Mu gihe myaka yo hambere hirya no hino muri Afurika abaturage wasanga batuye mu nzu zisakaje ibyatsi(ibigonyi), muri iki gihe izi nzu ahenshi zimaze kuba amateka ahubwo mu migi minini y’ Afurika...
Mu karere ka Kamonyi haravugwa umugore wajyanye umugabo we kuri Polisi, nyuma y’aho uyu mugabo agurishirije inka uyu muryango wari warahawe muri gahunda ya Gir’inka.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku...
Ku munsi w’ejo Taliki ya 11 Kanama 2017 nibwo ikipe ya APR FC yasinyishije umunyezamu Rwabugiri Omar wakuriye mu ikipe ya APRFC amasezerano y’imyaka 2 imukuye mu ikipe ya Musanze yafatiraga mu...
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 08 Kanama 2017 nibwo hategerejwe umukino uraza guhuza ikipe yatwaye igikombe cya UEFA Champions League Real Madrid n’iyatwaye UEFA Europa League Manchester United...
Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher muri muzika nyarwanda avuga ko atabonye amahirwe yo kwifotozanya na Perezida Kagame Paul ubwo bari mu birori byo kubyina intsinzi yari amaze...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04...
Paul Kagame yiyamamarije mu Murenge wa Rutare ku mpinga y’umusozi ku kibuga cy’umupira cya Rambura mu karere ka Gicumbi, yavuze ko atemera abantu babaza abanyarwanda icyo barariye, ngo mu Rwanda...
Abahanzi mu ndirimbo zo kurumya no guhimbaza Imana, Adrien Misigaro, Israel Mbonyi na Serge Iyamuremye bari kubarizwa mu mujyi wa Maputo mu gihugu cya Mozambique aho bagiye gukorera igitaramo ku...
Paul Kagame yabwiye abaturage batuye akarere ka Karongi no mu nkengero zako ko batasigaye inyuma ndetse ko badateze gusigara inyuma, ngo u Rwanda rushya rurimo abayobozi n’abaturage badafite...
Umutoza Seninga Innocent uherutse kongererwa amasezerano y’imyaka 3 mu ikipe ya Police FC yatangaje ko yiteguye gukora ibirenze ibyo yakoze umwaka ushize ubwo yarangizaga ku mwanya wa 2 muri...
Muri Kanama uyu mwaka 2017 mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika birimo Kenya, u Rwanda, na Angola abaturage bazitorera umukuru w’ igihugu.
Muri Kenya n’ u Rwanda ibikorwa byo...
Mpayimana Philippe uri muri batatu bahatanira kuyobora Igihug cy’u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi , yibarutse umwana w’umuhungu mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga.
Mu ijoro...
Ingabire Habiba nyuma yo kutagira amahirwe yo kwitabira irushanwa ya Miss Rwanda 2017, Dore ko yaviriyemo mu majonjoro aho uyu mukobwa yari ahagarariye umujyi wa Kigali. Vuba aha uyu mwari yaje...
Mu ijambo Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yagejeje ku baturage benshi bakoraniye mu Karere ka Bugesera aho yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza avuye I Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge...
Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2017, Cindy Sanyu umuhanzikazi wo muri Uganda yahagarukije benshi bamutaramiraho nyuma yo gushyira hanze ifoto yambaye ubusa igice cyo hejuru.
Cindy Sany ni umwe mu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017; Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakomeje urugendo rwo kwiyamamaza mu Karere ka Ngororero na Muhanga.
Ni nyuma yo kuva mu turere turindwi...
Umugabo wo mu gihugu cy’u Burusiya yatoraguye uruhinja mu ishyamba intozi zirimo kururya rurira cyane rwabuze gitabara.
Ibi byabereye mu ishyamba riri ahitwa Chelyabinsk mu Burusiya.Uyu mugabo...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
Turi tariki ya 15 Nyakanga, ni umunsi w’ 196 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 169 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugizwe n’iminsi 365 ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze iyi...