Masudi Djuma yahakanye amakuru yari amaze iminsi avugwa mu binyamakuru byo muri Tanzania ko afitanye amakimbirane na Haruna Niyonzima ndetse batagicana uwaka nyuma yo kugirwa umutoza mukuru...
Kuri iki iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2017,nibwo inama ya komite nyobozi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yateranye yemeza ko imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere ku munsi wa...
Mu gitondo cyo ku wa 29 Ukuboza umwaka ushize, Polisi mu karere ka Gatsibo yafashe uwitwa Uwimbabazi Aline ahekeye umwana we w’amezi agera kuri atandatu y’amavuko hejuru y’amasashi 120 y’inzoga...
Muri uyu mwaka wa 2017 urimo kugana ku musozo havuzwe byinshi muri politiki y’ u Rwanda, UMURYANGO ugiye kukugezaho amakuru y’ ingenzi yaranze politiki y’ u Rwanda mu mwaka wa 2017.
Uyu mwaka...
Samuel Kwame Boateng na Kwame Poku bateranyE ingume ku manywa y’ ihangu abantu bari mu isoko rya Kumai barahurura.
Aba bapasteri bo mu gihugu cya Ghana bapfuye amaturo batangira gutukana umwe...
Rwemarika Felicite uhanganye na Nzamwita Vincent de Gaulle mu kwiyamamariza kuyobora FERWAFA yatangaje ko afite icyizere cyo gutsinda amatora agahindura byinshi byananiranye muri iyi nzu...
Igisirikare cya Uganda cyateye ikambi z’inyeshamba z’umutwe wa ADF uherereye mu karere ko mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Congo (RD Congo).Ni igitero cyagabwe ahagana saa sita zo kuri uyu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki 22/12/2017 Dream Boys iraza kuba iri Bugesera ahitwa ku Karumuna aho bari bwifatanye n’abakunzi babo ndetse n’abandi bikundira gusohokera ahantu hatuje...
Umutoza Pep Guardiola w’ikipe ya Manchester City ari gukorwaho iperereza na polisi ya Espagne kubera kwivanga mu myigargambyo mu buryo butemewe asaba ubwigenge bw’intara ya Catalonia.
Uyu mutoza...
Ku gicamunsi cyo ku wa mbere tariki 18 Ukuboza uyu mwaka, Polisi mu karere ka Muhanga yafashe abagabo batatu barimo gucukura Kolta (Coltan) mu buryo butubahirije amategeko.
Abafashwe ni Kwizera...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Ukuboza 017 Urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo , rwemeje ko Philbert Mugisha wayoboraga Akarere ka Nyamagabe arekurwa.
Kuwa 17 Ugushyingo...
Inama y’Umushyikirano wa 2017 yari iteraniye i Kigali yari imaze iminsi yasoje hafashwe imyanzuro umunani igomba gushyirwa mu bikorwa mu gihe cy’umwaka. Iyi nama 15 yafunguwe ku mugaragaro ndetse...
Sgt Birori Consolée na Cpl Ruterana Gilbert batwaye imidari ibiri ya Bronze mu Marushanwa y’Umukino wa Taekwondo y’uyu mwaka wa 2017 ku rwego rw’Igihugu yabereye kuri Petit Stade i Remera kuva ku...
Umuririmbyi Ruhumuriza James wamamaye nka King James atanga ubuhamya bw’ukuntu yabaye mu gihirahiro imyaka ine avugana n’umukobwa kuri telefone bataziranye kugeza ubwo yabihimbyemo indirimbo...
Hope Nyiraneza, Musabwa Sarah na Uwihanganye Elizabeth bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kicukiro, mu karere ka Kicukiro bacyekwaho ubwambuzi bushukana bwa Miliyoni eshatu z’Amafaranga y’u...