Rutahizamu wa Chelsea Eden Hazard,ntiyishimiye kuba N’golo Kante yahawe umushahara uruta uwe byatumye afata umwanzuro wo gusohoka muri iyi kipe mu kwezi kwa mbere cyangwa mu mpeshyi y’umwaka...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu ihurizo rikomeye ryo kugumana umutoza wayo mukuru Roberto Oliveira Goncalves do Carmo kubera akayabo k’umushahara yifuza,biravugwa ko bamwe mu bayobozi bayo bifuza...
Abarimu bigisha muri kaminuza ya Kibungo bari kurira ayo kwarika kubera ko bamaze amezi 6 batazi uko umushahara usa bitewe ahanini n’ubukungu bwifashe nabi muri iyi...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Manchester United burangajwe imbere na Ed Woodward bugiye guha akazi gahoraho umunya Norway, Ole Gunnar Solskjaer ndetse bumuhe umushahara atigeze ahembwa mu buzima...
Ikipe ya Liverpool niyo yagize amahirwe yo gusinyisha Cristiano Ronaldo mbere ya Manchester United muri 2003 aho yagombaga kumugura miliyoni 4 gusa ngo yagowe n’umushahara wa miliyoni imwe...
Kompanyi y’indege ya leta y’u Rwanda, RwandAir, yatangarije abakozi bayo ko igiye kubagabanyiriza imishahara mu guhangana n’ingaruka yagizweho n’icyorezo cya...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwamaze kwemeranya na rutahizamu wayo Micheal Sarpong gutandukana mu mahoro buri we se yemera gutanga ibyo asabwa kugira ngo birinde...
Ikipe ya Police FC yamaze gusinyisha uwari kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 nyuma yo kumuha akayabo ka miliyoni 15 000 000 FRW n’umushahara wo...
Rutahizamu akaba na kapiteni wa Arsenal,Pierre-Emerick Aubameyang yemeye kongera amasezerano y’imyaka 3 nyuma yo kongezwa umushahara ndetse no kwemererwa ko ikipe igiye kugura abakinnyi bakomeye...
Umukinnyi Mesut Ozil umaze igihe adakina mu ikipe ya Arsenal,yabwiwe n’ubuyobozi bw’ikipe buhagarariwe na Edu ko kugira ngo yongere kugaruka mu ikipe ya mbere ndetse akabona n’umwanya wo kubanza mu...
Biravugwa ko kizigenza Cristiano Ronaldo atagikenewe cyane mu ikipe ya Juventus kubera umushahara we uri hejuru ndetse no kuba akunda kwiharira ntakinane na bagenzi be mu...
Umutoza Ole Gunnar Solskjaer wa Manchester United udakundwa n’abakunzi b’iyi kipe benshi yemerewe kongererwa andi masezerano ndetse akongererwa n’umushahara.
Ikipe ya Paris Saint-Germain yabwiwe ko igomba gutegura umushahara wa miliyoni 43 zamapawundi ku mwaka niba ishaka gusinyisha umunya Norway,Erling Haaland ukinira muri Borussia Dortmund mu...
Ibiciro ku masoko mu Rwanda no mu karere bikomeje kuzamuka umunsi ku wundi ,arinako bikomeza kugora umuguzi usanzwe kutoroherwa n’ubuzima kubera umushahara utajyanye n’igihe no kubura akazi kuri...
Abakinnyi ba Kiyovu Sports baraye bahawe umushahara w’ukwezi kumwe basabaga ubuyobozi bw’ikipe, kuri ubu bari hamwe aho bari kwitegura umukino baza guhuramo na APR FC kuri uyu wa...
Umutoza w’Amavubi,Torsten Frank Spittler ukomoka mu Budage atangwaho akayabo ka miliyoni zirenga 23 FRW ku kwezi ubariyemo umushahara we n’ibindi by’ingenzi...
Umukinnyi wo hagati w’Ikipe ya Rayon Sports, Aruna Moussa Madjaliwa, yatangaje ko akomeje kubabazwa n’ibivugwa n’ubuyobozi bwayo ashinja kwanga kumuvuza, kumwima umushahara no gukomeza kumuteranya...
Komisiyo ishinzwe abakozi bal eta mu gihugu cya Uganda ikomeje kwotswa igitutu isabwa ibisobanuro ku busumbane bukomeje kugaragara mu mishahara y’abakozi aho ngo hari abayobozi bakuru mu nzego za...
Umukinnyi Alexis Sanchez yatangiye guteza umwuka mubi mu rwambariro rw’ikipe ya Manchester United kubera umushahara yahawe byatumye abakinnyi bakomeye muri iyi kipe batangira kwifuza kongezwa....
Umwana w’umukobwa w’imyaka 16 witwa Soni Kumari ukomoka mu Buhinde yishwe urubozo atewe ibyuma na shebuja,amuhoye ko yahoraga amwishyuza umushahara we yakoreye.