Umuyobozi mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) Ushinzwe Imitwe ya Politiki n’Imiryango Itari iya Leta, Justus Kangwagye, yavuze ko mu myaka ya 1980 Abanyarwanda baririmbaga amahoro n’ iterambere...
Umuryango wa Pan Africa Movement Rwanda-Chapter ku bufatanye na Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Women Chamber , CNF n’izindi nzego zifite aho zihuriye n’umuryango bagiye...
Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yabwiye abaturage ba Gatsibo ko muri manda y’imyaka irindwi iri imbere bakeneye umutekano usesuye, ubumwe ndetse n’iterambere rirambye.
Yabitangaje kuri...
Kwegura kw’abayobozi bo mu turere kwakomereje mu Ntara y’Iburasirazuba aho uwari umuyobozi w’Akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Rwiririza Jean Marie Vianney, yanditse ibaruwa...
U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama nyafurika yiga ku iterambere iteganyijwe, iya 2017 (Transform Africa 2017) iziga ku iterambere ry’ imijyi y’ Afurika.
Iyo nama iteganyijwe kuva 10 kugeza 12...
Umugabo witwa Masafumi Nagasaki w’imyaka 82 ukomoka mu Buyapani wavuye mu mujyi mu mwaka wa 1989 ajya kwibera ku kirwa wenyine kubera kurambirwa iterambere ndetse yishakira kwambara ubusa yongeye...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko hakenewe ubufatanye hagati ya leta n’abaturage kugira ngo imibereho myiza ya buri wese irusheho kuba myiza ndetse n’iterambere rirusheho...
Umuyobozi w’ingabo mu Karere ka Kamonyi Capitaine RUGAMBA David, avuga ko nyuma yo guharanira amahoro, ubu ikigezweho ari uguharanira imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage.
Ibi yabitangarije...
Perezida wa Republika Paul Kagame atangaza ko Ubukereraugendo bufite uruhare rukomeye mu iterambere ry’ ubukungu no guha urubyiruko akemeza ko hagikenewe ubufatanye kugira ngo hakurweho imbogamizi...
U Rwanda ni igihugu kiri kwiyubaka byihuse mu mategeko no bukungu, gusa umuvuduko w’ iterambere urajyana n’ umuvuduko w’ ubwiyongere wa za gatanya mu miryango nyarwanda. Pasiteri Mpyisi asanga ari...
Minisitiri wo kurwanya ibiza no gucyura impunzi Seraphine Mukantabana yasabye abakora mu nganda guhora bari maso bakirinda ibiza, avuga ko inganda ari umutima w’ igihugu mu iterambere bityo ko...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Gashyantare 2017, Perezida Paul Kagame yakiriye Vice-Perezida w’ u Buhinde Hamid Ansari wageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru mu...