Umuhanzi Jordin Sparks wahoze akundana na Jason Derulo yagaragaye ku mucanga ari kumwe n’umugabo we ndetse benshi batangajwe na bikini yari yambaye cyane ko atwite inda y’imvutsi.
Jordin Sparks...
Niyonizera Judithe warushinze na Safi Madiba yagarutse mu Rwanda avuye muri Canada nyuma y’igihe kitari gito yari amazeyo aho yagiye mu buryo butamenywe na benshi.
Judithe yavuye mu Rwanda mu...
Umuririmbyi akaba na Producer Mico The Best yatangaje ko yifuza kutarenza imyaka 30 y’amavuko atararushinga n’umwe mu bakobwa usanzwe mu nshuti ze baziranyi.
Ni ibintu asobanura nk’umuhigo yihaye...
Umukunzi wa Neymar Bruna Marquez usanzwe ari umunyamideli ndetse agakina amafilimi yatunguye benshi mu babonye amafoto ye ari mu birori ngarukamwaka bya Rio Carnival bibera mu mugi wa Rio de...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare, 2018 nibwo Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yasabye anakwa umukunzi we w’umunyarwandakazi witwa Umunyana Rehema [Remy]....
Nyuma yiminsi mike umunyamideli Zari Hassan atangaje ko atazongera kubyarira Diamond bigatungura benshi, kuri ubu yagaragaye akora ku myanya y’ibanga y’umugabo we ubwo bari mu bwato batembera mu...
Ingabire Butera Jean d’Arc wiyeguriye muzika nka Knowless atangaza ko na mbere y’uko akundana na Ishimwe Karake Clement bari basanzwe baziranye mu mashuri yisumbuye ariko ko yamutinyaga mu buryo...
Ku wa 20 Mutarama,2018 nibwo mu gihugu cya Uganda mu gace ka Masaka umugeni yatunguranye imbere y’abakwe ubwo yikuragamo imyenda acyumva ko atagishyingiranwe n’umusore yikundiye.
Uyu mugeni...
Umunyamideli akaba n’umushabitsi ukomeye Zari The Lady Boss ubana bitewe n’amategeko n’umuhanzi Diamond Platnmuz unaherutse mu Rwanda, byatangajwe ko afite umwana w’umukobwa yabyaye mu gasozi, ubu...
Umuraperi Ama G The Black wari umaze iminsi arwaye yagarukanye umujinya awutura buri wese wumva ko yageze ku gasongera ku buzima, ngo byose birashoboka aho wari uri ejo wahavanwa cyangwa...
Umugore wanjye twarabanaga nyuma baza kunyirukana mu kazi hazamo ikibazo cy’ubukene akazajya ampoza ku nkeke umunsi ku wundi kuko nasaga nkaho ntacyo maze mu rugu.
Yaje kubona akazi atangira...
Miss Sandrine Ikirezi wabaye Nyampinga wa Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’Ubucuruzi n’Ubukungu riherereye i Gikondo (CBE ) mu mwaka wa 2016, yarushinganye n’umukunzi we barambanye mu rukundo.
Ikirezi...
Rutahizamu w’ikipe ya Chelsea Alvaro morata n’umufasha we Alice Campello babwiwe na muganga ko bagiye kwibaruka impanga.
Aba bombi baheruka gukora ubukwe taliki ya 17 Kamena uyu mwaka,baherutse...
Ku cyumweru tariki ya 24 Ukuboza 2017 nibwo umuraperi Hakizimana Aman [Ama G The Black] yasabye anakwa umukunzi we Uwase Liliane bamaranye umwaka urenga mu rukundo.
Umuhango wo gusaba no gukwa...
Umuhanzikazi Shakira n’umugabo Gerrard Pique ukinira ikipe ya FC Barcelona bakomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga ubwo bashyiraga hanze amafoto bari kumwe n’abana babo berekeje mu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki 22/12/2017 Dream Boys iraza kuba iri Bugesera ahitwa ku Karumuna aho bari bwifatanye n’abakunzi babo ndetse n’abandi bikundira gusohokera ahantu hatuje...
Umuririmbyi Humble Jizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys wavuye mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017, yatangaje ko we n’umukunzi we bageze mu mujyi wa New York...
Uwase Liliane, umukunzi mushya w’umuraperi Ama G The Black ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko inshuti n’abavandimwe bamukoreye ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka Bridal Shower.
Uyu muhango...