Ikipe ya IPRC y’Amajyepfo yikuye mu marushanwa y’akarere ka Gatanu azabera mu gihugu cya Uganda guhera ku italiki ya 01 kugeza ku ya 8 Ukwakira aho yashinje minisiteri ishinzwe imikino gutonesha...
Bolivia ni igihugu kibarizwa muri Amerika yamajyepfo mu gice cyo hagati,ni igihugu cyitaruye kurusha ibindi muri icyo gice.Ikikijwe n’ibihugu bitanu:Chili, Peru, Argentina, Paraguay na Brazil....
Abantu batandatu bo mu turere twa Huye, Nyanza, Muhanga na Ruhango, bariwe n’imbwa zizerera ku gasozi zirabakomeretsa ndetse zinica ihene ebyiri.
Kuwa Gatandatu, tariki ya 22 Mata, mu Kagari ka...
Minisitiri w’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika, James Mattis, yatanze gasopo ko Amerika itazemera ko u Bushinwa bushyira ingabo ku birwa biri mu majyepfo y’inyanja y’ u Bushinwa.
Jenerali...
Mu ijoro ryakeye U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere mu majyepfo ya Ukraine no mu burasirazuba hakoreshejwe drone ndetse na misile zishobora kuba ari izo mu bwoko bwa ballistique, nk’uko...
Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo-Rwanda), kivuga ko Intara y’Iburasirazuba, Umujyi wa Kigali n’ahandi henshi mu Majyepfo, hateganyijwe imvura nke iri munsi ya milimetero 10 muri uku kwezi...
Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we Salva Kiir, i Juba muri Sudani y’Amajyepfo, mu biganiro bigamije gushaka uburyo impande zombie zahangana no kugarura amahoro n’umutekano mu...
Ijonjora ry’ibanze ry’abahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda ryakomereje mu Ntara y’Amajyepfo mu mujyi wa Huye kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Ukuboza...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasuye inashyikiriza ingemu abarwayi bakomerekeye mu mpanuka zo mu muhanda barwariye mu bitaro bya Kabgayi mu Karere ka...
Perezida Kim Jung-Un wa Koreya y’amajyaruguru na Moon Jae-in wa Koreya y’Amajyepfo bagaragaye baramukanya ku munsi w’ejo nyuma y’imyaka isaga 65 ibi bihugu bifitanye amakimbirane yabiciyemo ibice 2...
Umuvugizi wa ADEPR , Rev. Karuranga yatangaje ko nta mukirisitu ukwiye kurwaza bwaki cyangwa se ngo abana be bate ishuri, uyu muyobozi avuga ko umukirisitu nk’uwo akwiye guhagarikwa mu itorero....
Umwihariko n’amateka ya Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutavuga no kutumva , uri mu bakobwa 9 batsindiye itike yo guhagarira Intara y’Amajyepfo mu rugendo rwo guhatanira ikamba rya Nyampinga...
Guverineri w’Intara ya Kayanza mu Burundi ihana imbibi n’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, Cishahayo Remy,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu mu muhango wo gushyikiriza u Rwanda abanyarwanda barindwi...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yatangaje ko icyemezo cyo gushyira ibice bitandukanye by’Intara y’Amajyepfo muri gahunda ya ‘Guma mu Rugo’ cyafashwe mu rwego rwo...
Polisi y’u Rwanda yafashe urumogi rwari rutwawe n’abagabo babiri barushyize mu ifu ya kawunga. Urumogi rwari mu modoka ya “Taxi Voiture” yo mu bwoko bwa Toyota Corolla ipakiyemo imifuka itatu...
Mu karere ka Kamonyi haravugwa umugore wajyanye umugabo we kuri Polisi, nyuma y’aho uyu mugabo agurishirije inka uyu muryango wari warahawe muri gahunda ya Gir’inka.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku...
Umusore utuye mu Kagari ka Karama mu Murenge wa Cyanika mu karere ka Nyamagabe, yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda akurikiranyweho icyaha cyo gukubita Dasso igiti mu mutwe akamwica.
Uyu...
Ku itariki ya 28 Nyakanga, mu murenge wa Kitabi haburanishijwe mu ruhame (imbere y’abaturage) uwitwa Ntakirutimana Emmanuel waregwaga icyaha cyo gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge by’urumogi,...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki 21-30 Mata 2024, hateganyijwe imvura iri hejuru y’iyari isanzwe igwa mu gihugu cyane cyane mu bice...
Abayobozi b’u Burusiya baravuga ko Ukraine yibasiye ikiraro gihuza amajyepfo ya Ukraine na Crimée ikoresheje misile ziraswa mu ntera ndende zo mu Bwongereza...
Umusirikare mukuru wa FARDC w’ipeti rya liyetona yatorotse igisirikare cya leta mu cyumweru gishize maze yinjira mu nyeshyamba ziyobowe na Colonel Michel Rukundo uzwi nka Makanika mu misozi ya...