Kuri uyu wa Kabiri,tariki ya 30 Ugushyingo 2021,mu masaha ya mbere ya saa sita, mu Karere ka Nyagatare haguye imvura irimo inkuba ikubita inka 12 n’intama 2 z’umwe mu baturage wo mu Mudugudu wa...
Umuturage witwa Twagirayezu Jean de Dieu wo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu yashyikirijwe inka eshanu yashumbushijwe n’Umukuru w’Igihugu, nyuma yaho abantu bivugwa ko ari abarwanyi ba...
Ku mugoroba wo kuwa gatandatu taliki 27/3/2021 nibwo Twizerimana wari usanzwe ari umukozi ukoresha abandi (Kapita) mu ruganda rw’icyayi rwa Sorwathe (kapita) yarashwe na Polisi ahita apfa,...
Mu karere ka Rusizi mu murenge wa Gihundwe, Abantu bambaye Impuzankano ya Gisirikare, mu ijoro ryakeye bateye urugo rw’uwitwa Bavugamenshi Fidele baramuhambira, barasa umugore we witwa...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Ugushyingo abapolisi bakorera mu Karere ka Huye bafashe Nteziryayo Charles w’imyaka 40 na Mugiraneza Gregoire w’imyaka 34 bafatanwe imishandiko y’impapuro bagiye...
U Rwanda na Singapore basinyanye amasezerano y’ ubufatanye aha abaturage babo uburenganzira bungana mu bucuruzi n’ ay’ ubufatanye mu bijyanye n’ ingendo zo mu...
Polisi y’ u Rwanda yatawe muri yombi umugabo wo mu kagari ka Kivumu mu murenge wa Musambira mu karere Kamonyi bakunda kwita Jean Paul akekwaho icyaha cy’ icuruzwa ry’...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gisagara, kuwa gatatu tariki ya 28 Werurwe yafatiye mu mu rugo rw’umuturage moto eshanu bikekwa ko zibwe mu bice bitandukanye by’igihugu inata muri yombi umwe...
Umuturage witwa Nsanzitora Jean Claude utuye mu mudugudu wa Gisaka akagari ka Mango umurenge wa Kibungo mu karere ka Ngoma , aravugako ahangayikishijwe n’inzu ye yayoboweho amazi yatangiye...
Umuturage wa Uganda yandikiye urukiko rukuru rwa Kampala arugaragariza inenge yo kuba imfungwa n’ abagororwa ndetse n’ Abanya Uganda baba mu muhanga Komisiyo y’ amatora ibaheza mu bikorwa by’...
Abatunze imbwa baributswa gufata ingamba zo kuzirinda kuzerera ku gasozi kugira ngo hirindwe kuba hagira umuntu cyangwa itungo zirya, ndetse no kuba zabangamira ituze rya rubanda mu buryo bumwe...
Pte Claude Ishimwe na Pte Jean Pierre Nshimiyumukiza bakatiwe n’Urukiko rwa Gisirikare gufungwa burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha bari bakurikiranyweho cyo kwica Ntivuguruzwa Aime Yvan bamurasiye i...
Iyamuremye Samuel wo mu Karere ka Rusizi, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 15 Nzeri 2017, yishwe n’isasu ryaturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ahabaye ukurasana...
Umugabo witwa Tugirimana Jean Pierre uri mu kigero cy’ imyaka 27 wo mu karere ka Nyarugenge wishwe n’ingona, umurambo we wabonetse mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Kanama 2017....
Ubuyobozi bw’akarere ka Gakenke bwanzuye ko umuturage witwa Dusabimana Joseph, waguweho n’ikirombe kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Kanama 2017 ashingurwamo nyuma y’uko kumukuramo byanze.
Inkuru...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki ya 27 Nyakanga 2017 Mu murenge wa Murambi Akagari ka Nyamiyaga umupolisi w’umwofisiye (AIP) yarashe umuturage witwa Alexis Zigirinshuti w’imyaka 31ahita...
Mu ma saa sita yo kuri uyu wa Kane inzu y’umuturage witwa Twizerimana Thomas iherereye mu Mudugudu wa Gatorwa, Akagali ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze yafashwe n’inkongi...
Umuturage wo mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge witwa Akimana Belyse arashimira Polisi y’u Rwanda kuba yarafashe umuntu wari wamwibye moto ye ndetse ikayimushyikiriza tariki ya 30...
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2017, inzu y’ umuturage iherereye ahitwa Cyahafi munsi y’ amashuri ya Cyahafi na Gereza ya Nyarugenge yafashwe n’ inkongi y’ umuriro yangirikiramo...
Abaturage batuye akarere ka Huye mu ntara y’ amajyepfo baravuga ko indwara ya maraliya imaze imyaka irenga ibiri ari icyorezo. Muri ako karere umuntu umwe mu bantu babiri arwaye maraliya.
Kuri...