Abahagarariye abakozi mu Burundi bavuga ko uyu munsi mpuzamahanga wahariwe akazi n’abakozi ugeze benshi mu bakozi bo mu Burundi badashobora kurangiza ukwezi bagihaha.
Urugaga rw’amashyirahamwe...
Benshi mu bakunzi ba Manchester United bakunze kwinubira imitoreze y’umunya Norway,Ole Gunnar Solskjaer,ariko yongerewe amasezerano y’imyaka 2 azamugeza muri 2024 ndetse yongererwa umushahara....
Uko iminsi iza indi igataha, irushanwa rya Miss Rwanda rigenda rikura umunsi kuwundi, haba muburyo bwamikoro ndetse no muburyo rikomeza kwigwizaho abakunzi. Ni irushanwa kandi ritanga amahirwe...
Umukinnyi Mesut Ozil ukomeje kuzonga ikipe ya Arsenal ishaka kumugurisha akabyanga,yavuze ko impamvu nyamukuru yateye umutoza Mikel Arteta kumukura mu bakinnyi yifashishije nyuma ya guma mu rugo...
Uwari umutoza wa Gasogi United witwa Guy Bukasa,yamaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports nyuma y’aho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ari kumwe na KNC yari yavuze ko yaganiriye n’abayobozi b’iyi...
Umukozi wo mu rugo wo mu mujyi wa Lusaka muri Zambia witwa Cheelo Hamamba,yakoze amahano asiga umwana w’amezi 10 w’abakoresha be mu musarani,arangije ahasiga urwandiko rubabwira ko yabikoze kubera...
Abarimu b’amashuri abanza n’ayisumbuye bo mu turere tumwe na tumwe two mu ntara y’Amajyepfo bababajwe n’imishahara yabo y’ukwezi kwa mbere yatinze kubageraho aho bamwe bagiye kwivuza ku munsi w’ejo...
Ku munsi w’ejo,Taliki ya 26 Ukuboza 2018, nibwo byavuzwe mu binyamakuru bitandukanye ko Rayon Sports yamaze kumvikana na Casa Mbungo Andre ngo asimbure Robertinho warangije amasezerano agasaba...
Umwarimu ukiri muto ari kuvugwa cyane mu binyamakuru n’ imbugankoranyambaga bitewe no kuba yarigomwe umushara we akawudodeshamo impuzankano y’ abanyeshuri...
Rutahizamu ukomoka muri Uganda, Musa Esenu,wahoze akinira Rayon Sports,yerekeje mu ikipe nshya yitwa Masafi Al-Junoob SC yo mu cyiciro cya kabiri muri...
Abakinnyi batandatu ba Kiyovu Sports bari kwitegura gusezera ku ikipe kubera ko bamaze igihe badahembwa ndetse aba bariyongeraho umutoza Petros Koukouras nawe udaheruka...
Ikipe ya Etincelles Fc yahagamye As Kigali mu mukino w’umunsi wa 21 wabereye kuri Stade Umuganda banfganya ibitego 2 kuri 2.
Umutoza wa Etincelles wishyuye mu gice cya Kabiri, yavuze ko ubuzima...
Ikipe ya Manchester City iravugwaho ko yamaze gushyiraho umunyamategeko w’umuhanga cyane wahoze ari umwe mu bunganiraga uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson mu birego bya...
Umukinnyi Mohamed Salah yongereye amasezerano mu ikipe ya Liverpool kugeza muri 2025 nyuma y’uko yari asigaje umwaka umwe ngo ayo yari afite arangire.
Liverpool nayo yatangaje ko Mohamed Salah...
Perezida wa Tanzania , Samia Suluhu Hassan yemeje inyongera ya 23.3% ku mushahara fatizo, bikaba bifatwa nk’intambwe ikomeye mu guhangana n’ingaruka z’ihungabana ry’ubukungu by’umwihariko ku bakozi...
Umunyezamu w’umunyabigwi mu Rwanda,Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame yasinye amasezerano y’umwaka 1 mu ikipe ya Police FC ikomeje kwiyubaka cyane.
Amakuru aravuga ko uyu munyezamu yaguzwe Frw 7M,...
Ikipe ya FC Barcelona iri mu bibazo by’ubukungu byo ku rwego rwo hejuru yatewe no kuba ihemba umushahara uri hejuru abakinnyi bayo bayobowe na Lionel Messi ndetse ngo kugeza mu kwezi kwa mbere...
Kubera ikibazo cya Coronavirus gihangayikishije u Rwanda n’isi yose muri rusange,amwe mu makipe yo mu Rwanda arimo na Rayon Sports yananiwe guhemba abakinnyi bayo ariyo mpamvu bamwe batangiye...
Abakinnyi b’ikipe ya Arsenal barakajwe cyane n’ubusabe bw’abayobozi babo babegereye bakababwira ko bifuza ko bazagabanya umushahara wabo mu gihe cyose bazaba bananiwe kubona itike yo kwerekeza mu...
Abakinnyi b’ikipe ya Manchester United biyemeje kuba aba mbere muri Premier League bemeye kugabanya umushahara wabo kugira ngo batange inkunga ifasha abaganga bo mu Bwongereza bavura Coronavirus...