Guterres muri RDC, Uruzinduko rw’ intumwa ya Kim Jong un muri US mu rwego rwo gutegura ibiganiro bizahuza Kim na...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo...
The Ugandan government plans to have its first locally-assembled vehicle by 2020 under the multi-million dollar Kiira Electric Vehicle Project, a high ranking official said...
Kuri uyu wa 25 Nyakanga I Kigali mu Rwanda haratangira inama 7 ihuza abanyeshuri bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bakaganira ku bibazo uyu mugabane ufite bagamije kubishakira...
Umugabo witwa Howard X ukomoka muri Hong Kong,usa neza nka perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru yatangaje ko amaze gusambanya abakobwa barenga 100 bamwitiranya n’uyu muperezida bakamuhigisha...
Raporo ya banki y’ isi yerekana uko ibihugu birushyanya korohereza abashoramari yashyize u Rwanda ku mwanya wa 29, nicyo gihugu gikennye kiza mu 100 bya...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’ ibihugu 20 bya mbere bikize ku Isi, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yeretse ibi bihugu ko bikwiye guha umwanya...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iby’Indege za Gisivile, cyatangaje ko cyafashe umwanzuro wo gukumira mu kirere cy’u Rwanda indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 8 na Boing 737 Max 9 Max ziri gukemangwa...
Ibiro bya perezida Vladmir Putin byatangaje ko uyu mukuru w’igihugu yitegura guhura na mugenzi we Kim Jong Un wa Koreya ya ruguru muri uku kwezi,ku nshuro yabo ya...