Gakumba Patrick uzwi nka Super Manager nyuma yo kwemerera abakinnyi ba Rayon Sports ikimasa bitewe n’ibyo bakoze umwaka ushize bagera muri 1/4 cy’imikino nyafurika ya CAF Confederations Cup, yemeje...
Umuhanzi Eddy Kenzo waheze mu gihugu cya Cote d’Ivoire kubera gahunda ya Guma mu rugo yari hafi mu bihugu byose byo ku isi yitezwe kugaruka ku ivuko kuko imibereho itameze neza irimo n’imirire gusa...
Ishyamba si iryeru mu ikipe ya Arsenal ikomeje gusatira inzira yo kumanuka mu cyiciro cya kabiri mu Bwongereza aho nta kipe n’imwe itari kuyitsinda muri iyi minsi ariyo mpamvu umwe mu bafana bayo...
Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi mu Rwanda Nicola Bellome,yagaragaje ko we n’abana be basanzwe ari abafana bakomeye ba Rayon Sports ubwo yajyaga kuyifana mu mukino wari wahuje iyi kipe na...
Mukanemeye Madeleine w’imyaka 100 y’amavuko wo mu Murenge wa Save mu Karere ka Gisagara, ni umufana ukomeye w’Ikipe y’Umupira w’Amaguru ya Mukura VS ku buryo adashobora gusiba umukino w’ iyi...
Madamu Mukanemeye Madeleine ( Mama Mukura),umaze kumenyekana kubera ukuntu yitabira imikino ya Mukura VS n’Amavubi kandi ari hafi kuzuza imyaka 100 yavuze ko yifuza guherekeza ikipe y’igihugu...
Umukinnyi Alex Iwobi wari ubabajwe cyane no gutsindwa na Bournemouth Kuwa Gatandatu,yahaye ishati inshuti ye yari yicaye ku murongo w’imbere, ariko uyu mufana utarishimiye umusaruro w’ikipe yahise...
Umutoza Graham Potter wa Chelsea yashimangiye ko amaze iminsi yakira ubutumwa bubi cyane bw’abafana ba Chelsea ariko hari ubwamubabaje cyane.
Uyu yavuze ko yakiriye ibitutsi by’umwe mu bafana...
Polisi y’i Las Vegas yatangaje ko Cardi B atazahanirwa kuba yarajugunye mikoro ye mu bafana be bari bitabiriye igitaramo cyabereye i Las Vegas mu mpera z’icyumweru gishize.
Polisi yagize iti:...
Myugariro w’ikipe ya Manchester City, Oleksandr Zinchenko,yavuze ko ibitekerezo by’umugore we washinje umutoza Guardiola ko yapanze nabi ikipe igatsindwa na Lyon ari iby’umufana bidakwiriye kugira...
Umunyamakuru akaba umuyobozi wungirije wa Radio Isango Star&TV, umuyobozi w’ikinyamakuru Rushyashya, Jean Lambert Gatare avuga ko Jenoside ijya kuba yabaye afite uruguma yatewe n’interahamwe,...
Nk’umufana wa Arsenal ukomeye,Nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa Arsenal akunda,gushaka impinduka nziza zatuma ikipe yongera gutsinda igataha imitima...
Umuhanzikazi wo mu njyana ya dancehall hano mu Rwanda Asinah, yibasiriye abasore bigeze gukundana, barimo Riderman bakundanye mu gihe kirenga imyaka umunani, yabashinje ko baryamanaga na we...
Umuhanzi The Ben uri mu bakunzwe mu Rwanda no hirya no hino muri Afurika yashyize agira icyo atangaza ku rukundo ruri kuvugwa hagati ye n’uwahoze ari umugore wa Diamond Zari Hassan aho yavuze ko...
Umugore witwa Nadine Goncalves,w’imyaka 52 usanzwe ari nyina w’icyamamare mu mupira w’amaguru Neymar Jr gikinira ikipe ya PSG,ari mu rukundo n’umusore w’imyaka 22 usanzwe ari umufana w’umuhungu...
Umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports Malaika aherutse kugaragara arimo afana APR FC avuga ko yafashe umwanzuro wo gufana APR FC kuko yasanze ariho abonera ibyishimo ariko nyuma y’amasaha make...
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro,Luckman Nzeyimana,yemeye gutanga umwana we w’imfura ngo abe umufana wa Rayon Sports,kubera ibyo yari yavuze mbere y’umukino ko APR FC inyagira Rayon...
• Patrice Evra yaraye akubise umufana wa Marseille mu mukino wabahuje na Vitoria de Guimaraes
• Patrice Evra yahise ahabwa ikarita itukura mbere y’uko umukino utangira aba umukinnyi wa mbere...
Umufana wa Messi witwa Monotosh Halder ukomoka ahitwa Habibpur mu Buhindi yasnzwe mu Cyumba cye yiyahuye nyuma y’aho Argentina itsinzwe n’Ubufaransa ibitego 4-3, ku wa 30 Kamena uyu...
Umunyarwandakazi wavuzweho kenshi ko afitanye umubano na Diamond Platnumz yashize asobanura ko ari umufana we bisanzwe nta mubano w’urukundo bafitanye.
Umuhanzi Safi Madiba uherutse kwibasirwa bikomeye n’abakunzi ba Mwiseneza Josiane bamushinja ko yamututse ngo ni injiji,yababwiye ko nawe ari umufana we ahubwo yashatse kuvuga abantu bari kugirwa...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus yongeye kugaragaza ko adifitiye inzika ikipe ya Real Madrid ubwo yahuraga n’umufana wari ufashe umupira wa Real Madrid ashaka ko...
Umuraperi Riderman uri mu batangije injyana ya Hip Hop mu Rwanda,yatangaje ko amaze igihe kinini ari umufana w’ikipe ya Rayon Sports yafanye bitewe n’inshuti ze zirimo Safi Madiba na Mico The Best...
Umuraperi P FLA uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yatangaje ko ari umufana ukomeye wa Mbabazi Shadia uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddy Boo ndetse yifuza ko nibura yazamwemerera akajya mu...