Muri iyi minsi Abanyarwanda baba mu mahanga bahagurukiye gukora muzika mu rwego rwo kugira itafari bashyira ku iterambere rya muzika y’u Rwanda, aha niho bamwe mu banyempano bahagurukiye bifuza no...
Umuyobozi w’ akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere yasabwe kuva mu inzu ebyiri z’abarimu ziri mu ishuri rya Ecole de Sciences zafatanyijwe akaba azibamo kuva 2013 nyamara...
Mu myaka hafi ibiri Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) imaze isezeranye na Leta kwishyuza abigiye ku nguzanyo ya buruse mu mashuri Makuru na Kaminuza, yatangaje ko imaze kugaruza Miliyari 5.1...
Abakobwa 20 bahataniraga kuba MissRwanda2018 batangiye umushinga ubahuje wo gutanga umusanzu wabo mu kubaka imibereho myiza n’iterambere mu gihugu, bahereye mu karere ka Bugesera mu gikorwa cyo...
Uko iterambere ryihuta niko abakobwa n’abagore barushaho gukaza umurego wo kugendana naryo mu bigendanye no kwiyambika imyenda igezweho muri icyo gihe ndetse n’ibindi bishamikiye...
U Rwanda ni igihugu gito kiri mu nzira y’amajyambere ariko kirimo kwihuta mu iterambere kibikesha ubuyobozi bwiza. ‘Kwigira no kwihesha agaciro’ ni imvugo buri Munyarwanda amaze kumva inshuro...
Ubutembere mu bihugu bitandukanye ni kimwe mu bishimisha abatari bake bitewe nuko bituma bamenya uko ibindi bihugu bihagaze mu iterambere gusa ibi akaba ari ibihugu 10 bya mbere ku isi bihoramo...
Abahanga mu by’ubuzima batangaje ko iterambere ry’isi rikomeje gutuma intangangabo zipfa cyane ku buryo mu myaka iri imbere abagabo benshi bashobora kuba ingumba abandi bakaba ibiremba kubera...
Raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018 na Guverinoma y’ u Rwanda na Banki y’ isi yerekanye inzira u Rwanda rugomba kunyuramo kugira ngo rugere ku cyerekezo...
Uko iterambere mu by’ikoranabuhanga rigenda rigera mu Rwanda, ninako rifasha abafite imigambi mibisha mu bikorwa by’ubujura n’ubutekamutwe. Ubu ubujura bwinshi mu mujyi wa Kigali, usanga atari...
Muhire William uzwi nka K8 Kavuyo abinyujije kurubuga rwe rwa Instagram yashyizeho ifoto igaragaraza Meddy, umukunzi we Mimi, Bruce Intore, ababyeyi ba K8 ari bo Paul Gasinzigwa na Depite Oda...
Ishirahamwe rigamije iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajyepfo (SADC),ryamaze gusaba ko amajwi y’ibyavuye mu matora ya perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo...
Uko iterambere riza n’imico ikivanga bisigaye bibaho cyane ko mbere yo gushaka yaba umukobwa cyangwa umusore usanga hari inshuti babanje kubana nazo ndete rimwe na rimwe...
Perezida Kagame yagiriye urugendo mu Karere ka Nyamagabe kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 26 Gashyantare 2019,aho yaganirije imbaga y’abantu basaga ibihumbi 20 yaje kumwakira ku ngingo zitandukanye...